2
Abarinzi b’Isi 1.0 Tunejejwe nuko mwinjiye mu muryango mugali uharanira amahoro hagati y’ibituye Isi byose; amahoro mu bantu, amahoro hagati y’abantu n’ibindi bituye Isi ndetse n’ubundi bwoko bw’ubuzima bwose. Dufite icyerekezo kimwe kandi gisobanutse neza ku buryo kigaragaza neza inzira zo ku kigeraho. Twizera ko mu gushyira hamwe tuzagira ijambo rikomeye, rizatuma tubasha kugera ku cyerekezo cyacu kandi buri we abigizemo uruhare aho yaba ari hose ku Isi. Inama yIsi ifite igishushanyo cy’ibigamijwe muri uyu mwaka wa 2012(ec2012-earth council 2012). Nubimenyekanisha uzaba ubwiye benshi kandi aho waba uherereye ku Isi hose. Urakoze cyane kwemera kuba intumwa isakaza intego y’inama y’Isi mu 2012 kuko ari icyerekezo cy’amahoro. Uko uzajya umenyesha abantu izo ntego z’inama y’Isi 2012’ hari ibintu bigombwa kutaburamo ( urabisanga hasi). Tukwifurije urugendo rwiza mu nzira ikomeye utangiye yo gusakaza amahoro ki Isi. Ingingo eshatu zigize intego y’inama y’Isi 2012 “Inzira y’amahoro ku Isi. 1. Mu gukurikirana ibikorwa by’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe Ibidukikije n’Amasezerano y’Isi arebana n’ibidukikije, Inama y’Isi yagabanyije Isi mo uturere 12. Utwo turere tugiye duhagarariwe n’umugore umwe n’umugabo umwe bajya mu myanya 24 y’Inama y’Isi. Ibyo bigamije gushyiraho amahirwe angina hagati y’uturere kandi n’uburinganire bukubahirizwa. 2. Hashingiwe ku gitekerezo cy’Umugore w’umya Australiya witwa Pitjantjatjara Elders, Inama y’Isi yakoze yakoze igishushanyo cya piramide kigaragaza uko ibituye Isi bikwiye gukorana aho abantu babanza hejuru. Kugira uburenganzira ku butaka, amazi, n’imbuto yo gutera ni byo by’ibanze buri wese akwiye kubanza kugira.

Earth keeper 1 0 kinyarwanda

Embed Size (px)

DESCRIPTION

 

Citation preview

Page 1: Earth keeper 1 0 kinyarwanda

Abarinzi b’Isi 1.0

Tunejejwe nuko mwinjiye mu muryango mugali uharanira amahoro hagati y’ibituye Isi byose; amahoro mu bantu, amahoro hagati y’abantu n’ibindi bituye Isi ndetse n’ubundi bwoko bw’ubuzima bwose.

Dufite icyerekezo kimwe kandi gisobanutse neza ku buryo kigaragaza neza inzira zo ku

kigeraho.

Twizera ko mu gushyira hamwe tuzagira ijambo rikomeye, rizatuma tubasha kugera ku cyerekezo cyacu kandi buri we abigizemo uruhare aho yaba ari hose ku Isi.

Inama yIsi ifite igishushanyo cy’ibigamijwe muri uyu mwaka wa 2012(ec2012-earth council 2012). Nubimenyekanisha uzaba ubwiye benshi kandi aho waba uherereye ku Isi hose.

Urakoze cyane kwemera kuba intumwa isakaza intego y’inama y’Isi mu 2012 kuko ari icyerekezo cy’amahoro. Uko uzajya umenyesha abantu izo ntego z’inama y’Isi 2012’ hari ibintu bigombwa kutaburamo ( urabisanga hasi).

Tukwifurije urugendo rwiza mu nzira ikomeye utangiye yo gusakaza amahoro ki Isi.

Ingingo eshatu zigize intego y’inama y’Isi 2012 “Inzira y’amahoro ku Isi.

1. Mu gukurikirana ibikorwa by’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe Ibidukikije n’Amasezerano y’Isi arebana n’ibidukikije, Inama y’Isi yagabanyije Isi mo uturere 12. Utwo turere tugiye duhagarariwe n’umugore umwe n’umugabo umwe bajya mu myanya 24 y’Inama y’Isi. Ibyo bigamije gushyiraho amahirwe angina hagati y’uturere kandi n’uburinganire bukubahirizwa.

2. Hashingiwe ku gitekerezo cy’Umugore w’umya Australiya witwa Pitjantjatjara Elders, Inama y’Isi yakoze yakoze igishushanyo cya piramide kigaragaza uko ibituye Isi bikwiye gukorana aho abantu babanza hejuru. Kugira uburenganzira ku butaka, amazi, n’imbuto yo gutera ni byo by’ibanze buri wese akwiye kubanza kugira. Kutabangamirana ni ihame ntakuka kugirango amahoro n’ubusugire bw’ibituye isi biboneke ku buryo burambye. Munsi y’abantu haza ubutegetsi (ubuyobozi), hagakurikiraho igihugu, Akarere, hanyuma Inama y’Isi.

3. Demukarasi itaziguye ni yo mutima w’inama y’Isi 2012.

Buri mumyamuryango wese mu Nama y’Isi afite uberenganzira bwo gutora ibyemezo, hanyuma politike zikabona gushyirwa ho. Ntabwo tuzemerera abantu bake kurwana urugamba bonyine, twese tuzafatanya. Abagize Inama y’Isi bazajya basabwa gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe n’abatuye Isi. Demukarasi itaziguye ni yo Demukarasi nyayo kuko ni yo ituma abayoborwa bifatira ibyemezo bibafitiye akamaro.

Intego zacu ni ebyiri

1. Kumenyekanisha ibikorwa by’Inama y’Isi bya 2012 nibure kugera kuri 90% by’abatuye Isi mu mpera z’umwa wa 2012.

2. Gufasha kubaka umurongo w’itumanaho rihuza abgize Isi nibura kugeza mu mpera za 2012. Abantu bose ku Isi bazajya abasha guhamagara maze UN ihinduke EC.

Page 2: Earth keeper 1 0 kinyarwanda