3
Indirimbo 45&46 Mutariye umubiri …nta bugingo mwaba mufite Introduction: Bibiliya igitabo cyivuga kurya cyane(Book of Eating)-Igitabo gitangirwa no kurya kigasozwa no kurya Kurya ni rimwe mu mategeko Imana yahaye umuntu(eat,eat and eat) Icyaha cyabaye mu kurya ibyabuzanijwe Indirimbo: Ukeneye ibiwubaka,ibiwutera imbaraga n’ibiwurinda indwara……….. Ibiryo ni ingenzi ku mubiri,abanyarwanda bo barabimaze ngo ubutariye burinanura,urutariye ruruma… Bitewe n’imyaka,akazi umuntu akora bijya biba ngombwa ko umuntu arya indyo runaka. Igitekerezo: Kwitera icyuma ukarya icyuma Gucibwa misa igihumbi muri academic year imwe Gucibwa amatuza Kwitera icyuma ukarya icyuma Yobu 7:1 Mbese umuntu akiri mu isi ntaba afashe igihe mu ntambara?N'iminsi ye si nk'iy'ukorera ibihembo? Abefeso 6:12 Kuko tudakīrana n'abafite amaraso n'umubiri, ahubwo dukīrana n'abatware n'abafite ubushobozi n'abategeka iyi si y'umwijima, n'imyuka mibi y'ahantu ho mu ijuru. Mwene muntu ari mu ntambara,kugirango abashe guhagarara neza akeneye kurya kugirango adapfa Yesu Kristo ari mu rugamba yamaze iminsi 40 n’amajoro 40 atarya umwanzi aza kumugerageza!Icyo yamugerageresheje harimo n’ibyo umuntu akenera cyane(basic needs) aribyo biryo! Matayo 4:4 Aramusubiza ati “Handitswe ngo ‘Umuntu ntatungwa n'umutsima gusa, ahubwo atungwa n'amagambo yose ava mu kanwa k'Imana. ” Kubari baje bamushaka bishakira ibiryo nabo yababwiye amagambo akomeye agira ati: Yohani 6:53 Yesu arababwira ati “Ni ukuri, ni ukuri, ndababwira yuko nimutarya umubiri w'Umwana w'umuntu, ntimunywe n'amaraso ye, nta bugingo muba mufite muri mwe. Yohani 6:35Yesu arababwira ati “Ni jye mutsima w'ubugingo, uza aho ndi ntazasonza na hato, n'unyizera ntabwo azagira inyota na hato.

Mutariye umubiri

Embed Size (px)

DESCRIPTION

Religion

Citation preview

Page 1: Mutariye umubiri

Indirimbo 45&46

Mutariye umubiri …nta bugingo mwaba mufite

Introduction:

Bibiliya igitabo cyivuga kurya cyane(Book of Eating)-Igitabo gitangirwa no kurya kigasozwa no kurya

Kurya ni rimwe mu mategeko Imana yahaye umuntu(eat,eat and eat)

Icyaha cyabaye mu kurya ibyabuzanijwe

Indirimbo: Ukeneye ibiwubaka,ibiwutera imbaraga n’ibiwurinda indwara………..

Ibiryo ni ingenzi ku mubiri,abanyarwanda bo barabimaze ngo ubutariye burinanura,urutariye ruruma…

Bitewe n’imyaka,akazi umuntu akora bijya biba ngombwa ko umuntu arya indyo runaka.

Igitekerezo: Kwitera icyuma ukarya icyuma

• Gucibwa misa igihumbi muri academic year imwe • Gucibwa amatuza • Kwitera icyuma ukarya icyuma

Yobu 7:1 Mbese umuntu akiri mu isi ntaba afashe igihe mu ntambara?N'iminsi ye si nk'iy'ukorera ibihembo?

Abefeso 6:12 Kuko tudakīrana n'abafite amaraso n'umubiri, ahubwo dukīrana n'abatware n'abafite ubushobozi n'abategeka iyi si y'umwijima, n'imyuka mibi y'ahantu ho mu ijuru.

Mwene muntu ari mu ntambara,kugirango abashe guhagarara neza akeneye kurya kugirango adapfa

Yesu Kristo ari mu rugamba yamaze iminsi 40 n’amajoro 40 atarya umwanzi aza kumugerageza!Icyo yamugerageresheje harimo n’ibyo umuntu akenera cyane(basic needs) aribyo biryo!

Matayo 4:4 Aramusubiza ati “Handitswe ngo ‘Umuntu ntatungwa n'umutsima gusa, ahubwo atungwa n'amagambo yose ava mu kanwa k'Imana. ”

Kubari baje bamushaka bishakira ibiryo nabo yababwiye amagambo akomeye agira ati:

Yohani 6:53 Yesu arababwira ati “Ni ukuri, ni ukuri, ndababwira yuko nimutarya umubiri w'Umwana w'umuntu, ntimunywe n'amaraso ye, nta bugingo muba mufite muri mwe.

Yohani 6:35Yesu arababwira ati “Ni jye mutsima w'ubugingo, uza aho ndi ntazasonza na hato, n'unyizera ntabwo azagira inyota na hato.

Page 2: Mutariye umubiri

Mugihe turi mu ntambara turararikirwa kurya ku mutsima w’ubugingo,turararikirwa kurya Kristo,

Gute?

Dushobora kurya Yezu igihe twiga ijambo ry’Imana.

Hari ibibazo 3:

• abakristo bamwe nta mwanya bafite wo kwiga ijambo ry’Imana, • abandi bararyiga bakamenya amahame ariko ntibakire Yesu nk’umwami wabo(Yohani 5: 39-40-

Murondora mu byanditswe, kuko mwibwira ko muri byo arimo mufite ubugingo buhoraho, kandi ari byo bimpamya. 40Nyamara mwanze kuza aho ndi, ngo muhabwe ubugingo),

• abandi bo babaye indyabyose! Ku rundi rumwe,tubona igihe cyo kwiga ibintu byose,cyo kwambara nyamara tukabura umwanya wo

kwambara ikanzu yo gukiranuka kwa Kristo no kurya umutsima w’ubugingo---Igikurikiraho ni urupfu mu by’Umwuka

De nombreux chréstiens se sont contentés d’apprendre certains faits concernat Dieu.En lisant sa parole,il receuillent un certain nombre d’informations.Ils discutent semaine après semaine dans leur classe de l’Ecole du Sabbat.Ils se rendent compte que Dieu est aimant,juste misércordieux .Ils l’admirent de loin.Mais il n’arrivent jamais à le connaitre pour eux même ,ê entrer dans une communion intime avec lui.

Doctrine means nothing unless we experienced a spiritual resurrection Choosing the right day of resting means nothing unless we are resting in him. Knowing about righteousness by faith means nothing if we are not exercising faith through a loving

service Yesaya 4:1 Uwo munsi abagore barindwi bazajya ku mugabo umwe bamubwire bati “Tuzitungirwa

n'ibyokurya byacu kandi tuzajya twiyambika ubwacu, ariko uduhe kwitirirwa izina ryawe udukize urubwa rw'abantu.”

Amahirwe&inshingano

Notre bien être depend de la façon don’t nous utilisons notre temps au cours de cette vie(Test.Vol VI,p375)

Anything we eat, whether it is of the animal life or the plant life, gives us the life supply. If we eat the wrong thing, we can be poisoned. In some cases we can become sick, but in the more serious cases we can die. The same is true in the spiritual realm. Only God is the right food; it is right for us to eat God only. If we eat anything other than God, we eat the wrong thing.

Quand chacun cherche à gagner de l’argent sans scrupule; quand on étudie tout, excepté sa Bible: alors le Christ vient comme un voleur

God will have a people upon the earth to maintain the Bible, and the Bible only, as the standard of all doctrines and the basis of all reforms. The opinions of learned men, the deductions of science, the creeds or decisions of ecclesiastical councils, as numerous and discordant as are the churches which they represent, the voice of the majority--not one nor all of these should be regarded as evidence for or against any point of religious faith. Before accepting any doctrine or precept, we should demand a plain "Thus saith the Lord" in its support (E.G. White, TheGreat Conroversy, p. 595).

Page 3: Mutariye umubiri