180
i

INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

  • Upload
    others

  • View
    61

  • Download
    0

Embed Size (px)

Citation preview

Page 1: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

i

Page 2: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

i

INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO

MBONEZAMUBANO N’UBUMENYI

BW’IYOBOKAMANA

P1-p3

Kigali,2015

Page 3: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

ii

© 2015 Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda (REB)

Uburenganzira bw’umuhanzi:

Iyi nteganyanyigisho ni umutungo w ‘Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda (REB)

Page 4: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

iii

IJAMBO RY’IBANZE

Mu rwego rwo gushimangira imyigire n’imyigishirize ishingiye ku bushobozi bw’uwiga, Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere

Uburezi mu Rwanda (REB) gishimishijwe no gushyira ahagaragara integanyanyigisho nshya izakoreshwa mu gihugu hose. Iyi

nteganyanyigisho igamije gutanga uburezi buboneye kandi bufite ireme mu byiciro by’uburezi rusange mu mashuri yose y’u

Rwanda. Poritiki y’uburezi mu Rwanda ni uguha urubyiruko mu byiciro byose by’uburezi amahirwe yose mu byerekeye

ubumenyi, ubumenyi ngiro n’ubukesha bikwiriye birutegurira kugira uruhare mu iterambere ry’umuryango ndetse no

guhabwa amahirwe yo kwihangira umurimo.

Kugira ngo hanozwe ireme ry’uburezi, Leta y’u Rwanda yashyize imbaraga mu ivugurura ry’integanyanyigisho ku buryo

imyigire n’imyigishirize ndetse n’isuzuma bigira uruhare rugaragara mu kurema Umunyarwanda igihugu gikeneye. Mu rwego

rwo kubaka umuryango ushingiye ku bushobozi, byabaye ngombwa ko hakorwa integanyanyigisho ishingiye ku guha abiga

ubushobozi bukenewe kugira ngo bashobore gupigana ku isoko ry’umurimo haba mu karere u Rwanda ruherereyemo

cyangwa ku rwego mpuzamahanga. Mu ishyirwa mu bikorwa ry’iyi nteganyanyigisho, abanyeshuri bazagira uruhare

rugaragara mu myigire bityo bagire ubushobozi butuma bashobora guhuza ibyo bize n’ubuzima bwa buri munsi. Ibi bizatuma

bo ubwabo bigirira akamaro kandi banateze igihugu cyabo imbere.

Turashimira byimazeyo abafatanyabikorwa n’abaterankunga bagize uruhare mu ivugurura ry’iyi nteganyayigisho kuva

igikorwa gitangira kugeza kirangiye. Tuboneyeho kandi gusaba abazakoresha iyi nteganyanyigisho gutanga ibitekerezo

byatuma irushaho kunozwa.

GASANA I. Janvier

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda (REB)

Page 5: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

iv

GUSHIMIRA

Ndashimira mbikuye ku mutima abantu bose bagize uruhare mu itegurwa ry’iyi nteganyanyigisho. Ntabwo iyi nteganyayigisho

yashoboraga gukorwa uko bikwiye iyo hatabaho uruhare rw’abafatanyabikorwa banyuranye mu burezi ndetse

n’abaterankunga. Nejejwe no gushima ubufatanye n’ubwitange batugaragarije.

Mbere na mbere ndashimira inzego nkuru zishinzwe uburezi mu Rwanda zakurikiraniye hafi umurimo wo kuvugurura

integanyanyigisho ndetse n’abakozi b’Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda bagize uruhare mu itegurwa

n’iyandikwa ry’iyi nteganyanyigisho. Harashimirwa kandi abarimu bigisha kuva mu mashuri y’inshuke, abanza, ayisumbuye na

kaminuza bitanze batizigama kugira ngo iyi nteganyanyigisho ishobore kujya ahagaragara.

Ndashimira imiryango nterankunga mu burezi nka UNICEF, UNFPA, DFID, AFR kubera inkunga mu rwego rw’imari na tekiniki

batanze mu ivugurura ry’iyi nteganyanyigisho. Ndashimira kandi uruhare rw’abafatanyabikorwa mu burezi nk’Itorero

ry’Igihugu, Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, CNLG, GMO, RBS, REMA, WDA, MINECOFIN, AEGIS Trust, Handicap

International, Wellspring Foundation, Right to Play, MEDISAR, EDC/L3, EDC/Akazi Kanoze, Save the Children n’Imiryango

ishingiye ku kwemera mu iyandikwa ry’iyi nteganyanyigisho. Byongeyekandi ndashimira impuguke mpuzamahanga ndetse

n’iz’Abanyarwanda bitanze kugira ngo iyi nteganyanyigisho ishobore gutegurwa no kwandikwa.

Iyi nteganyanyigisho ni umusaruro w’ubufatanye n’ubwitange bya buri wese mu bitabiriye iki gikorwa.

Dr. MUSABE Joyce Umuyobozi w’Ishami ry’Integanyanyigisho n’Imfashanyigisho muri REB

Page 6: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

v

IGICE CYA MBERE AMASOMO MBONEZAMUBANO

Page 7: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

vi

Page 8: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

vii

URUTONDE RW’ABAGIZE URUHARE MU ITEGURWA RY’IYI NTEGANYANYIGISHO

Abakozi b’Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda

Dr. MUSABE Joyce, Umuyobozi w’Ishami ry’Integanyanyigisho n’Imfashanyigisho.

GATERA Augustin, Umuyobozi w’Itsinda ry’Indimi n’Ubumenyamuntu.

BACUMUWENDA Nehemiah, ushinzwe ireme ry’integanyanyigisho n’imfashanyigisho mu Itsinda ry’Indimi

n’Ubumenyamuntu.

MUKAYIREGE Julienne , Umuteganyanyigisho w’Amasomo mbonezamubano,

Abarimu

BUZAALE Gershom (Kigali Parents School)

HATANGIMANA Jean Baptiste ( GS Shyogo)

MANIRAFASHA François Xavier (GS Rugando)

NSABIMANA Benjamin (Ecole Internationale de Kigali)

Abandi bagize uruhare mu itegurwa ry’iyi nteganyanyigisho

MURENZI Emmanuel (International Education Exchange)

Uwanonosoye integanyanyigisho

MUSABYIMANA Thacien (UR , College of Education)

Page 9: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

viii

Page 10: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

ix

TABLE OF CONTENTS

IGICE CYA MBERE AMASOMO MBONEZAMUBANO ...................................................................................... v

URUTONDE RW’ABAGIZE URUHARE MU ITEGURWA RY’IYI NTEGANYANYIGISHO ............................... vii

1.INTANGIRIRO ................................................................................................................................................ 1

1.1. ISOBANURAMPAMVU ........................................................................................................................... 1

1.2 Akamaro k’inyigisho y’amasomo mbonezamubano ........................................................................... 1

1.2.1 Akamaro k’amasomo mbonezamubano kuri sosiyete nyarwanda…………………………………………..……1

1.2.2 Akamaro k’amasomo mbonezamubano ku munyeshuri………………………………………………………..…….1

1.2.3 Ubushobozi……………………………………………………………………………………………………………………..………….2

2. Imbonezamasomo mu kwigisha amasomo mbonezamubano.................................................................. 4

2.1. Uruhare rw’umunyeshuri ..................................................................................................................... 4

2. 2 Uruhare rwa mwarimu ......................................................................................................................... 7

2.3 Uburezi bw’abafite ibibazo byihariye n’imyigishirize idaheza .......................................................... 8

3. ISUZUMA/ IGENZURA.................................................................................................................................. 9

3.1 Isuzuma mbere y’imyigire: ................................................................................................................... 9

3.2. Isuzuma mu gihe cy’imyigire ............................................................................................................... 9

3.3 Isuzuma nyuma y’imyigire: ................................................................................................................. 10

4.IMFASHANYIGISHO .................................................................................................................................... 11

Page 11: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

x

4.1 Abantu................................................................................................................................................... 11

4.2 Ibidukikije .............................................................................................................................................. 11

4.3 Izindi mfashanyigisho ......................................................................................................................... 11

5. AMASOMO Y’INTEGENYANYIGISHO ........................................................................................................ 13

5.1 Imiterere y’integanyanyigisho ............................................................................................................ 13

5.2 Umwaka wa mbere .............................................................................................................................. 13

5.2.1 Intego rusange z’umwaka wa mbere………………………………………………………………………………………….13

5.3 Umwaka wa kabiri ............................................................................................................................... 37

5.3.1 Intego rusange z’umwaka wa kabiri……………………………………………………………………………………………37

5.3.2 Urutonde rw’amasomo y’umwaka wa kabiri……………………………………………………………………………..37

5.4 . Umwaka wa gatatu ............................................................................................................................. 54

5.4.1 Intego rusange z’umwaka wa Gatatu…………………………………………………………………………….…………54

6. IBYIFASHISHIJWE MU GUTEGURA IYI NTEGANYANYIGISHO ............................................................... 73

6.1 Inyandiko .............................................................................................................................................. 73

6.2. Poritiki z’uburezi ................................................................................................................................. 75

6.3. Imbuga nkoranyambaga…………………………………………………………………………………………………………….76

IGICE CYA KABIRI : UBUMENYI BW’IYOBOKAMANA ............................................................................... 77

URUTONDE RW’ABAGIZE URUHARE MU ITEGURWA RY’IYI NTEGANYANYIGISHO .............................. 78

1. INTANGIRIRO ......................................................................................................................................... 79

Page 12: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

xi

1.1. Imvano y’ivugurura ry’integanyanyigisho ........................................................................................ 79

1.2. Impamvu zo kwigisha no kwiga Ubumenyi bw’iyobokamana ........................................................ 79

1.2.1. Ubumenyi bw’iyobokamana n’Umuryango Nyarwanda…………………………………………………………..79

1.2.1 Akamaro k’ubumenyi bw’Iyobokamana ku munyeshuri……………………………………………………………80

1.2.3 Ubushobozi...................................................................................................................................81

2. IMBONEZAMASOMO .................................................................................................................................. 84

2.1. Uruhare rw`umwarimu ...................................................................................................................... 85

2.2. Uruhare rw`umunyeshuri .................................................................................................................. 86

3. ISUZUMA ..................................................................................................................................................... 87

3.1 Isuzuma ry’intego z’isomo .................................................................................................................. 87

3.2. Kubika inyandiko igaragaza ibyavuye mu isuzuma ......................................................................... 89

3.3. Gutegura ibibazo by'isuzuma rikomatanya ...................................................................................... 90

3.4. Imiterere y'ibigomba gusuzumwa mu nyigisho y’iyobokamana .................................................... 91

3.5. Gukorera ababyeyi raporo y'isuzuma ............................................................................................... 91

5. IMITERERE Y’IYI NTEGANYANYIGISHO .................................................................................................. 93

IYOBOKAMANA RYA GIKIRISITU ................................................................................................................. 95

5.1 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa mbere ............................................ 97

5.1.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe………………………………………………………………………………………….97

5.2 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa Kabiri ........................................... 106

Page 13: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

xii

5.2.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe………………………………………………………………………………………….106

5.2.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa kabiri……………………..107

5.3 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa Gatatu ......................................... 117

5.3.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe………………………………………………………………………………………….117

5.3.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa mbere……………………118

IYOBOKAMA RYA KIYISILAMU ................................................................................................................... 131

5.4 Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa Mbere ........................................................................... 132

5.4.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe………………………………………………………………………………………….132

5.4.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa mbere………………….133

5.5 Integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu: umwaka wa Kabiri ....................................... 143

5.5.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe………………………………………………………………………………………….143

5.5.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa mbere…………………….144

5.6 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa Gatatu ........................................ 154

5.6.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe………………………………………………………………………………………….154

5.6.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa gatatu…………………..155

6. INDANGABITABO ..................................................................................................................................... 165

7. IMIGEREKA ............................................................................................................................................... 167

Page 14: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

1

1.INTANGIRIRO

1.1. ISOBANURAMPAMVU

Iyi nteganyanyigisho y’amasomo mbonezamubano agenewe kwigishwa mu burezi bw’ibanze mu Rwanda uhereye mu mwaka

wa mbere ukagera mu mwaka wa gatatu yakozwe ku buryo bwagutse hitawe ku nyurabwenge, ku myumvire no ku byo

abaturage b’igihugu bakeneye. Ni umusingi w'amasomo yose y'ubumenyamuntu ushimangira indangagaciro

z'umunyarwanda.

Ishingiye kandi ku gitekerezo cyo guhuza integanyanyisho z’Amashuri Abanza yo mu Rwanda n`iz`ibindi bihugu cyane cyane

iz`Ibihugu bigize Umuryango Nyafurika w`Iburasirazuba.

1.2 Akamaro k’inyigisho y’amasomo mbonezamubano

1.2.1 Akamaro k’amasomo mbonezamubano kuri sosiyete nyarwanda

Amasomo mbonezamubano akubiyemo inyigisho kuri "Ndi umunyarwanda ",Itorero ry'igihugu, Ubuzima bw'imyororokere ,

Kubungabunga ibidukikije, Kwizigamira, uburinganire, SIDA, Isuku, Umuco w'amahoro n'iterembare, uburezi budaheza

n'ikoranabuhanga, ubumwe n’ubworoherane

1.2.2 Akamaro k’amasomo mbonezamubano ku munyeshuri

Amasomo mbonezamubano atuma umunyeshuri agira amatsiko yo gusobanukirwa n'abaturage, imibereho y’abantu

n’ibidukikije. Muri iyi nteganyanyigisho nshya azagira ubushishozi, ubushakashatsi, ubumenyingiro ,ubukesha n'ubushobozi

bityo akazabasha kugaragaza ibyo ashoboye gukora aho kugaragaza gusa ubumenyi nkuko byari bimeze mu nteganyanyigisho

yari imaze igihe ikoreshwa.

Page 15: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

2

1.2.3 Ubushobozi

Aya masomo mbonezamubano mu cyerekezo gishya afasha abanyeshuri gucengera byimbitse amasomo biga kandi ibyo bize

bakabishyira mu bikorwa.Babasha kugira ubukesha n'umumenyingiro bikenewe ku isoko ry'umurimo bityo bagateza igihugu

cyabo imbere. Bumwe mu bukesha n'ubushobozi bazagira ni :

Ubushobozi fatizo

Ubushishozi (uruhare rw'umugore mu iterambere ry'igihugu..)

Ubushakashatsi no gukemura ibibazo ( iyo batara amakuru arebana n'amateka,

imyemerere...)

Guhanga udushya ( kwikorera agashinga kabyara inyungu(ntibigaragara mu ntego), kwikorera ibikoresho

byo ku ishuri no mu rugo..)

Gushyikirana n’abandi ( kujya impaka, gukora inkuru,...)

Kubasha guhora yiyungura ubumenyi mu buzima bwe bwose no mu kazi ke.

Intego zagutse z’amasomo mbonezamubano

Intego z’iyi nteganyanyigisho y’amasomo mbonezamubano mu cyiciro cya mbere ni

Gufasha umunyeshuri kumva impamvu ari ngombwa kuba umuturage mwiza, ufite imigenzo myiza ishingiye ku

ndangagaciro nyarwanda na kirazira .

Gufasha umunyeshuri kumva ko hatagomba kubaho kubangamirana hagati y’abantu n’ibidukikije n’ingaruka nziza

zabyo ku buzima bw’abantu.

Page 16: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

3

Kumvisha umunyeshuri akamaro k’ubuhinzi, inganda n’ubukerarugendo mu kongera umutungo w’urugo,

w’umuryango n’uw’igihugu.

Gufasha umunyeshuri kugira umutima wo gukunda umurimo no kuwukora neza afatanya n’abandi.

Gutoza umunyeshuri kugira umuco wo kwitekerereza no gushishoza.

Guha umunyeshuri ubumenyi bw’ibanze mu byerekeye icungamutungo

Gutoza guhangana (mu kigero cye) n’ibibazo by’igihugu nka Sida, kwangirika kw’ibidukikije, ubwiyongere bukabije

bw’abaturage, uburinganire no kurengera uburenganzira bwa muntu n’ubw’umwana.

Gufasha uwiga kumva aho u Rwanda ruhuriye n’ibindi bihugu haba mu karere ruherereyemo, haba muri

poritikiporitiki no mu iterambere

Page 17: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

4

Uko amasomo mbonezamubano yubaka ubushobozi

Amasomo mbonezamubano atoza abanyeshuri kwiyigisha bakora ubushakashatsi, bitegereza, bakorera mu matsinda,

bakavumbura ibyigwa bagenewe babigizemo uruhare runini. Bitoza imigenzo myiza yiganjemo indangagaciro nyarwanda

bashungura ibyiza by’umuco wacu. Bahabwa ubushobozi bwo gushishoza mbere yo gukora icyo ari cyo cyose, kwibwiriza no

guhanga udushya.

2. Imbonezamasomo mu kwigisha amasomo mbonezamubano

Imiterere y’isomo rigomba kwigishwa akenshi ikunze kuba ari yo igena uburyo bugomba gukoreshwa mu kuryigisha. Ibi

bikaba ari umwihariko w’inyigisho mbonezamubano.

Kubera ko inyigisho mbonezamubano zishingiye ku nyigo y’imibereho y’abantu n’ibidukikije, umwigisha agomba gufasha

uwiga kuvumbura ibyo agiye kwiga, gushakashaka,kuganira n'abandi , kujya impaka bityo akagira uruhare runini ku myigire

ye.

2.1. Uruhare rw’umunyeshuri

Agomba kugira ubushobozi mu gusesengura,gushishoza, gusabana no gukora wenyine cyangwa mu matsinda.

Gukorera mu matsinda bifasha umunyeshuri :

- Kwiyumvisha uruhare rwa buri wese (uburinganire).

- Kwigirira icyizere.

- Kubana neza na bagenzi be basangiye itsinda.

Page 18: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

5

- Kubaha ibitekerezo by’abandi no kwemera ubwuzuzanye.

- Kwifatanya n’abandi mu gutunganya umurimo bahawe.

- Kungurana ibitekerezo mu mahoro n’ubwumvikane.

Anketi: - Ubu buryo ni ingirakamaro mu masomo mbonezamubano.

- Umunyeshuri agiramo uruhare runini kuko ari we ushakashaka, akavumbura, akiyungura ubumenyi, ubukesha,

imico myiza n’imyitwarire.

- Umwigisha arashishikaza, akayobora kandi agakurikirana ibikorwa by’umunyeshuri.

- Ubu buryo busaba kwifashisha ibitangazamakuru, ibitabo, amashusho n’ibishushanyo.

Umushinga

- Ahanini umunyeshuri ahabwa umurimo/igikorwa cyo gukora.

- Imishinga ntinganya uburemere n’igihe ariko iba ikwiranye n’ikigero ndetse n’ubushobozi bw’umunyeshuri.

- Buri gihe mwarimu afasha kandi ayobora umunyeshuri kugira ngo akore umurimo we neza.

- Umunyeshuri yifashisha ishuri, aho atuye n’ahandi.

Urugero: inzibutso, inzu ndangamurage, amasomero, inkiko gacaca n’ibindi…

Gukorera mu matsinda

Mwarimu akora amatsinda y’abana bavangavanze, batanganya ubushobozi/ubwenge.

Buri tsinda rihabwa umurimo waryo.

Page 19: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

6

Muri iyo mirimo twavuga nko:kujya impaka, gusura umudugudu, segiteri, akarere, intara, ahantu ho ku rwego

rw’igihugu, inkiko gacaca, inzibutso…,

Gusoma no gusesengura ikarita.

Abanyeshuri b’abanebwe cyangwa badashabutse baterwa umwete na bagenzi babo b’inkwakuzi bari kumwe

mu itsinda.

Mu mirimo y’amatsinda, haba ubwuzuzanye, butuma imyigire yoroha kandi ikaba myiza kurusha ko mwarimu

yaba ariwe ukora wenyine.

Kujya impaka

Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no

kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya ku ruhande rwa mwarimu n’abo yigisha.

Dore inama zakurikizwa kugira ngo bitegurwe kandi bigende neza:

- Impaka zigibwa ku kintu abana bazi neza kandi gisobanutse.

- Abanyeshuri bose bagomba gushishikarizwa kujya impaka.

- Ibisubizo/ ingingo bitanzwe neza byumvikana ni byo byemerwa.

- Agaciro gahabwa ibisubizo biri byo.

- Ibisubizo birimo amakosa birakirwa ariko bigakosorwa.

- Mwarimu abaza ibibazo bifasha abanyeshuri kugera ku bisubizo biri byo.

- Ibisubizo byemejwe bishyirwa ku kibaho bikavamo incamake y’ibyo bize.

Page 20: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

7

Kwitoza no gusubiramo

- Ubu buryo burihariye kandi bwuzuza ubwavuzwe haruguru.

- Bugamije gufasha umunyeshuri gusubira mu byo yize, kubishyira mu bikorwa no kubisobanukirwa neza.

- Kwitoza( gushyira mu bikorwa) no gusubiramo bifasha umunyeshuri kubona ibyo atumvise neza.

Ibyamucitse, bityo akagira ubumenyi bwuzuye bw’ibyo yigishijwe.

2. 2 Uruhare rwa mwarimu

Impinduka izazanwa n’integanyigisho ivuguruye, ishingiye ku bushobozi, igaragaza ihinduka ry’uruhare rwa mwarimu

mu myigishirize. Umurezi azareka uburyo bw’imyigishirize ishaje yo kuba ipfundo rya byose ahubwo azabe

umwunganizi, ajye ayobora umunyeshuri mu myigire ye, aha agaciro ibifitiye umunyeshuri akamaro n’ibindi akeneye .

- Umwarimu areba uburyo bukwiye bwo gutegura ishuri rye, uko yicaza abanyeshuri, uko abatondeka cyangwa

abashyira mu matsinda ku buryo buri wese agira uruhare mu bikorwa mu isomo no mu byigisho runaka.

- Umwarimu ayobora abanyeshuri mu gukoresha neza imfashanyigisho: ibitabo, amakarita, amashusho..., mu

gukora ubushakashatsi buri ku kigero cyabo, mu kujya impaka, mu buryo bunoze bwo gufata ibitekerezo

n’ingingo z’ingenzi z’ibyo bakoze n’uko babigaragariza abandi mu ishuri.

- Umwarimu yunganira abafite ingorane izo ari zo zose mu myigire yabo ( Abagenda buhoro, abandika

buhoro,abafata mu mutwe batinze, abihuta kurusha abandi, abafite ubumuga bw’ingingo...abategurira imyitozo

bashoboye , akanabyitaho mu gutanga imirimo.

Page 21: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

8

2.3 Uburezi bw’abafite ibibazo byihariye n’imyigishirize idaheza

Abanyarwanda bose bafite uburenganzira bungana ku burezi. Ni muri urwo rwego ishyirwamubikorwa ry’iyi

ntegenyanyigisho rigomba kuzita ku burezi budaheza bita ku bana bafite ubumuga bwihariye. Ikibazo kigaragara ni uko mu

banyeshuri habamo abafite imibereho itandukanye n’iy’abandi bitewe n’ibibazo by’imikorere y’ingingo z’umubiri,

iby’imikorere y’ubwonko cyangwa iby’ukuntu bagaragaza imbamutima zabo. Abo bose bagomba kwitabwaho by’umwihariko

mu myigire yabo.

Uruhare rw’ishuri n’urw’umwarimu ni urwo gushaka uburyo bukwiye bwo gufasha abo bana hitabwa ku bibazo bafite kugira

ngo na bo bakurikire amasomo nk’abandi nta mbogamizi. Bityo bagashakirwa ibikoresho n’imfashanyigisho byabo byihariye .

Ikindi ni uko mu gihe cy’isuzuma nabwo hagomba kwitabwa ku bibazo byihariye by’abo bana.

Inyoborabarezi ireba buri kiciro cy’abafite ubumuga zarateganyijwe mu rwego rwo gufasha abarimu kunoza imyigishirize .

Page 22: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

9

3. ISUZUMA/ IGENZURA

3.1 Isuzuma mbere y’imyigire: rikorwa hagamijwe kumenya niba nta nyigisho abana baba baracikanwe mu cyiciro

kibanziriza icyo bagezemo cyangwa umwaka ubanziriza uwo bagiyemo. Bigafasha no kumenya aho bafite ingorane zababuza

gukurikira neza inyigisho bagezeho.

3.2. Isuzuma mu gihe cy’imyigire rikorwa umwarimu yitegereza buri munsi uko umunyeshuri yiyungura ubumenyi, uko

ashyira mu bikorwa ibyo asabwa byose, uko ahindura imyitwarire, uko abana na bagenzi be ( baba bakina, baganira , bajya

impaka, bakemura ikibazo runaka …)

Isuzuma ry’intego z’isomo:

Mbere yo gutanga isomo, umwarimu agena intego ashaka kugeraho, bityo agateganya n’uburyo bw’isuzuma kugira ngo

amenye niba koko intego zagezweho by’ukuri, bikaba byatuma yigisha isomo rishya cyangwa agasubiramo ibitarumvikanye

neza. Umwarimu urangije gutanga isomo rye atanga imyitozo igamije kureba niba intego yihaye zagezweho. Intego z’isomo

zigaragazwa n’ibyo umunyeshuri yungutse. Intego z’isomo ziteganya kandi ingingo umwarimu aheraho asuzuma isomo

yatanze n’ibituma zigerwaho.

Isuzuma ryo kugorora imyigishirize:

Iri suzuma rikorwa nyuma yo kwigisha umutwe wose cyangwa nyuma yo kurangiza kwiga ikigwa runaka. Ibi umwarimu

abikora agamije kumenya ko intego z’amasomo ye zagezweho ahereye ku byo abanyeshuri bazi gukora. Iyo asanze hari ikibazo

bafite, ashaka impamvu zabiteye bityo agahindura imyigishirize ye cyangwa agasubira mu masomo abona bafitemo ingorane

Page 23: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

10

kugira ngo inyigisho zumvikane kurushaho. Mu Masomo mbonezamubano imyitozo y’isuzuma igomba gufasha abanyeshuri

gushakashaka, kwitegereza, gusobanura neza ibyo bungutse. Imyitozo yo kujya impaka, gusobanurira abandi ibyo babonye mu

bushakashatsi, itinyura abanyeshuri, ikabafasha kwiyigisha, kwitoza kuvuga neza no gucengera ibyigwa nta ngorane.

Buri ntego igomba kugira isuzuma, mu ntera zose zituma igerwaho. Isuzuma rero rihoraho mu nyigisho (imikoro,

amarushanwa, isiganuza, ubushakashatsi,ibizamini....).

3.3 Isuzuma nyuma y’imyigire:

Iri suzuma rikorwa nyuma y’ igihe runaka cyo kwiga, ryo rireba muri rusange niba umunyeshuri ashobora kujya mu kiciro

gikurikiyeho.

Isuzuma rigamije kumenya intera abanyeshuri bagezeho:

Umwarimu ateganya amasuzuma anyuranye nyuma y’igihe runaka nk’igihembwe cyangwa umwaka kugira ngo arebe muri

rusange ubushobozi umunyeshuri afite akurikije intego rusange yari yihaye. Nyuma y’iri suzuma ni bwo hakorwa urutonde

rw’abanyeshuri hakurikijwe amanota bagize kandi agashyirwa ku ndangamanota.

Icyitonderwa :

- ibyavuye muri buri suzuma bigomba kwandikwa mu gitabo kigaragaza uko buri mwana atera imbere

- Bibikwa neza kandi bikamenyeshwa n’ababyeyi

Page 24: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

11

4.IMFASHANYIGISHO

4.1 Abantu

Kubera ko amasomo mbonezamubano yigisha imibereho n’imibanire y’abantu ndetse n’aho baba, imfashanyigisho ya mbere

kandi y’ingirakamaro ni abantu ubwabo n’ibiboneka aho baba.

4.2 Ibidukikije

Mwarimu n’abanyeshuri bifashisha ibidukikije (abantu n’ibintu) by’aho batuye. Muri byo dusangamo:

Abantu b’inararibonye, amasoko, amazu, ibihingwa, ibimera, ibiyaga, imigezi n’inzuzi, imisozi, ibibaya, insengero, inyamaswa/

Amatungo, amasomero, insisiro z’ubuyobozi, amavuriro, ibitaro, ibigo nderabuzima, amazu ndangamurage, amazu

y’ubuyobozi, ibyanya (Akagera, Nyungwe, ibirunga), inganda, inzuri za kijyambere, ahantu hakorerwa iby’iteganyagihe,

amashyamba kimeza inzibutso, ahantu nyaburanga hanyuranye.

4.3 Izindi mfashanyigisho ni:

Ibitabo by’inyigisho, ibitabo binyuranye, amashusho, amofoto, amakarita, ibihangano, ibishushanyo, filimi, videwo, radiyo,

tereviziyo, terefoni, mudasobwa, murandasi.

Page 25: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

12

4.4 Ibisabwa umwarimu w’amasomo mbonezamubano

Umwarimu w’amasomo mbonezamubano agomba kugendana n’ibihe: guhora ashakashaka uburyo bugezweho bwo kwigisha

n’imfashanyigisho zigezweho akaba kandi asabwa kugira ubumenyingiro bukurikira:

- Kugira impamyabushobozi mu kwigisha amasomo mbonezamubano.

- Gutegura no gutunganya ishuri rye ku buryo abanyeshuri biga bisanzuye.

- Gufasha abanyeshuri kwiga bashishikaye, buri wese akagira uruhare mu myigire ye nta nzitizi cyangwa imbogamizi izo

ari zo zose;(abafite ubumuga bw’ingigo, abiga buhoro, abafite impano yo kwiga vuba cyane ...).

- Gushishikariza abanyeshuri kwigira mu mutuzo, bubaha ibitekerezo bya bagenzi babo.

- Gukundisha abanyeshuri kwiga bashyizeho umwete, bakunda umurimo nta gusigana cyangwa kwiganyiriza, bagira

ishyaka ryo kunoza ibyo bakora.

- Gutoza abanyeshuri be kugira imyitwarire iboneye yuje ubupfura.

- Kubamenyereza gusobanuza, gushakashaka, kubaza ibyo batumva cyangwa batazi.

- Gufasha abana bafite ubumuga butandukanye kwiga biboroheye hakoreshejwe

uburyo bwabigenewe.

- Gukoresha uko bikwiye imfashanyigisho n’integanyanyigisho.

Page 26: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

13

5. AMASOMO Y’INTEGENYANYIGISHO

5.1 Imiterere y’integanyanyigisho

Mu ntangiriro y’iyi nteganyanyigisho hari iriburiro, intego rusange n’imbonezamasomo by’ikiciro cya mbere cy’amashuri

abanza. Ibyigwa muri buri mwaka bikubiye mu mitwe inyuranye. Ibyigwa mu mwaka wa mbere bikubiye mu mitwe cumi

n’ibiri naho mu mwaka wa kabiri n’uwa gatatu biri mu mitwe icyenda muri buri mwaka.

Buri mutwe ugira ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe kugerwaho umutwe wose umaze kwigwa. Kugira ngo ubwo bushobozi

bugerweho, hari intego z’ubumenyi, z’ubumenyi ngiro n’iz’ubukesha bifasha umwarimu mu gutegura no gutanga isomo rye

ashingiye ku byigwa binyuranye bikubiye mu nsanganyamatsiko iri mu mutwe.

Ibyigwa bya buri mwaka bigiye bigaragazwa mu mbonerahamwe y’urutonde rw’amasomo y’uwo mwaka

5.2 Umwaka wa mbere

5.2.1 Intego rusange z’umwaka wa mbere

- Gusobanukirwa imiterere y’umuryango abamo.

- Kwimakaza umuco w’amahoro n’ uburenganzira bwa muntu mu muryango.

- Kurangwa n’imyitwarire iboneye aho ari hose.

- Guharanira imibereho myiza y’umuryango.

- Gusobanukirwa ubukungu bw’umuryango.

- Kugira ubumenyi ku burere mboneragihugu, ubumenyi bw’isi n’amateka.

Page 27: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

14

INYIGISHO: AMASOMO MBONEZAMUBANO

Imbumbanyigisho : IMITERERE Y’UMURYANGO Inyigisho:UMURYANGO MUTO

Umwaka wa 1 Umutwe wa 1:

UMURYANGO WANJYE

Umubare w’amasomo: 15

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe :gusobanura imiterere y’umuryango we n’imibereho yawo

Intego Ibyigwa Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Gutandukanya

amoko y’inyubako

zo mu rugo iwabo

-Kugaragaza

abagize

umuryango muto

-Kugaragaza

-Gutandukanya amoko

y’inyubako zo mu rugo

iwabo agendeye ku

bikoresho bizigize.

-Gusobanura imiterere

y’urugo abamo

-Gusobanukirwa abagize

umuryango we

n’amasano bafitanye

-Kwishimira

urugo rwacu

n’ibirugize

-Gufata neza

inyubako n’

ibikoresho byo

mu rugo.

Urugo rwacu :

-Inzu yacu

(ibice

biyigize)

-Ibikoresho

byubatse inzu

yacu

-Ibikoresho

tubona mu nzu

yacu

-Akamaro

-Kwitegereza buri wese

ukwe inzu z’iwabo n’iziri

hafi y’iwabo akaza kubwira abandi

mu ishuri uko ziteye n’ibikoresho

bizubatse

- Kuganirira mu matsinda akamaro

ko kugira aho umuntu atuye

-Bakabwira abandi ibyo bagezeho

bityo buri wese akishimira aho atuye

-Gusobanuza abagize umuryango we

n’amasano bafitanye akabirondorera

Page 28: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

15

abagize

umuryango we

-Kugaragaza

inshingano za buri

wese ugize

umuryango

-Gutandukanya

inshingano z’abagize

umuryango we

-Gusobanura ku rugero

rwe ibyiza

by’umuryango muto

Kubaha no

kugirira

urukundo

abagize

umuryango

-Guharanira ko

abagize

umuryango

buzuza

inshingano zabo

-Kubaha no

kugirira

urukundo

abagize

umuryango

k’inzu yacu

-Urugo rwacu:

ibirugize

n’akamaro kabyo

Abagize

umuryango

-Abagize

umuryango

-Uko barutana

Inshingano za

buri wese mu

bagize

umuryango

-Inshingano

abandi

-Kuganirira mu matsinda uko

bitwara ku bagize umuryango wabo -

Gutangariza abandi mu ishuri ibyo

bagezeho

-Kuganirira mu matsinda ibyiza byo

kuzuza inshingano za buri wese

n’ingaruka zo kutazuzuza.

-Gukina agakino kerekana amasano

y’abagize umuryango muto

n’inshingano z’abana n’iz’ababyeyi

barangiza bakabisobanurira abandi

bakabiganiraho bakora incamake ku

bitekerezo by’ingenzi

-Gushushanya igiti cy’amasano

y’umuryango muto

-Kuganira mu matsinda ku byiza byo

kuba mu muryango muto

bakabijyaho impaka bagakora

Page 29: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

16

z’ababyeyi

-Inshingano

z’abana

Umuryango

muto( kugera

kuri sekuru)

-Igiti cy’amasano

y’umuryango

muto

-Ibyiza

by’umuryango

muto

incamake yabyo

-Kuganira mu matsinda ku byiza byo

kubahana no gukundana mu

muryango

Ihuriro n’andi masomo: inyunguramagambo ku miterere y’umuryango we n’imibereho yawo

Ibigenderwaho mu isuzuma : ubushobozi ku gusobanura imiterere y’umuryango we n’imibereho yawo

Imfashanyigisho : ibishushanyo bijyanye n’ibyigwa biri muri iyi nsanganyamatsiko

Page 30: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

17

Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihugu

Amasomo mbonezamubano

Umwaka wa 1 Umutwe wa 2 : Ibirango by’igihugu Umubare w’amasomo: 5

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu no gutandukanya ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda n’andi mabendera

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

- Kurondora amagambo avugwa mu ndirimbo yubahiriza igihugu - Kurondora amabara agize ibendera ry’u Rwanda

- Kugaragaza uburyo buboneye bwo kuririmba indirimbo humvikanishwa neza amagambo yayo

Kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu - Gushushanya amabara

agize ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda

- Gukunda igihugu no kubaha indirimbo yubahiriza igihugu

- Kwishimira kuba umunyarwanda - Kurangwa n’umuco

wo kubaha no kubahiriza ibirango

by’igihugu

- Indirimbo yubahiriza igihugu

-Indirimbo yubahiriza igihugu Rwanda nziza

-Ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda - Amabara agize ibendera ry’igihugu -Ayo ari yo n’uko akurikirana

- Kuganirira mu matsinda bagaragaza amagambo y’ingenzi avugwa mu ndirimbo yubahiriza igihugu

- Gukora umwitozo wo kuririmba indirimbo yubahiriza igihugu abandi bakavuga niba yabikoze neza.

- Kujya hanze y’ishuri bakitegereza ibendera ry’igihugu bakarishushanya hanyuma bakag anira ku bintu bitandukanye birigize

Page 31: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

18

Ihuriro n’andi masomo : uburyo bwo kuririmba neza, gushushanya

Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kuririmba neza indirimbo yubahiriza igihugu, no gutandukanya ibendera ry’igihugu n’andi mabendera Imfashanyigisho : CD y’indirimbo yubahiriza igihugu ,radiyo, Filimi , ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda

Page 32: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

19

Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihugu

Amasomo mbonezamubano

Umwaka wa 1 Umutwe wa 3 : Abayobozi n’ibirango by’ishuri muba

Ure w’amasomo:3

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : gutandukanya ibirango by’ishuri ryabo n’iby’andi mashuri no gutandukanya abayobozi b’ishuri ryabo

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyin

giro Ubukesha

-Gutandukanya Abayobozi b’ishuri - Gusobanura inzego z’ubuyobozi ku ishuri

-Gusobanura inshingano z’abayobozi ku ishuri

-Kubaha abayobozi b’ishuri -Kwiyambaza inzego z’ubuyobozi bw’ishuri igihe cyose bibaye ngombwa (gusaba uruhusa, gusaba ibikoresho ibitabo, ingwa…, kubaza amanota, gusaba gukemurirwa ikibazo…

Abayobozi b’ishuri -Abayobozi b’ishuri n’inshingano zabo =Ibirango by’ishuri ( indirimbo y’ishuri, impuzankano ,intego y’ishuri (motto)

-Kuganirira mu matsinda ku bagize ubuyobozi bw’ishuri no ku birango by’ishuri hanyuma bagatangariza abandi ibyo bagezeho -Gukina udukino tugaragaza imyitwarire y’abayobozi b’ishuri n’uburyo bwo kubiyambaza hanyuma bakagaragaza uko babafasha mu myigire yabo

Ihuriro n’andi masomo : inyunguramagambo ku biranga ishuri ryacu, ubumenyi bw’isi, imibare Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo gusobanura ibiranga ishuri ryacu Imfashanyigisho : ibishushanyo binyuranye byerekana inyubako z’ishuri aho ziherereye

Page 33: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

20

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza Inyigisho: ISUKU

Umwaka wa 1 Umutwe wa 4 : Isuku y’umubiri n’imyambaro

Umubare w’amasomo:10

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: kurangwa n’ isuku ku mubiri no ku myambaro Intego Ibyigwa

Ibikorwa

by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha - Gusobanura uburyo bunyuranye bwo kugira isuku y’umubiri - Gusobanura akamaro k’isuku y’ibice by’ingenzi y’umubiri

-Gusobanura uko basukura umubiri wose n’akamaro kabyo -Gutandukanya ibikoresho binyuranye by’isuku - Gusukura intoki n’ibirenge - Gukora isuku y’akanwa - Gukora isuku y’amaso n’amatwi

- Kuba umunyesuku - Kugaragaza isuku y’umubiri aho ari ho hose

Isuku y’umubiri - Uburyo buboneye bwo kwiyuhagira umubiri wose - Isuku y’intoki

n’ibirenge -Isuku y’amaso n’amatwi - Isuku yo mu kanwa - Akamaro k’isuku y’umubiri

-Gukaraba intoki, ibirenge. Koza mu kanwa, gusukura amatwi n’amaso ukoresheje ibikoresho byabugenewe kandi byujuje ubuziranenge -Hanyuma bakagaragaza ibyiza byabyo n’ukuntu babigira umuco. -Kuganira mu matsinda ku bibi byo kutagirira isuku intoki, ibirenge. Kutoza mu kanwa, kudasukura amatwi n’amaso ukoresheje ibikoresho

Page 34: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

21

byabugenewe kandi byujuje ubuziranenge. Hanyuma bagatangariza abandi ibyo baganiriyeho.

-Gusobanura uburyo bunyuranye bwo gusukura imyambaro n’akamaro kabyo

-Gukora isuku y’imyambaro ye

-Kurangwa n’isuku y’imyambaro aho ari ho hose

Isukuy’imyambaro -Isuku y’imyambaro isanzwe n’iy’ishuri -Isuku y’imyambaro y’imbere (Amakaliso , amasogisi, amasengeri…) -Akamaro k’isuku y’imyambaro

-Gukorera mu matsinda bamesa amakaliso, amasogisi , amasengeri, imiswaro n’indi myenda yoroheje hanyuma bakagaragariza hamwe ibyiza byo kugirira isuku imyambaro yabo. -Kuganirira mu matsinda ku bibi byo kutagirira isuku

Page 35: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

22

y’imyambaro, barangiza bagatangariza abandi ibyo baganiriyeho.

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku isuku Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kugira no kugaragaza isuku kuri we n’ahantu ari aho ari ho hose Imfashanyigisho: Ibikoresho by’isuku: amazi, isabune, amabase, indobo, ibitambaro by’amazi, ibishushanyo bigaragaza uko bakora isuku

Page 36: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

23

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza Inyigisho: ISUKU Umwaka wa 1 Umutwe wa 5 : Isuku yo mu rugo no

ku ishuri Umubare w’amasomo:7

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe :kurangwa n’ isuku mu rugo no ku ishuri

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Gusobanura uburyo bunyuranye bwo gukora isuku yo mu rugo n’akamaro kabyo -Gusobanura uburyo bunyuranye bwo gukora isuku ku ishuri no mu ishuri n’akamaro kabyo

-Gukora isuku yo mu rugo -Gukora isuku yo mu ishuri no ku ishuri

-Kurangwa n’isuku yo mu rugo -Kugaragaza isuku aho ari ho hose -Kurangwa n’isuku ku ishuri no mu ishuri -Kugaragaza isuku aho ari ho hose

Isuku yo mu rugo -Isuku yo mu rugo ( ahantu, ibikoresho,uko bandurura imyanda yo mu rugo ) -Akamaro k’isuku yo mu rugo Isuku yo ku ishuri -Isuku mu ishuri - Isuku ku ishuri - Akamaro k’isuku

ku kigo cy’ishuri

-Gukora buri wese ibikorwa byo gusukura mu rugo iwabo (gukubura, gukoropa, gutondeka ibitabo, imyenda…) Hanyuma bakabwira abandi ibyo bakoze n’uko babikoze, bakaboneraho kuvuga uko basukura mu rugo. -Gukora ibikorwa byo gusukura ishuri n’ikigo ( gutoragura ibipapuro, Gukubura, gukoropa, gutondeka ibitabo… Hanyuma bakabwira abandi ibyo bakoze, bakaboneraho kuvuga uko basukura mu ishuri.

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku isuku Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kugira no kugaragaza ahantu ari aho ari ho hose Imfashanyigisho: Ibikoresho by’isuku: amazi, isabune, amabase, indobo, ibitambaro by’amazi, ibishushanyo bigaragaza uko bakora isuku

Page 37: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

24

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza Inyigisho: Indwara Umwaka wa 1 Umutwe wa 6 : indwara zandura

n’izitandura Umubare w’amasomo:3

Imbumbe y'ubushobozi bugamijwe : gusobanukirwa no kwirinda indwara zandura n’izitandura

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

Gutandukanya Indwara zandura n’izitandura

Gusobanura uburyo bwo kwirinda indwara zandura n’izitandura

Kugira ubuzima buzira umuze n’umuco wo kwirinda indwara

Indwara Indwara zandura Indwara zitandura

-Kwitegereza amashusho y’indwara no gutahura indwara zandura n’izitandura bakaziganiraho bagaragaza izo bahuye nazo -Kuganirira mu matsinda mato uburyo bwo kwirinda indwara no gutangariza abandi uko bakwitwara ngo birinde -Kureba filimi ku ndwara zandura n’izitandura

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku ndwara Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo gutandukanya indwara zandura n’izitandura n’uko bazirinda Imfashanyigisho : Ibishushanyo, amafoto y’abarwayi, filimu ,videwo ku ndwara

Page 38: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

25

Imbumbanyigisho:Imibereho myiza Umwaka wa 1 Umutwe wa 7: Imibanire , imyitwarire

iboneye

Umubare w’amasomo: 3

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : kurangwa n’ubupfura n’ubushishozi mu mibereho ye

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kuvuga uko abantu babana n’abandi mu muryango no ku ishuri

-Gutanga ingero z’ukuntu abantu babana n’abandi mu mahoro - Gusobanura ingaruka zo kutabana neza mu mahoro

-Kurangwa n’urukundo kwiyubaha no kubaha abandi. -Kwishimira umuryango we. -Kubana n’ abandi mu mahoro mu rugo no ku ishuri

Kubana mu mahoro - Mu rugo( uburyo bwo kubana mu mahoro n’akamaro kabyo ) -Ku ishuri ( uburyo bwo kubana mu mahoro n’akamaro kabyo) -Ibibi byo kutabana neza mu mahoro mu rugo no ku ishuri

-Gukora udukino mu matsinda bagaragaza uko abantu babana mu rugo cyangwa ku ishuri bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

-Gutandukanya uburyo bunyuranye yafashamo abandi mu rugo no ku

-Gusobanukirwa ibyiza byo gufashanya

-Kurangwa n’umuco wo gufasha

Gufashanya -Mu rugo ( uburyo bwo gufashanya n’akamaro kabyo)

-Kuganira mu matsinda uburyo bunyuranye buri wese yafashamo abandi mu rugo no ku ishuri

Page 39: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

26

ishuri

-Gutanga ingero z’ibyo ashobora gufasha (mo) abandi - Gusobanura ingaruka zo kudafashanya no gukunda gufashwa

-Kunga ubumwe n’abo abana nabo mu rugo no ku ishuri

-Ku ishuri ( uburyo bwo gufashanya n’akamaro kabyo) -Ibibi byo kudafashanya no gukunda gufashwa

Gukorera mu matsinda ya 5 - bagashakisha abana bakeneye gufashwa bakaganira n’abandi uburyo bakwiriye gufashwa -bakagaragaza ibyiza byo gufashanya n’ibibi byo kudafashanya n’ibyo gukunda gufashwa -Buri tsinda rikabwira abandi ibyo bagezeho bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

-Kugaragaza

uburyo bwo

gusangira no

gusaranganya

-Gusobanura

akamaro ko

gusangira no

gusaranganya

n’abandi n’ingaruka

zo kutabikora

-Kugira umuco wo gusangira no gusaranganya -Gukunda gutanga, gusangira n’abandi no gusaranganya ariko yirinda gukabya

Gusangira/gusaranganya 1. Uburyo buboneye bwo gusangira no gusaranganya 2. Akamaro ko gusangira no gusaranganya 3. Ingaruka zo kudasaranganya

Gukora igikorwa cyo kugabana no gusaranganya ibintu bitandukanye (amakaramu ,udukinisho, amashusho, amakarita, amabombo, imbuto,…) -No kugaragaza imbamutima zabo nyuma y’icyo gikorwa (ibibi , ibyiza, ibisimisha n’ibibabaza).

Page 40: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

27

Gusobanukirwa ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina

Gutandukanya uburyo bunyuranye bw’ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina.

Kugira ubuzima bwiza kwirinda ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina

Ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina Uko rikorwa Uko umuntu yaryirinda

-Kwitegereza amashusho y’ihohoterwa no gutahura uko ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina rikorwa bagafata ingamba zo kwirinda

Ihuriro n’andi masomo : inyunguramagambo ku mibanire n’imyitwarire iboneye

Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo Kurangwa n’ubupfura n’ubushishozi mu mibereho ye

Imfashanyigisho : amashusho agaragaza imibanire n’imyitwarire y’abantu itandukanye

Page 41: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

28

Imbumbanyigisho: Imyitwarire iboneye

Umwaka wa 1 Umutwe wa 8: Ikinyabupfura Umubare w’amasomo:8

Imbumbe y'ubushobozi bugamijwe : kugira no kugaragaza imyitwarire iboneye mu rugo

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Gusobanura ikinyabupfura icyo ari cyo

-Gusobanura imyitwarire iboneye ku bantu batandukanye n’ahantu hatandukanye

-Kugaragaza ikinyabupfura (mu myitwarire, mu bikorwa no mu mvugo) aho ari hose

Ikinyabupfura -Ikinyabupfura ku bo babana -. Ikinyabupfura ku bashyitsi - Ikinyabupfura ku meza -. Ikinyabupfura mu mvugo -. Ikinyabupfura mu ndamukanyo -. Ikinyabupfura mu nzira -Ikinyabupfura ahateraniye abantu benshi

-Kwitegereza amashusho ariho abana bagaragaza imyitwarire inyuranye ahantu hatandukanye no mu bihe bitandukanye. Maze bakavuga ibyiza babonaho n’ibibi -Gukina udukino tugaragaza uko bitwara imbere y’abantu bakuru, y’abashyitsi n’ahantu hatandukanye. Bakavuga muri make uko bakwiye kujya bitwara.

Ihuriron’andi masomo : Inyunguramagambo ku kinyabupfura Ibigenderwaho mu isuzuma: kugenzura ko bagaragaza ikinyabupfura mu buzima bwa buri munsi. Imfashanyigisho : Amashusho atandukanye ariho abantu bitwara mu kiyabupfura , filimi/ videwo (aho bishoboka),..

Page 42: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

29

Imbumbanyigisho: Ubukungu Umwaka wa 1 Umutwe wa 9 : Umutungo w’umuryango Umubare w’amasomo:4 Imbumbe y'ubushobozi bugamijwe : gusobanukirwa ibyangombwa by’ibanze by’umuryango no gucunga neza umutungo w’umuryango

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Gutandukanya ibyangombwa by’ibanze nkenerwa mu muryango

-Gusobanura uko tubona ibyangombwa by’ibanze mu muryango n’uburyo buboneye bwo kubicunga

-Gucunga neza umutungo w’umuryango -Kwirinda gusesagura

Ibyangombwa nkenerwa mu muryango - Ibyangombwa by’ibanze bikenerwa mu muryango -.Uburyo bwo gucunga ibyangombwa nkenerwa mu muryango

-Gukina mu matsinda udukino twerekana uko mu muryango babona ibyangombwa nkenerwa -Bagafata ingamba z’ukuntu babicunga neza

-Gusobanukirwa agaciro k’amafaranga

-Gusobanura aho tuvana amafaranga n’uburyo bwo kuyakoresha neza

-Kuzigama -Gukoresha neza amafaranga

Amafaranga -Aho tuvana amafaranga -Ibyo dutangaho amafaranga mu rugo -Imyitwarire iboneye ku birebana n’amafaranga

-Kujya kubaza uko iwabo babona amafaranga n’uko bayakoresha bakabiganirira bagenzi babo -Gukora igikorwa cyo kwizigama

Page 43: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

30

( nko gutangira kubika uduceri..)

-Gusobanukirwa umutungo we n’uw’umuryango we.

-Gusobanura ibigize umutungo we n’uw’umuryango we.

-Gukoresha no gucunga neza umutungo we n’uw’umuryango.

Imicungire inoze y’umutungo bwite w’umunyeshuri n’uw’umuryango -Ibigize umutungo bwite w’umunyeshuri -Ibigize umutungo bwite w’umuryango -Gucunga neza umutungo bwite

-Kugenzura buri wese ibikoresho bya mugenzi we , -Kureba uko bibitswe n’uko bifashwe -Kugaragaza muri rusange uburyo bunoze bwo kwita ku bikoresho bwite bya buri wese no kubibika neza Kuganirira mu matsinda ibigize umutungo w’umuryango hanyuma bagatangariza abandi muri rusange ibyo bagezeho bagakora incamake yabyo.

Ihuriro n’andi masomo : inyunguramagambo ku mutungo w’umuryango Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo gutandukanya ibyangombwa by’ibanze by’umuryango no gucunga neza umutungo w’umuryango Imfashanyigisho : Amashusho agaragaza ibyangombwa by’ibanze by’umuryango n’abantu bakora ibikorwa byo kwizigamira ,

amafoto,filimi, ibintu bifatika

Page 44: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

31

Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi Umwaka wa 1 Umutwe wa 10: Ibidukikije Umubare w’amasomo:19

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe :kwiyobora , kuyobora abandi no gufata neza ibidukikije

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Gutandukanya amerekezo

-Kugaragaza amerekezo akurikije aho we ari

-Kubasha kwiyobora no kuyobora abandi

Amerekezo akoreshwa mu kuranga ikintu n’ ahantu - Amerekezo

- Kuranga ibintu n’ahantu ukoresheje amerekezo

Gukina mu matsinda udukino dutandukanye ku merekezo bagenda baranga aho ibintu biri. Kuranga aho ishuri ryabo riherereye uhereye ku yandi mashuri ( umwaka wa 2,3,4…) kuranga ikibuga cy’umupira , ibiro by’umuyobozi w’ikigo,kuranaga aho ubwiherero buri..

-Gusobanukirwa n’ibintu biboneka mu nzira ijya ku ishuri

-Gutandukanya ibintu biboneka mu nzira ijya ku ishuri

-Kurangwa n’ imyitwarire myiza mu nzira ijya ku ishuri -Kwirinda ibyago n’impanuka mu nzira

Inzira ijya ku ishuri -Ibintu by’ingenzi biboneka ku nzira iva cyangwa ijya ku ishuri -Ibintu bibi biboneka mu nzira iva cyangwa ijya

Kuganira mu matsinda ku byo babona mu nzira ijya ku ishuri ,uko bagenda , bakagaragaza ibibi n’ibyiza bahura nabyo , bagafata ingamba zo kwitwara neza

Page 45: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

32

ijya ku ishuri, -Kuvuga ibyamubangamiye muri iyo nzira

ku ishuri -Uburyo bwo kwirinda ibintu bibi biboneka ku nzira iva cyangwa ijya ku ishuri

Gusobanukirwa imiterere y’ishuri rye

Kuranga ishuri rye

-Gusobanurira abandi imiterere y’ishuri rye -Kuranga aho ikintu giherereye n’uko giteye

Ishuri ryacu: -Uko riteye (inyubako) n’aho riherereye

-Gukorera mu matsinda mato bakagaragaza uko ishuri ryabo riteye, inyubako zaryo n’aho riherereye hanyuma bakabibwira abandi; bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

Gusobanukirwa n’ibikikije urugo rwabo

Gutandukanya ibikikije urugo rwabo no gusobanura akamaro kabyo

-Kubungabunga ibidukikije biboneka hafi y’urugo rwabo

Ibikikije urugo -Ibidukikije by’ingenzi biboneka hafi y’urugo -Akamaro k’ibidukikije biboneka hafi y’urugo 3. Kubungabunga ibikikije urugo

-Gukora igikorwa cyo kwita ku bikikije urugo no kubwira abandi icyo yakoze n’akamaro kacyo -Bagashyira hamwe ibikorwa byose bakoze mu kubungabunga ibikikije ingo zabo

Gusobanukirwa n’ibikikije ishuri ryabo

Gutandukanya ibikikije ishuri ryabo no gusobanura akamaro kabyo

Kubungabunga ibikikije ishuri

Ibikikije ishuri -Ibidukikije by’ingenzi biboneka ku ishuri -Akamaro k’ibidukikije biboneka ku ishuri -Kubungabunga ibikikije

Gukora mu matsinda ibikorwa binyuranye byo kwita ku bikikije ishuri no kubwira abandi ibyo bakoze n’akamaro kabyo

Page 46: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

33

ishuri Kurondora abagize umuryango

Kubara neza abagize umuryango

Kubasha kwiyakira mu mubare w’abagize umuryango

Abaturage -Umubare w’abari mu muryango

-Gukora igikorwa (umukoro) cyo kubara abagize umuryango wabo no kubibwira abandi bakagereranya imibare iri mu miryango yabo

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku bidukikije

Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo Kwiyobora , kuyobora abandi no gufata neza ibidukikije

Imfashanyigisho :Ibishushanyo biriho ibidukikije bitandukanye :

Page 47: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

34

Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi Umwaka wa 1 Umutwe wa 11: Ubwikorezi

n’itumanaho

Umubare w’amasomo:4

Imbumbe y'ubushobozi bugamijwe : gukoresha neza umuhanda n’ibikoresho by’itumanaho

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

- Gutandukanya amoko y’imihanda n’abayikoresha

- Gusobanura akamaro k’imihanda, uburyo buboneye bwo kuyikoresha.

- Kugaragaza imyitwarire iboneye mu muhanda

Umuhanda - Amoko y’imihanda - Abakoresha umuhanda - Akamaro k’umuhanda - Uburyo bwo gukoresha neza umuhanda

- Kujya kwitegereza abantu n’ibintu binyura mu muhanda n’uko ukoreshwa. - Hanyuma bakavuga uko bakwiriye gukoresha umuhanda n’akamaro kawo

- Gutandukanya uburyo bunyuranye(bworoheje) bw’itumanaho

- Gusobanura ibikoresho binyuranye by’itumanaho n’akamaro kabyo.

- Kugira imyitwarire iboneye ku bikoresho by’itumanaho - Gukoresha neza itumanaho

Itumanaho - Ibikoresho by’itumanaho - Akamaro k’itumanaho - Uburyo buboneye bwo gukoresha ibikoresho by’itumanaho

- Gukinira mu matsinda bagaragaza uburyo bunyuranye bwo gukoresha itumanaho ( telefoni, ibaruwa,gutuma umuntu, interineti…) bakavuga uburyo bwiza bwo kubikoresha

Page 48: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

35

Ihuriro n’andi masomo : inyunguramagambo ku birebana Ubwikorezi n’itumanaho Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo gukoresha neza umuhanda n’ibikoresho by’itumanaho Imfashanyigisho: ibyapa by’umuhanda, ibishushanyo by’abakoresha umuhanda , ibikoresho by’itumanaho ( telefoni, Amabahasha,impapuro…)

Page 49: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

36

Imbumbanyigisho: Amateka Inyigisho: Amateka y’umuryango Umwaka wa 1 Umutwe wa 12: Amateka y’ingenzi yaranze

umuryango Umubare w’amasomo:4

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : gusobanura amasano y’abagize umuryango we n’amateka y’ingenzi yawuranze

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

- Kurondora ibyaranze umuryango we

- Kuvuga amateka yaranze umuryango we kugeza kuri sogokuru na nyogokuru

- Kubaha abagize umuryango, kubishimira no kubana nabo neza - Kunezezwa n’ibyaranze umuryango we - Kwigana intwari zo mu muryango we

Amateka y’umuryango Bimwe mu byaranze amateka y’umuryango

Gukora ubushakashatsi ku byaranze umuryango akabiganirira abandi bakagereranya n’ibyabaye ku miryango yabo

Ihuriro n’andi masomo :Inyunguramagambo ku masano y’abagize umuryango n’ amateka yabaranze Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo gusobanura amasano ari hagati y’abagize umuryango n’amateka yabo Imfashanyigisho: amashusho y’ibikorwa byaranze abanyarwanda, amafoto, filimi.

Page 50: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

37

5.3 Umwaka wa kabiri

5.3.1 Intego rusange z’umwaka wa kabiri

- Gusobanukirwa imiterere y’ umudugudu n’akagari atuyemo.

- Kwimakaza umuco w’amahoro n’ uburenganzira bwa muntu aho atuye.

- Kurangwa n’imyitwarire iboneye aho ari hose.

- Guharanira imibereho myiza y’umuryango.

- Gusobanukirwa ubukungu bw’ umudugudu n’akagari atuyemo.

- Kugira ubumenyi mu burere mboneragihugu, ubumenyi bw’isi n’amateka.

5.3.2 Urutonde rw’amasomo y’umwaka wa kabiri

1 Umutwe wa 1: Umuryango mugari 2 Umutwe wa 2: Ishuri,Umudugudu n’Akagari 3 Umutwe wa 3: Isuku 4 Umutwe wa 4 Indwara

5 Umutwe wa 5 :Imibanire ,imyitwarire iboneye

6 Umutwe wa 6 Ubukungu

7 Umutwe wa 7:Ibidukikije

8 Umutwe wa 8:Ubwikorezi n’itumanaho

9 Umutwe wa 9: ibintu by’ingenzi byaranze amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye

Page 51: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

38

Imbumbanyigisho: Imiterere y’umuryango

Umwaka wa 2 Umutwe wa 1: Umuryango mugari

Umubare w’amasomo: 4

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: gusobanukirwa abagize umuryango mugari kugeza kuri sekuruza

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

- Kurondora

abagize

umuryango

mugari

- Gushushanya

igiti cy’amasano

y’umuryango

mugari

- Gutandukanya amasano y’abagize umuryango mugari

- Kurangwa n’ urukundo rw’abagize umuryango mugari kwimenya;kubaha no kubahana

Umuryango mugari - Amasano y’abagize umuryango mugari ( kugera kuri sekuruza) - Igiti cy’amasano agize umuryango mugari

- Gukora ubushakashatsi ku masano y’abagize umuryango we ( mugari) no kubitangariza abandi hanyuma bakagereranya ibyo bagezeho

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo n’umubare w’abagize umuryango mugari Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kutitiranya amasono y’abagize umuryango mugari Imfashanyigisho : Ibishushanyo bigaragaza umuryango mugari

Page 52: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

39

Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihugu Umwaka wa 2 Umutwe wa 2: ishuri,Umudugudu

n’Akagari

Umubare w’amasomo: 16

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe :- Gusobanukirwa n’inshingano z’umunyeshuri, ibiranga Umudugudu n’Akagari -Gutanga ibisobanuro by’ibigize ibendera ry’u Rwanda

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kurondora inshingano z’abanyeshuri .

- Kuzuza neza inshingano z’abanyeshuri

-Kubaha abayobozi n’amategeko y’ishuri. -Kubana neza n’abandi

Inshingano z’abanyeshuri - Inshingano z’abanyeshuri ku ishuri no mu rugo - Ibyiza byo kuzuza inshingano zabo - Ingaruka zo kutuzuza inshingano zabo

Gukorera mu matsinda bakaganira ku nshingano z’abanyeshuri, ku byiza byo kuzuzuza no ku ngaruka zo kutazuzuza; hanyuma bagatangariza abandi ibyo bagezeho.

- Kurondora amabara agize ibendera

- Gushushanya no gusobanura amabara agize ibendera ry’igihugu

- Gukunda igihugu - Kurangwa n’umuco wo kubaha no

Ibendera ry’igihugu - Amabara agize ibendera

- Kujya hanze y’ishuri bakitegereza ibendera ry’igihugu bakarishushanya hanyuma bakaganira ku bintu bitandukanye birigize n’icyo bisobanura

Page 53: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

40

kubahiriza ibirango by’igihugu

ry’igihugu - Ayo ari yo n’uko akurikirana - Icyo asobanura

- Kurondora

ibigize umudugudu atuyemo

-Gusobanura ibiranga umudugudu atuyemo

- Kubaha ibiranga umudugudu atuyemo no kubibungabunga

Ibiranga umudugudu atuyemo Umudugudu wacu - ibiwuranga - uko bita ku biranga umudugudu

- Gukora urugendoshuri rwo kwitegereza ibiranga umudugudu atuyemo - Kwitegereza uko babungabunga ibiranga umudugudu - kubitangariza abandi bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

- Kurondora

ibigize Akagari atuyemo

-Gusobanura ibiranga Akagari atuyemo

Kubaha ibiranga akagari atuyemo no kubibungabunga

Ibiranga Akagari atuyemo Akagari kacu -Ibikaranga akagari kacu -Uko bita ku biranga akagari kacu

- Gukora urugendoshuri rwo kwitegereza ibiranga akagari atuyemo - Kwitegereza uko babungabunga ibiranga akagari kubitangariza abandi bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

Page 54: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

41

- Kurondora abagize ubuyobozi bw’Umudugudu.

Gusobanura inshingano z’abayobozi b’Umudugudu

Kubaha abayobozi n’inzego z’ubuyobozi Kwiyambaza inzego z’ubuyobozi no kubishishakariza abandi

Abayobozi b’Umudugudu 1. Abayobozi b’Umudugudu 2. Inshingano z’abayobozi b’Umudugudu

- Kuganirira mu matsinda hagaragazwa inzego z’ubuyobozi bw’Umudugudu n’inshingano zabwo hanyuma bakabitangariza abandi

Kurondora abagize ubuyobozi bw’Akagari.

Gusobanura inshingano z’abayobozi b’Akagari

Kubaha abayobozi n’inzego z’ubuyobozi Kwiyambaza inzego z’ubuyobozi no kubishishakariza abandi

Abayobozi b’Akagari 1. Abayobozi b’Akagari 2. Inshingano z’abayobozi b’Akagari

- Kuganirira mu matsinda hagaragazwa inzego z’ubuyobozi bw’Akagari n’inshingano zabwo hanyuma bakabitangariza abandi

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ijyanye n’ishuri , Umudugudu n’Akagari Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo gusobanura inshingano z’umunyeshuri, ibiranga Umudugudu n’Akagari n’ibigize ibendera ry’u Rwanda Imfashanyigisho : Ibishushanyo bigaragaza inshingano z’abanyeshuri , ibiranga Umudugudu n’Akagari , ibendera ry’u Rwanda

Page 55: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

42

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza Umwaka wa 2 Umutwe wa 3: Isuku

Umubare w’amasomo: 8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe Azaba ashobora: - Kurangwa n’ umuco wo gusukura ibiribwa n’ibinyobwa - kwirinda indwara ziterwa no kudasukura ibiribwa n’ibinyobwa

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha -Kuvuga uko bagirira amazi isuku

-Kugaragaza uburyo bwo gusukura amazi, kuyabika n’akamaro kabyo

-Kurangwa n’ umuco wo gusukura amazi - Kugira akamenyero ko kunywa amazi asukuye - Kugira ubuzima buzira umuze ukomoka ku mwanda w’amazi

Isuku y’amazi -Uburyo bwo gusukura amazi ( uko bayateka, uko bayabika…) -Akamaro ko gusukura amazi

-Guteka amazi , kuyayungurura no kuyabika neza no kuganira ku kamaro kabyo

-Gutahura uburyo bunyuranye bwo gusukura ibiribwa

-Gusobanura uburyo ibinyobwa n’ibiribwa bisukurwa n’akamaro kabyo

-Kurangwa n’ umuco wo gusukura ibiribwa n’ibinyobwa -Kugira ubuzima

Isuku y’ibiribwa n’ibinyobwa -Isuku y’ ibiribwa n’akamaro kayo

-Gusukura ibiribwa (imbuto) n’ibinyobwa (amata, umutobe…) no kuganira ku kamaro

Page 56: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

43

n’ibinyobawa

buzira umuze ukomoka ku mwanda w’ibiribwa n’ibinyobwa

-Isuku y’ ibinyobwa n’akamaro kayo

kabyo

-Gusobanura ingaruka zo kutagira isuku y’amazi, ibiribwa n’ibinyobwa

-Gusesengura ingaruka zo kutagira isuku y’amazi, ibiribwa n’ibinyobwa

-Kugira umuco wo gusukura amazi , ibiribwa n’ibinyobwa igihe cyose -Kurangwa n’isuku

Ingaruka zo kutagira isukuy’ibiribwa n’ibinyobwa -Ingaruka zinyuranye zo kutagira isuku y’amazi,y’ibiribwa n’iy’ibinyobwa -Uko bazirinda

-Kuganirira mu matsinda ku ngaruka zo kutagira isuku y’amazi, ibiribwa n’ibinyobwa no kubwira abandi ibyo bagezeho bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku isuku n’isukura ry’ibiribwa n’ibinyobwa Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kugira no kugaragaza isuku y’ibiribwa, ibinyobwa no kwirinda indwara ziterwa no kudasukura ibiribwa n’ibinyobwa Imfashanyigisho: Amazi, isafuriya, inkwi, imbuto zinyuranye, amashusho y’ukuntu basukura ibiribwa , imashini isya imbuto, agakamurandimu,…

Page 57: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

44

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza

Umwaka wa 2 Umutwe wa 4 Indwara Umubare w’amasomo: 5 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : kwirinda indwara zitandura

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha -Kurondora

indwara zitandura zirimo iziterwa n’umwanda

-Gusobanura ibitera indwara zitandura

-Kurangwa n’ umuco wo kwirinda indwara ziterwa n’umwanda -Kugira imyitwarire iboneye mu kwirinda indwara zitandura

Indwara: -Kwirinda indwara zitandura ziterwa n’umwanda ( Inzoka zo mu nda n’impiswi) -Izindi ndwara zitandura (Bwaki, uruzingo…)

-Kwitegereza amashusho no gutahura indwara zandura n’izitandura bakaziganiraho bagaragaza izo bahuye nazo -Kuganirira mu matsinda mato uburyo bwo kwirinda indwara no gutangariza abandi uko bakwitwara ngo birinde

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku ndwara zitandura Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kwirinda indwara zitandura Imfashanyigisho : Amashusho agaragaza abantu barwaye indwara zitandura ,amafoto,filimi

Page 58: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

45

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza

Umwaka wa 2 Umutwe wa 5 :Imibanire ,imyitwarire iboneye Umubare w’amasomo: 11

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe :kurangwa n’ubupfura , ubushishozi no kudasesagura mu mibereho ye Intego Ibyigwa

Ibikorwa

by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro

Ubukesha

-Kurondora uburenganzira bw’abana.

-Gusobanura akamaro ko kubahiriza uburenganzira bw’abana n’ingaruka zo kutabwubahiriza -Gusobanura uburyo bunyuranye bw’ihohoterwa rikorerwa abana n’uko baryirinda

-Kurangwa n’ubupfura (kwiyubaha no kubaha abandi), ubumwe no kwirinda ihohoterwa rikorerwa abana -Guharanira uburenganzira bw’umwana

Uburenganzira bw’umwana -Uburenganzira bw’abana -Akamaro ko kubahiriza uburenganzira bw’abana -Ihohoterwa rikorerwa abana n’impamvu ziritera -Kwirinda ihohoterwa rikorerwa abana

-Ikinamico igaragaza uburyo bwo kubahiriza uburenganzira bunyuranye bw’umwana no kuvuga Umutwe wa bakuyemo -Kuganirira mu matsinda uburyo bunyuranye abana bahohoterwamo n’uko bakwirinda ihohoterwa hanyuma bakageza ku bandi ibyo bagezeho.

-Kurondora ibikorwa

-Gusobanura uburyo bwo

-Kurangwa n’ibikorwa byimakaza

Umuco w’amahoro Kubana mu mahoro n’abantu banyuranye

-Gushakira hamwe mu matsinda ibikorwa

Page 59: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

46

byimakaza umuco w’amahoro

kubana n’abandi mu mahoro

umuco w’amahoro

-mu mikino, - mu myigire Kwimakaza umuco w’amahoro -mu biganiro - mu bikorwa binyuranye ku ishuri

byimakaza umuco w’ Amahoro bakabigeza ku bandi, hanyuma bakarebera hamwe ibyo bakwiriye gukora.

-Gutahura imyitwarire iboneye ku ishuri

-Gusobanura uburyo bunyuranye bwo kwitwara neza ku ishuri n’akamaro kabyo

-Kubaha, kurangwa n’ ubupfura n’ubworoherane no guha agaciro abantu n’ibintu Kubana neza n’abandi -Kwisuzuma( kugenzura uko yitwara ku bandi) no kwisubiraho

Imyitwarire iboneye ku ishuri -Imyitwarire iboneye mu ishuri ( kubahiriza amategeko n’amabwiriza y’ishuri) -Imyitwarire iboneye ku bayobozi b’ishuri, kuri bagenzi be cyane cyane abafite ibibazo byihariye (Ubumuga n’ibindi)

-Gukorera mu matsinda batora amategeko yagenderwaho mu ishuri rye, bakayatangariza abandi -Gukora ibikorwa bigaragaza imyitwarire iboneye kuri bagenzi babo bafite ibibazo byihariye nabo bakabwira abandi uko babyakiriye n’icyo byabamariye

-Gutahura ibikorwa bibangamira imyanya ndangagitsina

-Gusobanura uburyo buboneye bwo kwirinda ibikorwa bibangamira imyanya ndangagitsina

-Kwirinda ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina -Kugira ubuzima bwiza

Imyanya myibarukiro -Ibikorwa bibi bibangamira imyanya ndangagitsina (gukorakora , gukurura…) guhohotera,imihango ikorerwa abana ibabaza : gusiramura abakobwa…)

-Kwitegereza amashusho no gutahura uko ihohoterwa rishingiye ku myanya ndangagitsina rikorwa bagafata ingamba zo kwirinda

Page 60: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

47

-Gusobanura ubumuga

icyo ari cyo

-Gusobanura uburenganzira bw’abafite ubumuga

-Kugira imyitwarire iboneye ku bantu bafite ubumuga -Kwiyakira ku bafite ubumuga

Ubumuga -Ubumuga icyo ari cyo

-Uburenganzira bw’abafite ubumuga

-Kuganira mu matsinda ubumuga icyo ari cyo n’ibikorwa bikorerwa abafite ubumuga (kubafasha kugenda,gutwara ibintu, kutabaha akato.. -Kugeza ku bandi ibyo baganiriye bose bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku byangombwa nkenerwa mu buzima Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kugaragaza ibikorwa by’ubupfura , ubushishozi no kudasesagura mu mibereho ye Imfashanyigisho : Amashusho agaragaza imibanire n’imyitwarire y’abantu itandukanye ibintu bifatika,amafoto,filimi

Page 61: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

48

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza

Umwaka wa 2 Umutwe wa 6: Ubukungu Umubare w’amasomo: 11

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Kurangwa no kudasesagura mu mibereho ye

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kugaragaza inzitizi zo kutabona ibyangombwa nkenerwa mu buzima

-Gusobanura inzitizi n’ingaruka zo kutabona ibyangombwa nkenerwa mu buzima

-Gucunga neza umutungo w’urugo n’uw’ishuri. -Kwirinda gusesagura

Ibyangombwa nkenerwa mu buzima -Inzitizi zo kubona ibyangombwa mu buzima -Ingaruka zo kutabona ibyangombwa bikenerwa mu buzima

-Kwitegereza amashusho ariho imirimo inyuranye ituma imiryango ibona ibyo ikeneye maze bakagaragaza igikorwa buri wese mu muryango we -Gukina mu matsinda udukino twerekana uko mu muryango babona ibyangombwa nkenerwa, inzitizi n’ingaruka zo kutabibona hanyuma bagafata ingamba z’uko bakwitwara bigatangarizwa abandi mu ruhame.

Page 62: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

49

-Kugaragaza akamaro k’amafaranga

-Gusobanura uburyo buboneye bwo gukoresha amafaranga

-Gukoresha neza amafaranga -Kuzigama -Kwirinda gusesagura -Kwishimira ibyo Ufite(nturarikire iby’abandi)

Amafaranga -Akamaro k’amafaranga mu muryango - Inzitizi zituma amafaranga ataboneka mu muryango -Ingaruka zo kubura amafaranga mu rugo -Uburyo buboneye bwo gukoresha neza amafaranga -Ingaruka zo gukoresha nabi amafaranga

-Gukorera mu matsinda bakagaragaza akamaro k’amafaranga mu muryango, ingaruka zo kutayabona n’uburyo buboneye bwo kuyakoresha nyuma bakabitangariza bagenzi babo mu ishuri.

-Gutahura

ibigize umutungo rusange

-Gusobanura ibintu by’ingenzi bigize umutungo rusange mu mudugudu no mu kagari atuyemo

- Kurangwa no kubungabunga umutungo rusange -Kugira umuco wo kurata, gushima no kunezezwa n’ibintu nyaburanga biri aho atuye

Umutungo rusange -Ibintu by’ingenzi bigize umutungo rusange mu mudugudu no mu kagari -Imicungire y’umutungo rusange uri mu mudugudu no mu kagari

-Gukora urugendoshuri rwo gusura bimwe mu bigize umutugo rusange mu mudugudu no mu kagari hanyuma bakaganira ku byo babonye bose bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku byangombwa nkenerwa mu buzima Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kugaragaza ibikorwa by’ubupfura , ubushishozi no kudasesagura mu mibereho ye Imfashanyigisho : Amashusho agaragaza imibanire n’imyitwarire y’abantu itandukanye ibintu bifatika,amafoto,filimi

Page 63: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

50

Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi

Umwaka wa 2 Umutwe wa 7:Ibidukikije Umubare w’amasomo:11

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : kwiyobora, kuyobora abandi no gufata neza ibidukikije

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumen

yi Ubumenyingi

ro Ubukesha

-Gutahura aho ibintu n’ahantu biherereye

-Kuranga aho ibintu n’ahantu biherereye akoresheje amerekezo

-Kwiyobora no kuyobora abandi -Kwitegereza ibimukikije

Amerekezo -Uburyo bwo kuranga ibintu by’ingenzi biri hafi y’iwabo akoresheje amerekezo -Uburyo bwo kuranga ibintu by’ingenzi biri hafi y’ishuri akoresheje amerekezo -Uko yaranga ahantu runaka akoresheje amerekezo

-Kwitegereza ibyo babona bari hanze y’ishuri, ku nzira ijya ku ishuri bakaranga aho biherereye, bakaza kubwira abandi aho buri kintu giherereye.

-Kugaragaza ibidukikije biri mu gace ishuri rihererey

-Gusobanura uburyo bwo gufata neza ibidukikije akamaro kabyo, n’ingaruka zo kutabyitaho

-Kurangwa n’ umuco wo kubungabunga ibidukikije

Ibidukikije -Ibidukikije biri mu gace ishuri riherereyemo -Uburyo bwo gufata neza ibidukikije

-Akamaro ko kubungabunga ibidukikije aho umuntu atuye -Ingaruka zo kutita ku bidukikije

-Gukora urugendoshuri bajya gusura ahantu hatandukanye hari ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije (amaterasi y’indinganire, ubusitani bukoze neza…) no gusura ahantu hari ibikorwa byangiritse , barangiza bagatangaza ibyo babonye

Page 64: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

51

emo

-Gukora ubwabo igikorwa cyo kubungabunga ibidukikije (gutera ibiti n’indabo, kuvomerera ibimera…)

-Kwegeranya no gutanga imibare y’abanyeshuri bigana

-Kubara abanyeshuri abashyira mu byiciro bitandukanye

-Kurangwa n’ umuco wo kwitegereza, gusesengura no kugereranya

Abaturage -Umubare w’abanyeshuri bigana -Uburyo bwo kwegeranya imibare y’ibintu bisano kugereranya ibyiciro ( Urg : Umubare w’abakobwa ,

uw’abahungu, abimutse, abasibiye,…)

-Gukorera mu matsinda umwitozo wo kubara abanyeshuri bigana , bakabashyira mu byiciro bitandukanye hanyuma bagatangaza imibare babonye muri buri cyiciro.

Ihuriro n’andi masomo :inyunguramagambo ku bidukikije Ibigenderwaho mu isuzuma:ubushobozi bwo kwiyobora, kuyobora abandi no gufata neza ibidukikije Imfashanyigisho :ibishushanyo by’ibintu n’ahantu hatandukanye, amafoto, videwo n’ibintu bifatika

Page 65: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

52

Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi Umwaka wa 2 Umutwe wa 8:Ubwikorezi n’itumanaho Umubare w’amasomo:5 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Gutandukanya amoko y’ubwikorezi n’itumanaho n’akamaro kabyo

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingir

o Ubukesha

-Kugaragaza amoko y’ubwikorezi n’uburyo bukorwamo aho aba

Gusobanura akamaro k’ubwikorezi bukorerwa aho atuye

-Kurangwa n’umuco wo kubungabunga inzira z’ubwikorezi (imihanda, ibiraro, imigezi, ibiyaga….)

Ubwikorezi - Amoko y’ubwikorezi n’uburyo bukorwamo -Akamaro k’ubwikorezi

-Kuganira mu matsinda ku moko y’ubwikorezi, uburyo bukorwamo n’akamaro kabwo hanyuma bakabwira abandi icyo baganiriyeho bose bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi. -Gukora urugendoshuri rwo gusura ahantu hakorerwa ibikorwa by’ubwikorezi : ku kiyaga, ku isoko, muri gare, ku kibuga cy’indege… bagasura ibikorwa bihakorerwa bakaganira ku bwikorezi hanyuma bakaza gukora incamake y’ibyo babonye

-Kurondora amoko y’itumanaho

-Gusobanura akamaro k’itumanaho n’uburyo rikorwamo

-Kurangwa n’ umuco wo gukoresha neza itumanaho

Itumanaho -Amoko y’itumanaho n’uburyo rikorwamo -Akamaro k’itumanaho

-Kuganira mu matsinda ku moko y’itumanaho, uburyo rikorwamo n’akamaro karyo hanyuma bakabwira abandi icyo baganiriyeho bose bakabiganiraho bakora incamake ku bitekerezo by’ingenzi

Ihuriro n’andi masomo : inyunguramagambo ku birebana n’ubwikorezi n’itumanaho Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo gutandukanya amoko y’ubwikorezi n’itumanaho n’akamaro kabyo Imfashanyigisho: ibyapa by’umuhanda, ibishushanyo by’abakoresha umuhanda , ibikoresho by’itumanaho ( telefoni, Amabahasha,impapuro…)

Page 66: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

53

Imbumbanyigisho:Amateka Umwaka wa 2 Umutwe wa 9: ibintu by’ingenzi byaranze

amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye Umubare w’amasomo:4

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Gushakashaka no kuzirikana amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye

Intego Ibyigwa Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kurondora ibintu by’ingenzi byaranze amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye

-Gusobanura ibyaranze amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye

-Kurangwa n’ umuco -- wo kuzirikana amateka - kumenya aho uva n’aho ujya - gushakashaka

Amateka -Ibintu by’ingenzi byaranze amateka y’aho atuye -Ibintu by’ingenzi byaranze amateka y’ishuri yigamo

-Gukora ubushakashatsi ku byaranze amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye akabiganirira abandi bakabyunguranaho ibitekerezo.

Ihuriro n’andi masomo :inyunguramagambo ku mateka Ibigenderwaho mu isuzuma:ubushobozi bwo gushakashaka no gusobanura amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye Imfashanyigisho : amashusho y’ibyaranze amateka y’aho atuye n’ay’ishuri rye , amafoto,filimi

Page 67: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

54

5.4 . Umwaka wa gatatu

5.4.1 Intego rusange z’umwaka wa Gatatu

- Gusobanukirwa imiterere y’umurenge atuyemo - Kwimakaza umuco w’amahoro n’ uburenganzira bwa muntu aho atuye - Kurangwa n’imyitwarire iboneye aho ari hose - Guharanira imibereho myiza y’umuryango Gusobanukirwa ubukungu bw’ umurenge atuyemo Kugira ubumenyi

mu burere mboneragihugu, ubumenyi bw’isi n’amateka.

5.4.2 Urutonde rw’amasomo y’umwaka wa gatatu

1 Umutwe wa 1: Umuryango mugari

2 Umutwe wa 2: Umurenge wacu

3 Umutwe wa 3 : Isuku 4 Umutwe wa 4: Imibanire n’imyitwarire iboneye

5 Umutwe wa 5 : Ubukungu 6 Umutwe wa 6: Ubuyobozi bw’Akagari n’ubw’Umurenge

7 Umutwe wa 7: Ibidukikije mu murenge

8 Umutwe wa 8:Ubwikorezi n’itumanaho

9 Umutwe wa 9 : Ibintu by’ingenzi byaranze amateka y’Umurenge wacu

Page 68: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

55

Imbumbanyigisho :Imiterere y’umuryango

Umwaka wa 3 Umutwe wa 1: Umuryango mugari Umubare w’amasomo:7

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Kugaragaza akamaro ko kubahiriza inshingano mu muryango n’ingaruka zo kutazubahiriza

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kurondora inshingano za buri wese ugize umuryango mugari

-Gusobanura akamaro ko kubahiriza inshingano mu muryango mugari n’ingaruka zo kutazubahiriza

-Kurangwa n’umuco wo kubana neza n’abandi ,gufashanya kubahana no kugira urukundo

Kubahiriza inshingano mu muryango mugari

-Ibyiza byo kubahiriza inshingano za buri wese mu muryango mugari -Ingaruka mbi zo kutubahiriza inshingano mu muryango mugari .

-Gukora igikorwa cyo kubaza mu muryango mugari wabo uko bubahiriza inshingano zabo n’ingaruka bahura nazo iyo batabyubahirije hanyuma bakabitangariza abandi mu ishuri ;bose bakabiganiraho bagakora incamake .

-Kurondora ibigize umutungo w’umuryango

-Gusobanura akamaro k’ibintu by’ingenzi bigize umutungo w’umuryango

Kurangwa n’ umuco wo : - kubungabunga umutungo w’umuryango

Gufata neza umutungo w’umuryango -Umutungo w’umuryango

-Akamaro k’umutungo w’umuryango

-Imikoreshereje n’imicungire

-Kuganirira mu matsinda Ibigize umutungo w’umuryango, akamaro n’imicungire yawo hanyuma bagatangariza

Page 69: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

56

n’uburyo bwo kubicunga neza

-Kunyurwa no kunezezwa n’umutungo w’umuryango

iboneye y’umutungo w’umuryango

3. Ibyiza byo kunyurwa no kunezezwa n’umutungo w’umuryango

abandi ibyo bagezeho -Kuganirira mu matsinda Uko bacunga neza umutungo w’umuryango, hanyuma bagatangariza abandi ibyo bagezeho -Kuganirira mu matsinda Ibyiza byo kunyurwa no kunezezwa n’ umutungo w’umuryango, hanyuma bagatangariza abandi ibyo bagezeho

Ihuriro n’andi masomo : kwiteganyiriza, kuzigama Ibigenderwaho mu isuzuma: ubushobozi bwo kugaragaza akamaro ko kubahiriza inshingano mu muryango n’ingaruka zo kutazubahiriza Imfashanyigisho : amashusho agaragaza uko abagize umuryango bubahiriza inshingano zabo, amafoto n’ ibintu bifatika biboneka aho atuye

Page 70: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

57

Imbumbanyigisho: Uburere mboneragihugu

Umwaka wa 3 Umutwe wa 2: Umurenge wacu Umubare w’amasomo:15

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Kubaha no kwiyambaza ubuyobozi bw’Umurenge no kubungabunga ibikorwa by’ingenzi biri mu murenge

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kugaragaza ibiranga Umurenge we n’aho uherereye ku ikarita y’Akarere

-Kwerekana ku ikarita aho Umurenge uherereye ,Utugari twawo n’Imirenge bihana imbibi

-Kurangwa n’ umuco wo kwitegereza

Ibiranga Umurenge wacu -Ibiranga Umurenge wacu -Ikarita y’Umurenge wacu n’Utugari tuwugize -Gutandukanya ikarita n’igishushanyo -Imirenge ihana imbibi n’Umurenge wacu

-Gukorera mu matsinda bagaragaza aho Umurenge wabo uherereye ku ikarita y’akarere n’ibiwuranga hanyuma bakaza gutangariza abandi ibyo bagezeho. Bose bakabyunguranaho ibitekerezo.

-Kugaragaza ibintu by’ingenzi biri mu murenge wabo

-Gusobanura uburyo bunyuranye bwo kubungabunga ibintu by’ingenzi biri mu murenge wabo ,

-Kurangwa n’umuco wo kwitegereza no gusobanurira abandi ibyo

Ibintu by’ingenzi biboneka mu murenge wacu -Ibintu by’ingenzi mu murenge wacu

-Gukora urugendo shuri bakitegereza ibintu by’ingenzi biri mu murenge wabo;

bakaza kurebera hamwe akamaro kabyo , niba

Page 71: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

58

n’akamaro kabyo yabonye -Kugira uruhare mu kubungabunga ibintu by’ingenzi biboneka mu murenge

-Akamaro ka bimwe mu bintu by’ingenzi mu murenge wacu. -Kubungabunga ibintu by’ingenzi mu murenge wacu

bifashwe neza cyangwa nabi n’ingamba zafatwa zo kubibungabunga .

-Kurondora abagize ubuyobozi ku rwego rw’Umurenge n’ inshingano zabo.

-Gutandukanya abayobozi ku rwego rw’Umurenge n’ inshingano zabo -Gusobanura uko abayobozi b’inzego z’ibanze bashyirwaho

-Kwiyambaza inzego z’ubuyobozi no kubishishakariza abandi -Kubaha abayobozi

Abayobozi b’umurenge -Abayobozi b’Umurenge -Inshingano z’abayobozi b’Umurenge

-Uburyo abayobozi b’inzego z’ibanze bashyirwaho

-Kuganirira mu matsinda hagaragazwa abagize ubuyobozi ku rwego rw’Umurenge n’inshingano zabo hanyuma bakabitangariza abandi -Kuganirira mu matsinda uburyo bwo kubaha abayobozi n’inzego z’ubuyobozi, bagatangariza abandi ibyo bagezeho , bagafata ingamba z’ibyo bakora.

-Kugaragaza ibigize umutungo w’ishuri.

-Gusobanura akamaro k’ ibintu by’ingenzi bigize umutungo w’ishuri , imicungire

Kurangwa n’umuco wo - kubungabunga umutungo w’ishuri

Gufata neza umutungo w’ishuri -Umutungo w’ishuri -Akamaro k’umutungo w’ishuri -Imikoreshereje n’imicungire

-Kuganirira mu matsinda Ibigize umutungo w’ishuri, akamaro n’imicungire yawo hanyuma bagatangariza abandi ibyo bagezeho

Page 72: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

59

n’imikoreshereze yawo

-kunyurwa no kunezezwa n’umutungo w’ishuri

iboneye y’umutungo w’ishuri

Gutahura ibigize umutungo rusange uri mu murenge

Gusobanura akamaro k’ ibintu by’ingenzi bigize umutungo rusange uri mu murenge, imicungire n’imikoreshereze yawo

Kurangwa n’umuco wo : -kubungabunga umutungo rusange uri mu murenge -kunyurwa no kunezezwa n’umutungo rusange uri mu murenge

Gufata neza umutungo rusange mu murenge 1. ibikorwa remezo n’akamaro kabyo 2. Imikoreshereze n’imicungire iboneye y’umutungo rusange

Gukora urugendoshuri rwo gusura bimwe mu bigize umutungo rusange mu murenge hanyuma bagatangariza abandi ibyo babonye Kuganirira mu matsinda Ibigize umutungo rusange uri mu murenge, akamaro n’imicungire yawo hanyuma bagatangariza abandi ibyo bagezeho. -Gukora igikorwa cyo kubungabunga kimwe mu bikorwa remezo (umuhanda , ishuri,ivomo…)

Ihuriro n’andi masomo : gusoma ikarita Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo gutahura umurenge wabo ku ikarita y’Akarere , kuvuga ibiwuranga n’inshingano z’abayobozi b’Umurenge Imfashanyigisho : ikarita y’Akarere, iy’Umurenge, ibishushanyo by’ibintu by’ingenzi biboneka mu murenge

Page 73: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

60

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza

Umwaka wa 3 Umutwe wa 3 : Isuku

Umubare w’amasomo: 4

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : kurangwa n’ isuku kuri we, aho yiga n’aho aba Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha -Kurondora uburyo bunyuranye bwo gukora isuku y’ishuri n’aho atuye

-Gusesengura akamaro k’isuku n’ingaruka z’umwanda ku ishuri n’aho atuye

-Kugaragaza isuku mu ishuri, ku ishuri n’aho atuye ( Mu myambarire, mu gufata neza ibikoresho bye, mu kwandika neza…..)

Isukuy’ishuri n’aho dutuye -Isuku y’ishuri no ku ishuri -Akamaro k’isuku y’ishuri no ku ishuri -Isuku y’aho atuye 3. a)Akamaro k’isuku y’aho

atuye b) Ingaruka zo kugira isuku

nke

-Gukorera mu matsinda ibikorwa by’isuku: gukubura ishuri, guhanagura imikungugu, kubika neza ibitabo, guhanagura ikibaho,… -Kuganirira mu matsinda ku kamaro ko kugira isuku mu ishuri , ku ishuri n’aho atuye n’ingaruka z’umwanda hanyuma bagafatira hamwe ingamba zo guhorana isuku

-Kurondora indwara zandura , uko zandura n’uburyo bwo kuzirinda

-Gusobanura akamaro ko kwirinda indwara zandura

-Kurangwa n’ umuco wo kwirinda indwara

Indwara zandura

-Amoko y’indwara zandura : Ubuheri, ibihushi, ise, amaso, Inkorora , igituntu,

amashamba, iseru, ibihara, Malariya, SIDA, Ebola,… -Inzira abantu banduriramo

-Kwitegereza amashusho no gutahura indwara zandura bakaziganiraho bagaragaza izo bahuye nazo -Kuganirira mu matsinda mato uburyo bwo kwirinda indwara zandura no gutangariza abandi uko bakwitwara ngo birinde

Page 74: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

61

indwara zandura -Uburyo bwo kwirinda indwara Zandura

-Gusobanura uko yagirira isuku imyanya ndagagitsina

-Gusukura imyanya ndagagitsina -Kugaragaza uko yakwirinda ingaruka z’isuku nke y’imyanya ndangagitsina

-Kubungabunga imyanya ndagagitsina -Kurangwa n’ ubuzima bwiza

Isuku y’imyanya ndangagitsina -Isuku y’imyanya ndagagitsina

- Ingaruka zo kutagirira isuku

imyanya ndangagitsina

-Kuganirira mu matsinda uko basukura imyanya ndangagitsina hanyuma bagafata ingamba zo kubishyira mu bikorwa -Kwitegereza mu matsinda Amashusho yerekana indwara ziterwa n’isuku nke y’ imyanya ndangagitsina hanyuma bagafata ingamba zo kuzirinda

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku isuku n’isukura no ku ndwara zandura Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo kugaragaza isuku kuri we, aho yiga n’aho aba Imfashanyigisho : ibikoresho binyuranye by’isuku,amashusho agaragaza ibikorwa by’isuku, indwara zandura , amafoto, filimi, video.

Page 75: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

62

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza

Umwaka wa 3 Umutwe wa 4: Imibanire n’imyitwarire iboneye Umubare w’amasomo : 4

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : kwiyubaha no kubaha ikiremwa muntu Intego Ibyigwa

Ibikorwa

by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha -Kurondora uburenganzira bw’ibanze bwa muntu

-Gusobanura uburyo bwo kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bwa muntu kuri we no ku bandi

-Kubahiriza uburenganzira bwa muntu -Kurangwa n’ ubupfura (kwiyubaha no kubaha abandi ) n’ubumwe

Uburenganzira bw’ibanze bwa muntu Uburenganzira bw’ibanze bwa muntu (aho ari ho hose n’uko ameze kose )

Gukina mu matsinda udukino tugaragaza uburyo bunyuranye bwo kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bwa muntu hanyuma bakavuga isomo bakuyemo

-Kurondora amoko y’ubumuga

-Gusobanura ibitera ubumuga no kugaragaza uburyo bukwiye bwo kubyirinda

-Kubana neza n’abafite ubumuga Kwiyakira ku bafite ubumuga -Kugira imyitwarire iboneye ku bantu bafite ubumuga

Ubumuga -Amoko y’ubumuga

( ubumuga

bw’ingingo, ubwo

kutabona n’ubwo

kutumva )

-Ibitera ubumuga

-Kuganira mu matsinda ibitera ubumuga n’amoko yabwo bakageza ku bandi ibyo baganiriye -Kuganirira mu matsinda uko bakwirinda ubumuga bakabitangariza

Page 76: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

63

- Uko bakwirinda

ubumuga

- Uko babana neza

n’abafite ubumuga

abandi muri rusange -Kuganirira mu matsinda uko babana n’abafite ubumuga bakabitangariza abandi muri rusange

-Kurondora imyitwarire iboneye umwana agomba kugira ahantu aho ari ho hose

-Gusobanura uburyo bunyuranye bwo kugaragaza imyitwarire iboneye umwana agomba kugira ahantu aho ari ho hose

Kurangwa n’umuco wo:

- kubaha,n’ubupfura - w’ubworoherane no

guha agaciro abantu n’ibintu -Kubana neza n’abandi -Kwisuzuma no kwigaya

Imyitwarire iboneye -Imyitwarire iboneye

y’abana mu bihe bitandukanye n’ahantu hatandukanye ( mu minsi mikuru, ahateraniye abantu benshi,mu nzira,…)

-Gukora ibikorwa bigaragaza imyitwarire iboneye kuri bagenzi babo bafite ibibazo byihariye nabo bakabwira abandi uko babyakiriye n’icyo byabamariye

Ihuriron’andi masomo : Inyunguramagambo ku : Imibanire n’imyitwarire iboneye Ibigenderwaho mu isuzuma:Ubushobozi bwo kwiyubaha no kubaha ikiremwa muntu Imfashanyigisho : Ibishushanyo bigaragaza imyitwarire iboneye , filimi, videwo

Page 77: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

64

Imbumbanyigisho: Imibereho myiza

Umwaka wa 3 Umutwe wa 5 : Ubukungu

Umubare w’amasomo:6

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Kugira umuco wo kwizigamira no kudasesagura n’ingaruka zo kutizigamira

Intego

Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha -Kurondora ahantu hanyuranye dukura amafaranga n’ibintu tuyatangaho

- Gusobanura uburyo bwiza bwo gukoresha amafaranga, akamaro ko kwizigamira n’ingaruka zo kutizigamira

Kugira umuco wo kuzigama , kwirinda gusesagura no kwishimira ibyo ufite Gukoresha neza amafaranga

Kwiteganyiriza

-Aho dukura amafaranga -Ibyo dutangaho amafaranga -Uburyo bwo kwizigamira -Akamaro ko kwizigamira -Ingaruka zo kutizigamira

-Gukorera mu matsinda bakagaragaza imikoreshereze y’amafaranga, ibyiza byo kuzigama n’ibibi byo kutazigama hanyuma bagatangariza bagenzi babo ibyo bagezeho maze bagafata ingamba

Ihuriro n’andi masomo : inyunguramagambo ku kwizigamira Ibigenderwaho mu isuzuma:ubushobozi bwo gusobanura imikoreshereze myiza y’amafaranga, akamaro ko kwizigamira n’ingaruka zo kutizigamira Imfashanyigisho : amashusho agaragaza ibikorwa binyuranye abantu bakuramo amafaranga , filimi , amafoto,videwo, ibintu bifatika

Page 78: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

65

Imbumbanyigisho: Uburere

Mboneragihugu

Inyigisho: Imiyoborere myiza

Umwaka wa 3 Umutwe wa 6: Ubuyobozi bw’Akagari n’ubw’Umurenge

Umubare w’amasomo:3

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe :Kugaragaza abayobozi b’Akagari n’ab’Umurenge n’inshingano zabo Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Gutahura abayobozi ku rwego rw’Akagari

-Gutandukanya abayobozi ku rwego rw’Akagari n’ inshingano zabo

-Kwiyambaza inzego z’ubuyobozi no kubishishakariza abandi -Kubaha abayobozi n’inzego z’ubuyobozi

Abayobozi b’akagari -Abayobozi b’Akagari -Inshingano z’abayobozi b’Akagari

-Kuganirira mu matsinda hagaragazwa abayobozi ku rwego rw’Akagari n’inshingano zabo hanyuma bakabitangariza abandi -Kuganirira mu matsinda uburyo bwo kubaha abayobozi n’inzego z’ubuyobozi, bagatangariza abandi ibyo bagezeho, bagafata ingamba z’ibyo bakora.

-Kurondora abagize ubuyobozi ku rwego rw’Umurenge n’ inshingano zabo.

-Gutandukanya abayobozi ku rwego rw’Umurenge n’ inshingano zabo -Gusobanura uko abayobozi b’inzego z’ibanze bashyirwaho

-Kwiyambaza inzego z’ubuyobozi no kubishishikariza abandi -Kubaha abayobozi

Abayobozib’umurenge -Abayobozi b’Umurenge -Inshingano z’abayobozi b’Umurenge -Uburyo abayobozi b’inzego z’ibanze bashyirwaho

-Kuganirira mu matsinda hagaragazwa abagize ubuyobozi ku rwego rw’Umurenge n’inshingano zabo hanyuma bakabitangariza abandi -Kuganirira mu matsinda uburyo bwo kubaha abayobozi n’inzego z’ubuyobozi, bagatangariza abandi ibyo bagezeho,bagafata ingamba z’ibyo bakora.

Page 79: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

66

Ihuriro n’andi masomo :inyunguramagambo ku nzego z’ubuyobozi bw’ Akagari Ibigenderwaho mu isuzuma:ubushobozi bwo kugaragaza abayobozi b’ Akagari n’inshingano zabo n’uburyo bwo kubiyambaza no kububaha Imfashanyigisho :ibishushanyo bigaragaza inzego z’ubuyobozi bw’Akagari , filimi

Page 80: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

67

Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi

Umwaka wa 3 Umutwe wa 7: Ibidukikije mu murenge Umubare w’amasomo:5 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Kugaragaza no kuranga ibidukikije biri mu murenge akoresheje ikarita y’Umurenge

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kurondora amerekezo akoreshwa mu kuranga ahantu n’ibintu

-Kwerekana aho ibintu n’abantu biherereye yifashishije amerekezo -Gushushanya ikarita y’Umurenge no kwerekana ahantu h’ingenzi

-Kwiyobora no kuyobora abandi akoresheje amerekezo -Kwitegereza ibimukikije -Kugira umuco wo kujora , gushima no kunezezwa n’ahantu cyangwa ibikorwa

Amerekezo -Amerekezo ane y’ingenzi (gukoresha idira)

-Ikarita y’Umurenge

-Ahantu h’ingenzi mu murenge wacu n’ibihakorerwa.

-Kuganira mu matsinda ku bintu by’ingenzi bigaragara mu murenge bakabiranga bakoresheje amerekezo n’idira hanyuma bakaza kuvuga ibyo bagezeho -Gushushanya buri wese ukwe ikarita y’umurenge yerekana ahantu h’ingenzi

-Kurondora ibidukikije biboneka mu murenge we

-Gusobanura uburyo bwo gufata neza ibidukikije mu murenge , akamaro kabyo, n’ingaruka zo kutabyitaho

-Kurangwa n’umuco wo kubungabunga ibidukikije

Ibidukikije -Amoko y’ibidukikije -Akamaro k’ibidukikije biboneka mu murenge

-Kubungabunga no gucunga neza ibidukikije

-Gukora urugendoshuri bajya gusura ahantu hatandukanye hari ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije (amaterasi y’indinganire, ubusitani bukoze neza…) no gusura ahantu hari ibikorwa byangiritse ,

Page 81: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

68

-Ingaruka zo kutita ku bidukikije

barangiza bagatangaza ibyo babonye -Gukora ubwabo igikorwa cyo kubungabunga ibidukikije (gutera ibiti n’indabo, kuvomerera ibimera…)

-Kwegeranya no gutanga imibare y’abatuye Umudugudu n’abatuye Umurenge

-Gusobanura imiturire mu mudugudu no mu murenge wabo

-Kugira umuco wo kwitegereza, gusesengura no kugereranya

Abaturage -Umubare w’abanyeshuri bari mu kigo cy’amashuri -Umubare w’abakozi bari ku kigo n’akazi bakora -Umubare w’abantu batuye mu mudugudu ishuri ryubatsemo -Imiturire mu murenge ishuri ryubatsemo

-Kujya hanze bakitegereza imiturire mu mudugudu ishuri ryubatsemo hanyuma bakaganira ku byo babonye -Kwitegereza ikarita igaragaza imiturire mu mudugudu no mu murenge no kuganirira mu matsinda ku byo babonye bakagira icyo bavuga kuri iyo miturire

Page 82: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

69

-Kurondora imirimo inyuranye ikorerwa mu murenge no kugaragaza uruhare rw’umuryango n’urw’ikigo cy’ishuri muri uwo murenge

-Gusobanura uruhare rw’umuryango n’urw’ikigo cy’ishuri mu mirimo inyuranye ikorerwa mu murenge

-Kurangwa n’ umuco wo kwitegereza, gusesengura, kugereranya no gutanga ibitekerezo ku bintu runaka

Imirimo y’ingenzi ikorerwa mu murenge -Imirimo y’ingenzi ikorerwa mu murenge ishuri riherereyemo -Uruhare rw’umuryango n’urw’ikigo cy’ishuri mu mirimo ikorerwa mu murenge ishuri riherereyemo.

-Gukorera mu matsinda umwitozo wo kurondora imirimo ikorerwa mu murenge bagaragaza uruhare rw’ishuri n’urw’umuryango hanyuma bagatangaza ibyo babonye

Ihuriro n’andi masomo : Inyunguramagambo ku merekezo Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo kugaragaza no kuranga ibidukikije biri mu murenge akoresheje ikarita y’Umurenge Imfashanyigisho :Amakarita anyuranye y’Umurenge ,videwo,amafoto

Page 83: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

70

Imbumbanyigisho: Ubumenyi bw’isi

Umwaka wa 3 Umutwe wa 8:Ubwikorezi n’itumanaho Umubare w’amasomo:5

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe : Kugaragaza no kuranga ibidukikije biri mu murenge akoresheje ikarita y’Umurenge Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha -Kurondora uburyo bukoreshwa mu gutwara abantu n’ibintu mu murenge .

-Gusobanura - ibimenyetso byo ku muhanda n’akamaro kabyo -Gusesengura ingorane abakoresha umuhanda bahura nazo n’uburyo bwo kuzirinda

-Kurangwa n’ imyitwarire iboneye mu muhanda

Ubwikorezi mu murenge -Uburyo bukoreshwa mu gutwara abantu n’ibintu mu murenge -Ibimenyetso byo mu muhanda biyobora abantu n’ibinyabiziga -Akamaro k’ibimenyetso byo mu muhanda. -Ingorane z’ubwikorezi bwo mu murenge

-Kujya mu matsinda bakitegereza amashusho anyuranye agaragaza uburyo bwo gutwara abantu n’ibintu mu murenge, bakaganira ku ngorane abakoresha umuhanda bahura nazo n’uko bazirinda ; hanyuma bagatangariza abandi ibyo bagezeho

-Kurondora ibikoresho by’itumanaho

-Gutandukanya ibikoresho by’itumanaho no kugaragaza akamaro karyo

-Kurangwa n’umuco wo gukoresha neza itumanaho

Itumanaho -Ibikoresho by’itumanaho mu murenge -Akamaro k’itumanaho mu murenge wacu -Uburyo buboneye bwo gukoresha itumanaho mu murenge wacu

-Kuganira mu matsinda ku bikoresho by’itumanaho, n’akamaro karyo hanyuma bakabwira abandi ibyo baganiriyeho -Kuganira mu matsinda ku buryo bwo gukoresha neza itumanaho hanyuma bakabwira abandi ibyo baganiriyeho

Page 84: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

71

Ihuriro n’andi masomo : inyunguramagambo ku birebana n’ubwikorezi n’itumanaho Ibigenderwaho mu isuzuma: Ubushobozi bwo gutandukanya amoko y’ubwikorezi n’itumanaho n’akamaro kabyo Imfashanyigisho : ibyapa by’umuhanda, amashusho y’ubwikorezi butandukanye , ibikoresho by’itumanaho ( telefoni, Amabahasha,impapuro,…)

Page 85: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

72

Imbumbanyigisho: Amateka Inyigisho: Amateka y’Umurenge wacu Umwaka wa 3 Umutwe wa 9 : Ibintu by’ingenzi byaranze amateka

y’Umurenge wacu Umubare w’amasomo:5

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: gusobanura amateka yaranze Umurenge we no kuyashyira ku murongo ndangagihe

Intego Ibyigwa

Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha

-Kurondora amateka y’ingenzi yaranze Umurenge wabo -Kugaragaza uko bakoresha umurongo ndangagihe

-Gushyira ku murongo ndangagihe amateka y’ingenzi yaranze Umurenge wabo

-Kurangwa n’ umuco wo -gukunda igihugu no kumenya aho uva n’aho ujya -Kuzirikana amateka

Amateka -Ibintu by’ingenzi byaranze amateka y’Umurenge wacu

-Umurongo ndangagihe -Gukoresha umurongo ndangagihe

-Gukora ubushakashatsi ku byaranze amateka y’ Umurenge atuyemo akabiganiriza abandi bakabyunguranaho ibitekerezo -Gukora umwitozo wo gushushanya umurongo ndangagihe agashyiraho ibyaranze amateka y’Umurenge wabo

Ihuriro n’andi masomo :inyunguramagambo ku mateka y’Umurenge we Ibigenderwaho mu isuzuma :ubushobozi bwo gusobanura amateka yaranze Umurenge we no kuyashyira ku murongo ndangagihe Imfashanyigisho : amashusho agaragaza ibintu by’ingenzi byaranze amateka y’Umurenge, amafoto

Page 86: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

73

6. IBYIFASHISHIJWE MU GUTEGURA IYI NTEGANYANYIGISHO 6.1 Inyandiko

- (Bartram, D. (2005) The Great Eight competencies: A criterion-centric approach to validation. Journal of Applied

Psychology, 90, 1185–1203

- (Catano, V., Darr, M., & Campbell, C. (2007). Performance appraisal of behaviour-based competencies: A reliable and

valid procedure. Personnel Psychology, 60, 201–230

- ( Craig, R., (2001) Creative Thinking Skills for Life and Education (teaching creativity)

- (Curriculum Framework for Rwandan schools from pre-primary to upper secondary (December 2014)(Dubois, D., &

Rothwell, W. (2004). Competency-Based Human Resource Management.

Davies–Black Publishing

- (Figurski, T. J., (1987) Self Awareness and other awareness: The use of Perspective in everyday life

- (International Conference, (May 2002)“Curriculum in the Service of National Development: What Skills do our

Children Need.

- ( Kathryn L.Stout, B.S.Ed, M.Ed (2004) Strategies for Teaching Kids with Special Needs

- (Kochanski, J. T.,& Ruse, D. H. (1996). Designing a competency-based human resources organization. Human Resource

Management, 35, 19–34

- (McEvoy, G., Hayton, J., Wrnick, A., Mumford, T., Hanks, S., & Blahna, M. (2005).

A competency-based model for developing human resource professionals.

Page 87: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

74

Journal of Management Education, 29, 383–402

- (Rausch, E., Sherman, H., & Washbush, J. B. (2002). Defining and assessing competencies for competency-based,

outcome- focused management development. The Journal of Management Development, 21, 184–200

-

- (Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Integanyanyigisho (2007) Integanyanyigisho y’amasomo mbonezamubano

- (Sanchez, J. I., &. Levine, E. L. (2009). What is (or should be) the difference between competency modeling and

traditional job analysis? Human Resource Management Review, 19, 53–63

-

- (Shandler, D. (2000). Competency and the Learning Organization. Crisp Learning.

- (Shippmann, J. S., Ash, R. A., Battista, M., Carr, L., Eyde, L. D., Hesketh, B., Kehoe,

- J., Pearlman, K., & Sanchez, J. I. (2000). The practice of competency modeling,

Personnel Psychology, 53, 703–740.

- ( Smith SR, Fuller B. MD2000: A competency-based curriculum for the Brown

University School of Medicine. Med Health R.I. 1996;79(8):292-8.

- (Spencer, L M. in Cherniss, C. and D. Goleman, eds. (2001) “The economic value of emotional intelligence competencies

and EIC-based HR programs”, in The Emotionally Intelligent Workplace: How to Select for, Measure, and Improve

Emotional Intelligence in Individuals, Groups and Organizations. San Francisco, CA: Jossey–Bass/Wiley

- (The Zambia Education Curriculum Framework© 2012 Published by Curriculum Development Centre

- (Uganda National Curriculum Development Centre (UNCDC: 2009)

Page 88: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

75

6.2. Poritiki z’uburezi - (Poritiki y’urwego rw’uburezi yakozwe mu mwaka wa 2002.

- (Gahunda y’ibikorwa by’uburezi bwa bose yakozwe muri Kamena 2003.

- (Gahunda y’ibikorwa 2003-2008 y’urwego rw’uburezi yakozwe muri Mata 2003.

- (Poritiki yo gutegura integanyanyigisho z’amashuri abanza n’ayisumbuye yakozwe mu mwaka wa 2004.

- (Poritiki yo kwandika ibitabo by’amashuri.

- (Raporo y’inama mpuzamahanga ku « Ruhare rw’integanyanyigisho mu

iterambere ry’igihugu: ni ubuhe bushobozi abana bacu bakeneye kugira?» Yakozwe muri Gicurasi 2002.

- (Gahunda y’ibikorwa y’imyaka itandatu (2004-2009) yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Integanyanyigisho.

- (Poritiki yo kwigisha indimi.

- (Rwanda Vision 2020

- (EDPRS 2

- ( Education Sector Policy 2003

- (Education for All Plan of Action (EFA), June 2003

- (Education Sector Strategic Plan 2013/2014-2017/2018

- (Ministry of Education, Science, Technology and Scientific Research,

- (Primary and Secondary School Curriculum Development Policy, 2004

- (Text book policy

- (LTM reform Feb 2010

- ( EFA 12 Year (Jul 27/2010

Page 89: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

76

6.3. Imbuga nkoranyambaga

- HYPERLINK "http://www.wikipedia.org/wiki/social_studies" www.wikipedia.org/wiki/social_studies

- HYPERLINK "http://www.gov.rw/National" www.gov.rw/National symbols

- HYPERLINK "http://www.google.com" www.google.com

- www.intechopen.com

- http://www.cdc.gov/pcd/issues/2006/jan/05 0099.htm

- http://www.hrcompass.com/validation.htm

- http://www.asa3.org/ASA/ education/think/creative/htm.

- http://www.wgu.edu/why_WGU/competency_based_approach

- http://www.nytimes.com/2013/11/03/education/edlife/degrees-based-on-what-you-can-do- not-how- long-you-

ent.html?pagewanted=all&module=Search&mabReward=relbias%3Ar&_r=0

- http://www.evolllution.com/distance_online_learning/audio-revolutionizing competency-based-education/

- http://www.evolllution.com/distance_online_learning/meeting-the-storm-the-university-of-wisconsin-flexible-option/

Page 90: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

77

IGICE CYA KABIRI : UBUMENYI BW’IYOBOKAMANA

Page 91: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

78

URUTONDE RW’ABAGIZE URUHARE MU ITEGURWA RY’IYI NTEGANYANYIGISHO

Abakozi b’Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Uburezi mu Rwanda

Dr. MUSABE Joyce, Umuyobozi w’Ishami ry’Integanyanyigisho n’Imfashanyigisho. GATERA Augustin, Umuyobozi w’Itsinda ry’Indimi n’Ubumenyamuntu. BACUMUWENDA Nehemiah, ushinzwe ireme ry’integanyanyigisho n’imfashanyigisho mu Itsinda ry’Indimi

n’Ubumenyamuntu. Ntibizerwa Janvier , Umuteganyanyigisho w’Iyobokamana n’uburere Mboneragihugu,

Abarimu

Ndayisenga Eugene, Ishuri ribanza ryitiriwe Umubyeyi Nyina wa Jambo, Gasabo.

Bihibindi Faustin Gs Uwinkomo Nyamagabe.

Pastor Nkurunziza Ernest, Ishuri nderabarezi Rubengera, Karongi

Abandi bagize uruhare mu itegurwa ry’iyi nteganyanyigisho

Tuyishime Jean Claude: SNEC Pastor Bisanze Claver: BNEP Pastor Makuza Eliel: SDA Sr. Mukagatare Donathile SNEC Mrs: Mahuku Rachel: Wellspring foundation

Uwanonosoye integanyanyigisho

Dr. Phodidas Ndamyumugabe: Umwalimu muri Kaminuza yigenga INILAK

SINDAYIGAYA Moussa :Imamu wa Kigali

Page 92: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

79

1. INTANGIRIRO

1.1. Imvano y’ivugurura ry’integanyanyigisho

Ivugururwa ry’integanyanyigisho z’ubumenyi bw’Iyobokamana mu kiciro cya mbere cy’amashuri abanza ryakozwe mu rwego

rwo kunoza imyigire n’imyigishirize y’abana bato hagamijwe kubaha ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ibyo bize no

kugira imibereho irangwa n’indangagaciro z’ubumuntu ndetse n’iz’umuco nyarwanda. Ivugururwa ryashingiwe ku bitekerezo

byatanzwe n’abarezi ndetse no ku bushakashatsi bwakozwe. Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko umunyeshuri atagira uruhare

runini mu myigire ye bityo ntagire ubushobozi bwo guhuza ibyo yiga n’ubuzima bwa buri munsi. Iyi nteganyanyigisho rero

ivuguruye igamije izaha uruhare umunyeshuri mu byo yiga bityo akagira ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ibyo yize

yifashishije ubumenyi, ubumenyi ngiro ndetse n’indagagaciro.

1.2. Impamvu zo kwigisha no kwiga Ubumenyi bw’iyobokamana

1.2.1. Ubumenyi bw’iyobokamana n’Umuryango Nyarwanda

Ubumenyi bw’Iyobokamana ni inyigisho ifite akamaro kanini ku mu muryango Nyarwanda. Ifite akamaro kanini ku mibereho

n’imibanire y’abantu ndetse no ku kiremwamuntu muri rusange. Ifasha abagize umuryango nyarwanda kurangwa

n’indangagaciro zinyuranye; muri zo twavuga nk’ubworoherane, ubudahemuka, kubana mu mahoro, kugira agaciro kubaha no

gufasha abandi, ubwizige kwitabira umurimo, gukundana n’ibindi. Iyi nyigisho kandi igamije gufasha umwana n’umryango

nyarwanda kurangwa n’indangagaciro zihamye zifasha buri wese kubana n’abandi mu mahoro. Izafasha kandi umuryango

nyarwanda guha agaciro Imana mu buzima bwabo bityo bakarangwa n’ibikorwa by’ubuyoboke no gufasha abatishoboye.

Page 93: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

80

1.2.1 Akamaro k’ubumenyi bw’Iyobokamana ku munyeshuri

Iyi nteganyanyigisho y’ubumenyi bw’iyobokamana izatuma umunyeshuri agira imyitwarire mbonezabupfura iboneye mu

mibereho ye ya buri munsi. Rigamije kwibutsa umwana agaciro ke mu ruhando rw’ibiremwa Imana yaremye bityo akayikunda

kandi agakunda bagenzi be ndetse n’ikiremwamuntu muri rusange. Iri somo kandi riha umwana uburere bw’umutima

agaragariza mu ndangagaciro zimuranga.

Iyi nteganyanyigisho igenewe icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza, igamije kubaka umwana ufite umutima, ubupfura,

n’urukundo bishimangirwa n’imyemerere ndetse n’imyizerere n’indangagaciro z’umuco nyarwanda. Izaha umunyeshuri

inyigisho z'ibanze zerekeye ubumenyi bw’iyobokamana kugira ngo abashe kugira imibereho myiza kuri iyi si ndetse

anitegurire kuzabona ubugingo bw'iteka.

Iyi nteganyanyigisho iteguwe ishingiye ku ihame ryo guha umunyeshuri ubushobozi bwo kugira icyo ashobora gukora

ashingiye ku bumenyi, ku bumenyingiro no ku bukesha ahabwa mu ishuri. Ibi bizatuma Umunyeshuri urangije icyiciro cya

mbere cy`amashuri abanza ashobora gukurikira amasomo mu cyiciro cya kabiri cy`amashuri abanza no kwikemurira ibibazo

by`ibanze byo mu buzima busanzwe birebana n’imyitwarire, imyemerere, indagagaciro, umuco, ikibi n’ikiza, n’ibindi…

Inashingiye kandi ku muco Nyarwanda no ku gitekerezo cyo guhuza integanyanyisho z’amashuri abanza yo mu Rwanda

n`iz`ibindi bihugu cyane cyane iz`ibihugu bigize Umuryango Nyafurika w`Iburasirazuba.

Integanyanyigisho y’Iyobokamana yo mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza igizwe n’ibice bibiri bizigishwa ku buryo

butandukanye. Ibyo bice ni Iyobokamana rya Gikirisitu ndetse n’Iyobokamana rya Kiyisilamu. Buri shuri rizahitamo

hakurikijwe imyemerere n’ubuhsake bwa buri kigo kugira ngo rifashe abana gukurana imigenzo nyobokamana y’ibyo bemera

ariko batibagiwe kugira ubumenyi rusange ku yindi myemerere.

Page 94: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

81

1.2.3 Ubushobozi

Ubushobozi ni ububasha bwo gukora umurimo uyu n’uyu wihariye uko bikwiye hashingiwe ku bumenyi, ubumenyi ngiro

n’ubukesha bijyanye n’ibyo wize. Politiki z’igihugu zishingiye ku byo igihugu gikeneye zerekana ubushobozi bw’ibanze

n’ubushobozi nsanganyamasomo bishingirwaho mu kubaka imitekerereze yimbitse. Muri iyi nteganyanyigisho ubushobozi

bw’ibanze bugaragarira mu bushobozi bugamijwe muri buri mutwe, muri buri mwaka ndetse no mu kiciro. Ibikorwa

by’umunyeshuri bigomba gushingira ku byo ashobora gukora kugira ngo hatezwe imbere ubushobozi bugamijwe mu gihe yiga

cyangwa arangije umutwe w’amasomo runaka.

Ubushobozi nsanganyamasomo

Ubushobozi nsanganyamasomo ni ubushobozi butihariwe n’inyigisho imwe ahubwo butezwa imbere mu masomo anyuranye,

mu bihe bitandukanye ndetse no mu kazi kanyuranye. Ubushobozi bw’ingenzi mu myigire n’imyigishirize abarimu bagomba

kwitaho busobanuye ku buryo bukurikira:

Ubushishozi no gushakira ibibazo ibisubizo: ubu bushobozi buzafasha umunyeshuri gutekereza ahanga no gushyira

mu gaciro ku buryo bwaguye bituma abonera ibisubizo ibibazo ahura na byo mu buzima bwa buri munsi.

Guhanga udushya: kunguka ubu bushobozi bizafasha umunyeshuri gufata iya mbere agatekereza ahereye ku byo azi,

maze agahanga ibintu bishya.

Ubushakashatsi: ubu bushobozi buzafasha umunyeshuri gukemura ibibazo ahereye ku makuru no ku bumenyi

busanzweho no gusobanura ibintu ahereye ku makuru yakusanyije.

Gusabana mu ndimi zemewe gukoreshwa mu gihugu: ubu bushobozi buzafasha abanyeshuri gusabana n’abandi nta

mususu no gutanga ibitekerezo byabo ku buryo buboneye mu mvugo no mu nyandiko bakoresha imvugo n’amagambo

bikwiye. Kubera iyo mpamvu, abarimu bose nubwo baba batigisha indimi basabwa kugenzura ko abanyeshuri

bakoresha uko bikwiye ururimi rwigishwamo.

Page 95: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

82

Ubufatanye, imibanire ikwiye n’abandi n’ubumenyi ngiro mu buzima bwa buri munsi: ubu bushobozi buzafasha

abanyeshuri gukorana n’abandi mu matsinda, mu kazi ako ari ko kose bahawe barangwa n’imyitwarire n’indangagaciro

bikwiye, bubaha uburenganzira, ibitekerezo n’imyitwarire binyuranye n’ibyabo. Ibi bizafasha kandi abanyeshuri

gukora ibikorwa bijyanye no kubungabunga ibidukikije, gukora ubuvugizi ku byerekeye ubuzima bwabo

n’ubw’umuryango bita ku isuku n’imirire iboneye kandi na none bakemura ibibazo bahura na byo mu buzima.

Kwiga no guhora yiyungura ubumenyi: kunguka ubu bushobozi bizafasha abanyeshuri kujyana n’igihe biyungura

ubumenyi n’ubumenyi ngiro batarinze gufashwa muri byose. Ibi bizabafasha kandi kujyana n’iterambere bibanda ku

bumenyi n’ubumenyi ngiro bikenewe.

Ubushobozi rusange bugamijwe mu nyigisho y’Ubumenyi bw’iyobokamana

Nyuma yo kwiga iyi nyigisho y’iyobokamana rya gikirisitu umunyeshuri azaba ashobora:

- Gusobanura agaciro ke, ak'abandi n'ak'ibindi biremwa no kubungabunga ibidukikije. - Gusobanura umugambi w'agakiza Imana ifitiye umuntu n'uburyo yamugaragarije urukundo rwayo:

- Mu irema - Mu ijambo ry' Imana - Muri Yezu Kirisito (ku bakirisitu)

- Kugaragaza imibereho ibereye Imana, ababyeyi, abavandimwe n'igihugu Imana yamuhaye. - Kuzirikana inshingano Imana yahaye umuntu kuri iyi isi, akanashishikarira guharanira icyiza,

Kwanga no gukumira ikibi.

- Gukora imyitozo igarura amahoro y’umutima.

Inyigisho y’iyobokamana rya Kiyisilamu mu mashuri abanza igamije gutuma umunyeshuri ashobora:

- Kurangwa n’indangagaciro zishingiye ku myemerere ya Kiyisilamu. - Gusobanura neza ingingo z’ibanze z’imyemerere ya Kiyisilamu.

Page 96: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

83

- Gusenga yubahiriza Imigenzo yategetswe yo gusenga. - Kurondora ibihe by’ingenzi byaranze intumwa y’Imana Mohamadi. - Kurangwa no kubaha n’urukundo aho ari hose ( kuri bagenzi be, ababyeyi, abo babana, abaturanyi n’abandi bantu). - Kurangwa n’imigenzo myiza yo kwicisha bugufi, gusaba imbabazi igihe yakosheje, guharanira icyiza no gukumira ikibi

haba kuri we no ku bandi.

Ubumenyi bw’iyobokamana n’ubumenyi bugamijwe

Politiki y’igihugu y’uburezi bw’u Rwanda ni ukurera umwana ufite uburere buboneye kandi urangwa n’indangagaciro z’ubumuntu ndetse n’iz’umuco nyarwanda. Inyigisho z’ubumenyi bw’iyobokamana ifasha umwana gukurana ubupfura, ubwitonzi n’izindi ndangagaciro z’umuco nyarwanda. Usibye indangagaciro zishingiye ku muco no ku myemerere, umunyeshuri ahabwa ubushobozi n’ubumenyi ngiro rusange bimufasha kwibeshaho no kubana neza n’abandi.

Muri iyi nteganyanyigisho nshya hitawe kandi ku bumenyi ngiro ku buryo bw’umwihariko kugira ngo dufashe abana b’u

Rwanda mu buzima bwabo bwa buri munsi kandi tubashishikarize kwita ku bibazo bibangamiye isi muri rusange n’igihugu

cyacu ku buryo bw’umwihariko. Ingingo zitaweho cyane cyane ni umuco n’indangagaciro nyarwanda, ibidukikije,

uburinganire, uburenganzira bw’umwana n’ubw’ikiremwamuntu, gukunda igihugu, kwimakaza umuco w’amahoro ndetse no

kwihesha agaciro.

Page 97: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

84

2. IMBONEZAMASOMO

Integanyigigisho y’iyobokamana izaba iri kumwe n’integanyanyigisho y’ubumenyi mbonezamubano bityo izaba ari igice cya

kabiri mu gihe ubumenyi mbonezamubano izaba ari igice cya mbere. Ibi bice byombi bigize integanyanyigisho mbumbe

y’ubumenyi mbonezamubano n’ubumenyi bw’iyobokamana. Imyigishirize yayo rero ishingiye ku ruhare runini umunyeshuri

agomba kugira mu myigire ye bimufasha gushakashaka, kwitegereza, kuzirikana, kuvumbura n’ubundi bushobozi. Muri ibi

bikorwa byose mwarimu akora akazi ko kumuyobora, kumufasha no kugenzura niba ibyo akora bigaragaza ubushobozi

bushingiye ku bumenyi, ku bumenyingiro, ku bukesha no ku ndangagaciro ahabwa cyangwa atozwa na Mwarimu nkuko

byateguwe muri iyi nteganyanyigisho.

Ibikorwa by`umunyeshuri bigomba gutegurwa bishingiye ku buzima bwe no ku bintu asanzwe abona bityo buhoro buhoro

akagenda asobanukirwa n’ibijimije kandi bitagaragara. Ibi bituma umunyeshuri yibona mu byo akora, bityo akarushaho

kubyishimira, kugira amatsiko no gucengera ibyo yiga.

Mbere y’uko basubiza, mwarimu agomba guha abanyeshuri igihe gihagije cyo gutekereza no kwishakashakira.

Imyitozo umwarimu atanga igomba kwibanda ku bintu umunyeshuri ahura na byo mu buzima bwe busanzwe abisanisha

n’ubuzima bujyanye n’ibyo yemera, abona atekereza ku bijyane n’ukwemera kwe.

Muri rusange, abanyeshuri biga neza iyo bagira uruhare mu myigire yabo kandi badafata mu mutwe gusa ahubwo bagira

ibikorwa bakora. Nubwo gukorera mu matsinda bifite akamaro ni ngombwa no kwita kuri buri munyeshuri kugira ngo

umwarimu akosore imivugire ye, imisomere ye ndetse n’imyandikire ye.

Buri somo rigomba kugira intego zeruye kandi uburyo bwo kuzigeraho ntibugore umunyeshuri ndetse n’umwarimu.

Umwarimu agomba kwita ku kigero cy’umunyeshuri kandi akamufasha kwiyigisha. Ni ngombwa rero guhera ku byo

umunyeshuri azi, bigaragara, byuzuye, mbere yo gusingira ibyigwa mpisho, birakwiye, guhera ku mvugo, ku nteruro yo ntango

y’ubwumvane n’umushyikirano kugira ngo bifashe abanyeshuri kwivumburira ikigwa cy’umunsi.

Page 98: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

85

2.1. Uruhare rw`umwarimu

Bimwe mu bintu by`ingenzi umwarimu akwiye kwibandaho mu mikoreshereze y`integanyanyigisho ishingiye ku bushobozi ni

ibi bikurikira:

Kugira ubumenyi buhagije mu bijyanye n’iyobokamana ndetse n’uburyo bwo kuyigisha abanyeshuri ukurikije ikigero bagezemo;

Kwifashisha ibyanditswe bitagatifu n’ibindi bitabo byandiswe ku nsanganyamatsiko igihe cyose asobanurira abana amahame;

Kwitwara nk`umujyanama ukomeye ku banyeshuri be kuko bashobora kumugisha inama ku buzima bwite bwabo bwaba ubwa roho cyangwa busanzwe cyangwa mu myigire yabo;

Gukurikirana ibikorwa by`abanyeshuri no gukemura mu mahoro impaka zose zivutse; Kurangwa n’imigenzo myiza ishingiye ku ndagagaciro za Gikirisitu cyangwa za Kiyisilamu akabera abanyeshuri

urugero rwiza; Kugenzura uko bwije n’uko bukeye imyitwarire mbonezabupfura y’abanyeshuri kugira ngo amenye neza ibyo bize

babishyira mu bikorwa; Gutegura ibikorwa by`abanyeshuri ashingiye ku buzima bwabo, ku buzima bw`Igihugu no ku muco nyarwanda kuko ari

byo bituma barushaho kwibona mu bikorwa byabo no kwiga neza; Gutegura mbere imfashanyigisho zijyanye n`ibikorwa biteganyijwe kandi ziboneka mu karere abanyeshuri batuyemo; Kuba inyangamugayo mu buzima busanzwe no mu myitwarire ye imbere y`abanyeshuri;

Umwarimu afite uruhare rwo kuyobora umunyeshuri amufasha kuvumbura, amukosora, amwerekera kugira ngo amugeze ku

ntego z’isomo. Ni ngombwa ko umwarimu amenya ibibazo abanyeshuri bafite kugira ngo mu gutegura isomo ateganye uburyo

n’inzira aza gukoresha bitagira uwo biheza. Umwarimu agena imfashanyigisho, agategura aho abanyeshuri bigira bitewe

n’isomo ashaka kwigisha. Hari isomo ryatangwa neza ari uko ribereye hanze cyangwa se mu ishuri, rikorewe mu matsinda

cyangwa abanyeshuri bari hamwe bose, byose biterwa n’imiterere y’isomo ndetse n’aho bigira.

Page 99: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

86

2.2. Uruhare rw`umunyeshuri Integanyanyigisho iha umunyeshuri uruhare rw`ibanze mu myigire ye. Ishingira kubyo asanzwe azi no ku bushobozi

asanganywe agafashwa buhoro buhoro kubwongera akoresheje ubumenyi, ubumenyingiro, ubukesha n`indangagaciro

nyarwanda agenda yunguka. By`umwihariko umunyeshuri akwiye gushingira imyigire ye ku bintu by`ingenzi bikurira:

Kunguka ubumenyi yifashishije ibikorwa bye bwite cyangwa mu bikorwa afatanyije na bagenzi be; Kwifashisha ibikoresho byabugenewe: ibikoresho bya Jewometiri, ibibarisho, mudasobwa n`ibindi; Kubaha Imana, umurera na bagenzi be; Gufata neza ibikoresho bye n`iby`abandi; Kurangwa n’indangagaciro zo kwicisha bugufi no kwemera guhinduka; Kumenya gukorana n`abandi, kwihangana no kwemeranya ku gisubizo kiri cyo; Kumenya kwitegereza, gukorakora no gushyira ibintu mu buryo.

Page 100: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

87

3. ISUZUMA

Isuzuma mu kwigisha ni ingenzi kuko rifasha umwarimu kumenya niba intego z’isomo cyangwa umutwe zagezweho no

kumenya ibibazo abanyeshuri bahuye na byo mu rwego rwo kubafasha kubikemura akabafasha kandi akabageza ku bushobozi

buteganyijwe.. Rifasha kandi umwarimu guhindura uburyo atangamo amasomo akurikije ibibazo byagaragaye kugira ngo

afashe abanyeshuri kumva ibyo biga nta ngorane bagize. Abanyeshuri na bo isuzuma ribafasha kumenya aho bafite intege nke

mu myigire yabo bikabafasha kwivugurura. Ku babyeyi, isuzuma ribafasha kumenya imyigire y’abana bityo bagatanga

umusanzu wabo mu kubafasha aho bagize intege nke. Ibi babikora bakurikirana umunyeshuri by’umwihariko, bamufasha

gukora imikoro yo mu rugo n’ibindi.

Isuzuma ni igikorwa gihoraho kandi gikorwa mu bihe bitandukanye no mu buryo butandukanye, hagamijwe kureba intambwe

umunyeshuri amaze gutera mu myigire ye.

Mu kwigisha gusoma ubumenyi mbonezamubano n’iyobokamana umwarimu yibanda mu gusuzuma ibi bikurikira:

3.1 Isuzuma ry’intego z’isomo

Mbere yo gutanga isomo, umwarimu agena intego ashaka kugeraho, bityo agateganya n’uburyo bw’isuzuma kugira ngo

amenye niba koko intego zagezweho by’ukuri, bikaba byatuma yigisha isomo rishya cyangwa agasubiramo ibitarumvikanye

neza. Umwarimu urangije gutanga isomo rye atanga imyitozo igamije kureba niba intego yihaye zagezweho. Intego z’isomo

zigaragazwa n’ibyo umunyeshuri yungutse kandi ashobora gukora. Intego z’isomo ziteganya kandi ingingo umwarimu aheraho

asuzuma isomo yatanze n’ibituma zigerwaho.

Page 101: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

88

3.1.1. Isuzuma rinoza imyigire n’imyigishirize

Mu isuzuma rinoza imyigire n'imyigishirize hakoreshwa uburyo buziguye n’ubutaziguye busanzwe bukoreshwa n'amashuri

mu gusuzuma ko abanyeshuri biga uko bikwiye. Mu gihe umwarimu ategura isomo rye, agomba kugena ingingo ngenderwaho

mu gusuzuma urwego rw’ubushobozi (ubumenyi, ubumenyi ngiro n’ubukesha) abanyeshuri bategerejwe kugeraho. Mu gusoza

umutwe, umwarimu asuzuma niba abanyeshuri bose bashoboye kugera uko bikwiye ku bushobozi bw'ingenzi bugamijwe

ahereye ku bigenderwaho mu isuzuma byateganyijwe mu ntangiro y’umutwe. Umwarimu azasuzuma uko abanyeshuri

bagaragaza ubushobozi bukubiye mu byigwa ndetse n’ubushobozi nsanganyamasomo. Ibi bizafasha umwarimu kubona

ishusho rusange y'iterambere mu myigire y'abanyeshuri. Mu isuzuma, umwarimu azakoresha bumwe cyangwa impurirane

y'uburyo bukurikira:(a) kwitegereza, (b) ibibazo basubiza bandika , (c) ibibazo basubiza bavuga.

3.1.2. Isuzuma rikomatanya

Igihe isuzuma rikozwe rigamije gusoza igihembwe, umwaka cyangwa ikiciro no gufata ikemezo cyo gukomeza, ryitwa isuzuma

rikomatanya. Isuzuma rikomatanya rigamije kureba intera umunyeshuri agezeho rigaragaza ishusho y'ubushobozi

umunyeshuri amaze kugeraho mu gihe runaka kihariye. Intego y'ibanze y'isuzuma rikomatanya ni ugusuzuma niba

ubushobozi bugamijwe bwaragezweho. Ibivuye mu isuzuma rikomatanya bishingirwaho mu gufata ikemezo cyo gukomeza ku

ntera yisumbuye mu myigire y’umunyeshuri nko kwimurirwa mu kiciro gikurikira cyangwa guhabwa impamyabushobozi. Iri

suzuma rigomba gukomatanya ibyo umunyeshuri yize, hakarebwa niba agaragaza ubushobozi bugamijwe bwari buteganyijwe.

Iri suzuma rishobora gukorerwa ku rwego rw'ikigo k’ishuri, akarere cyangwa ku rwego rw’igihugu nk'ibizamini bya Leta. Ku

rwego rw'ishuri iri suzuma rikorwa rimwe mu gihembwe ndetse n'iyo umwaka urangiye. Impuzandego y'amanota y'isuzuma

rikomatanya kuri buri nyigisho izongerwa ku manota y'ibizamini bya Leta. Ni ukuvuga ko hari ijanisha ry'amanota y'isuzuma

Page 102: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

89

rikorerwa ku rwego rw'ishuri rizongerwa ku manota y'ibizamini bya Leta. Iri janisha rizagenda ryiyongera bitewe n'uko

abarimu bagenda bunguka ubunararibonye mu buryo bwo gusuzuma ku buryo nyuma y’imyaka itatu uhereye igihe iyi

nteganyanyigisho itangiye gushyirwa mu bikorwa ayo manota azongerwa ku bizamini bya Leta azaba ari 10% y'impuzandengo

y'amanota yo mu ishuri. Icyakora iri janisha rizagenda ryiyongera. Uturere tuzahabwa ubushobozi bwo gukomeza gufata iya

mbere mu gukoresha isuzuma rikomatanya mu mashuri yose mu gukurikirana imyigire ndetse n'intera abanyeshuri bagezeho

mu mashuri yabo. Hazajya hakorwa ibizamini bya Leta bisoza ibyiciro bikurikira: amashuri abanza, ikiciro rusange n’ikiciro

cya kabiri cy’amashuri yisumbuye.

3.2. Kubika inyandiko igaragaza ibyavuye mu isuzuma

Kubika inyandiko igaragaza ibyavuye mu isuzuma ni ugukusanya ibigaragaraza ko isuzuma ryakozwe no kubiha agaciro

hagendewe ku bipimo byagenwe mbere. Uburyo ubwo ari bwo bwose bwaba bwakoreshejwe mu isuzuma bugomba gutanga

amakuru abarwa mu manota yandikwa cyangwa hakoreshejwe ibindi bipimo, bikabikwa neza ku buryo hagaragazwa

intambwe igenda iterwa mu myigire. Ibi bigira uruhare mu gutegura ibikorwa cyangwa ingamba zihariye bituma inyigisho

zumvikana kurushaho. Ibyavuye mu isuzuma kandi bishingirwaho n’umwarimu mu gihe atanga inama ku banyeshuri

n'ababyeyi.

Ubu buryo bujyanye no kubika mu idosiye imwe (mu nyandiko cyangwa ku buryo bw'ikoranabuhanga) amasuzuma yose

y'umunyeshuri ndetse n'ibyayavuyemo bugaragaza aho umunyeshuri afite intege nke cyangwa adafite ibibazo mu myigire ye.

Kubika mu idosiye imwe inyandiko igaragaza amasuzuma umunyeshuri yakoze, ntabwo ari ukubika gusa impapuro

z'amasuzuma yakozwe (impapuro n'imikoro), ahubwo ni no kubika inyandiko z'imyitozo yose umunyeshuri akora ijyanye

Page 103: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

90

n'imyigire ye. Ibyavuye mu isuzuma ni byo bizagaragaza ko umunyeshuri yakurikiye neza mu ishuri mbere y'uko akora

isuzuma risoza.

3.3. Gutegura ibibazo by'isuzuma rikomatanya

Mbere yo kwandika ibibazo by'isuzuma, ni ngombwa gukora imbonerahamwe y'ibigomba kubazwaho herekanwa:

Imitwe cyangwa inyigisho byibandwaho mu isuzuma;

Umubare w'ibibazo hashingiwe ku nzego z'intego z'imyigire n'imyigishirize zagenwe na Bulumu (Bloom);

Amanota agenewe buri kibazo.

Mu nteganyanyigisho ishingiye ku bushobozi, ibibazo biri ku ntera zo hejuru ku rwego rw'intego rwa Bulumu (Bloom)

bigomba guhabwa umwanya ugaragara kurusha ibibazo bishingiye ku ntera zo hasi zijyanye cyane cyane n’ubumenyi.

Mbere yo kwandika ibibazo, ubyandika agomba kureba neza ko ibibazo by'isuzuma bijyanye n'isuzuma rishingiye ku

bushobozi hitabwa kuri ibi bikurikira:

Kugena inyigisho yibandaho ahereye ku byo integanyanyigisho iteganya;

Kugaragaza ingingo z’ibyigwa zishingirwaho mu isuzuma;

Kugena intego zigamijwe zigomba gusuzumwa;

Gukora imbonerahamwe igaragaza ibigenderwaho by'ingezi mu isuzuma;

Kugenzura ko inshinga zakoreshejwe mu kwandika ibibazo zidasaba gusubiza ibibazo basubiramo ijambo ku ijambo

ibyo bize gusa, ko ahubwo n'ubushobozi rusange buri mu nteganyanyigisho bwasuzumwe.

Page 104: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

91

3.4. Imiterere y'ibigomba gusuzumwa mu nyigisho y’iyobokamana

Isuzuma ry'inyigisho y’iyobokamana ni ngombwa mu kureba niba umwana yarabonye ubumenyi bugamijwe kandi agaragaza

ubumenyingiro nditse n’indangagaciro zigamijwe zaba izishingiye ku myemerere cyangwa iz’umuco nyarwanda. Mu gusuzuma

umwarimu azasuzuma ibi bikurikira.

Ubumenyi bw’umunyeshuri mu bijyanye n’ibyo yize

Imigenzo n’indagangaciro z’imyemerere runaka nkuo zigaragara mu nyishisho no mu bitabo bitagatifu

Buri ntego igamijwe igomba kugira isuzuma, mu ntera zose zituma igerwaho. Isuzuma rero rihoraho mu nyigisho(imikoro,

amarushanwa, ibizami....). Nta kwibagirwa n’utwitozo tw’induhura nk’udusakuzo, udukino, utwo gufindura, utubyino,

udukuru.... twajya dukurikira imyanya y’ingutu tugatuma umunyeshuri yiga yishimye.

3.5. Gukorera ababyeyi raporo y'isuzuma

Integanyayigisho y’Iyobokamana iteganya ko ababyeyi bahabwa raporo y'intambwe abanyeshuri bagenda batera mu myigire

yabo. Ntabwo amanota yonyine ahagije mu kwerekana ko abanyeshuri bageze ku bigamijwe mu ntego z'amasomo. Icyafasha

cyane ni ukwerekana aho abanyeshuri bagaragaza ubushobozi bugamijwe n'aho bafite intege nke hakenewe gushyirwamo

imbaraga. Ni ngombwa ko abarimu bagenera ababyeyi inyandiko isobanura neza imyitwarire, imyigire y’umunyeshuri

hagamijwekunoza imyigire ye.

Page 105: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

92

4. IBIZAKENERWA MU ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IYI NTEGANYANYIGISHO

Kugira ngo iyi nteganyanyigisho ishyirwe mu bikorwa ni ngombwa ko ibitabo bihagije hamwe n’izindi mfashanyigisho bigezwa

mu mashuri. Hakenewe rero ko umwarimu agira imfashanyigisho z’ubumenyi bw’iyobokamana bihagije. Muri ibi twavuga

nk’ibitabo bitagatifu, ibitabo by’amahame nyobokamana, amashusho anyuranye, filimi z’ubuyoboke, udushushanyo tugaragaza

indangagaciro nyarwanda,... Ibi ariko ntibibuza umwarimu kwishakira izindi mfashanyigisho akurikije umutwe cyangwa isomo

agiye kwigisha. Mu myigishirize mishya y’ubumenyi bw‘iyobokamana byaba byiza hateganyijwe uburyo bw’iyumvabona

(gukoresha tereviziyo na sinema).

Hagomba abarimu bashoboye kwigisha isomo ry’Iyobokamana no guhugura abasigaye kugira ngo bibafashe mu myigishirize

y’iyobokamana cyane ko muri iri somo ikibandwaho ari imyifatire mva mutima ndetse n’imyitwarire iboneye haba ku ishuri

cyangwa mu muryango avukamo. Ni ngombwa kwita ku bwuzuzanye bw’inyigisho y’ubumenyi nyobokamana n’izindi nyigisho.

Umwarimu kandi w’inyigisho y’ubumenyi bw’iyobokamana ni umujyanama ukomeye ku banyeshuri yigisha cyangwa bo ku

kigo akoramo. Agomba kugira umutima wo kuyobora no gufasha abana baza bamugana bamusangiza amwe mu mabanga

y’umutima wabo, ubuzima bwabo bwaba ubwa Roho cyangwa ubusanzwe. Agomba kugira imyitwarire ntangarugero kandi

agafasha aba banyeshuri bose gukura ku mubiri no kuri Roho bizihiye Imana, umuryango wabo ndetse n’igihugu muri rusange.

Umwarimu akwiriye kumenya ibibazo n’ingorane abanyeshuri bafite kugira ngo ashobore gutanga neza isomo rye. Agomba

kwita ku banyeshuri batabona neza abicaza ahababoneye kandi agakoresha imfashanyigisho zinyuranye kugira ngo ntihagire

ucikanwa. Abafite ubumuga bwo kutumva na bo umwarimu abitaho akoresha imvugo y’amarenga kugira ngo babashe

gusobanukirwa neza cyangwa avuga cyane yatura kugira ngo abanyeshuri bose babashe kumva. Hari ikindi gice

cy’abanyeshuri badafata vuba na cyo umwarimu agomba kwitaho byaba ngombwa akabagenera umwanya wihariye kugira ngo

bashobore kujyana n’abandi. Aha birasaba ko umwarimu ufite ibi byiciro by’abana agomba guhora yihugura kugira ngo afashe

abana bose nta mbogamizi.

Page 106: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

93

5. IMITERERE Y’IYI NTEGANYANYIGISHO

Iyi nteganyangigisho y’Ubumenyi mbonezamubano n’ubumenyi bw’Iyobokamana igizwe n’ibice bibiri by’ingenzi. Igice cya

mbere umunyeshuri aziga ubumenyi mbonezamubano bumufasha gusobanukirwa neza ibimukikije guhera mu rugo iwabo, mu

nzego zinyuranye z’ubuyobozi kugeza ku rwego rw’akagari mu nzego z’ibanze. Muri iki gice azagira ubushobozi bwo

kwimenya ndetse amenye ibimukikije byose bikubiye mu mateka, ubumenyi bw’ibidukikije, n’ibindi.

Igice cya kabiri kigizwe n’ubuenyi bw’iyobokamana. Muri iki gice ibyigwa byibanda ku bumenyi umwana akeneye kumenya ku

bimukikije ariko abihuza n’imana umuremyi wa byose kugira ngo agire indangagaciro z’umuntu uzi, wemerakandi ukunda

Imana. Iki gice na cyo kirimo ibyiciro 2 bikurikira:

Iyobokamana rya Gikirisitu: Rigizwe n’imitwe yumvikanyweho n’amadini yose ashingiye kuri Kirisitu, bityo indangagaciro

zose zigishwa muri iki gice zubakiye ku bukirisitu. Ibi ntibibuza ko umwana yigishwa izindi ndagagaciro z’umuco nyarwanda.

Izi ndangagaciro zose zirunganiranana. Ubu bumenyi bw’iyobokamana buzigishwa mu buryo bwimbitse ariko ntibikuraho ko

umwana amenya ubumenyi bwihariye ku iyobokamana ya Kiyisilamu muri rusange. Ibi ni byo bizashingirwaho mu ibazwa

rizakorwa mu kiciro cya kabiri cy’amashuri abanza. Mu mitwe igize iki kiciro , harimo imitwe yihariye ishingiye ku myemerere

yihariye ya gikirisitu. Iyi mitwe yo izigishwa mu buryo bwihariye kandi ntizajya mu ibazwa ryaba iryo mu ishuri cyangwa iryo

mu kizamini gisoza amashuri abanza.

Iyobokamana rya Kiyisilamu: Rigizwe n’imitwe y’iyobokamana rya kiyisilamu. Ishuri rizayihitamo, abannyeshuri

bazigishwa indagagaciro zijyanye n’iyi myemerere hatirengagijwe n’indagagaciro z’umuco nyarwanda. Ibi ntibikuraho ko

umwana amenya ubumenyi bwagutse mu myemerere y’idini rya Gikirisitu. Ibi bizitabwaho mu gihe cy’ibazwa iryo ari ryo

ryose.

Ibi byose byakozwe mu rwego rwo kubahiriza imyemerere ndetse n’ibyumvikanyweho n’inzego zishinzwe uburezi mu

myemerere yose.

Page 107: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

94

Buri mutwe muri iyi nyigisho ufite intego zigamije guha umwana ubushobozi buzasuzumwa hashingiwe ku bumenyi,

ubumenyi ngiro n’ubukesha umwana azagaragaza nyuma yo kwiga ibiteganyijwe. Hagenwe kandi n’ibikorwa by’imyigire

bigamije guha umwana ubu bushobozi. Umwarimu ashobora kongeraho ibindi bikorwa abona byaha umwana ubushobozi

buteganyijwe bwiyongera ku bushobozi fatizo ndetse n’ubushobozi nsanganyamasomo. Umwarimu azaha agaciro na none

isomo, umutwe runaka wo mu nyigisho y’ubumenyi bw’iyobokamana ufitanye n’andi masomo.

Page 108: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

95

IYOBOKAMANA RYA GIKIRISITU

Page 109: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

96

Page 110: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

97

5.1 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa mbere

5.1.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe

- Kubaha Imana nk’Umuremyi no kubaha ibiremwa byayo;

- Kugira ubushobozi bwo gusobanura inkomoko y’icyaha cy’inkomoko n’ingaruka zacyo;

- Kurangwa n’imico myiza akurikije ingero z’abizeye Imana bagaragara muri Bibiliya;

- Gukurikiza imigenzo myiza afatiye ku rugero n’ubuzimabwa Yezu Kirisitu;

- Gusenga akoresheje amasengesho y’ibanze;

- Gukora imyitozo igamije kubaka amahoro y’umutima(siporo, udukino, …).

Page 111: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

98

5.1.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa mbere

Imbumbanyigisho: Bibiliya n’Imyemere

Inyigisho: Kwigaragaza kw’Imana

Umwaka wa 1: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 1: Iremwa no gucumura kwa muntu Umubare w’amasomo: 8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azashobora kubaha Imana nk’umuremyi , kubaha ibiremwa byayo no kwirinda icyaha

Intego z’icyigwa Ibyigwa Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyi ngiro Ubukesha

-Kuvuga

akurikiranya

ibyo Imana

yaremye

akurikije igihe

byaremewe.

-Kumenya ko

umuntu

yaremwe mu

ishusho y’Imana.

-Gusobanurira

abandi uko

Imana yaremye

ibiremwa byayo.

-Gutandukanya

umuntu n’ibindi

biremwa.

-Gusobanura

inkomoko

-Gukunda no

kubaha Imana

n’ibiremwa byayo.

-Kwiyubaha no

kubaha abandi.

-Kwita no

kubungabunga

-Iremwa ry’ijuru,

Isi n’ibiyiriho

byose.

-Umuntu yaremwe

mu ishusho

y’Imana.

-Amambwiriza

Imana yahaye

-Kujyana abana aho bashobora

kwitegereza ibyaremwe maze

bagasubiza ibibazo bakurikije ibyo

babonye biganisha ku kugaragaza

ko Imana ari yo yaremye byose

kandi ikabibeshaho.

-Gukina udukino tugaragaza

ingaruka z’icyaha cya Adamu na Eva

muri Edeni ndetse n’ibihano

bahawe n’Imana bigaragara mu

buzima bw’iki gihe.

Page 112: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

99

-Kuvuga

inkomoko

y’icyaha

n’ingaruka

zacyo.

n’ingaruka

z’icyaha.

ibiremwa byayo

-Kurangwa

n’imigenzo myiza

yo kwanga no

gukumira icyaha

Muntu muri Edeni.

- Inkomoko

y’icyaha n’ingaruka

zacyo.

-Inkuru ngufi isobanura icyaha

n’ingaruka zacyo ndetse n’uburyo

bwo gukumira icyaha mu buzima

bwa buri munsi.

Ihuriro n’andi masomo: Imibare(kubara iminsi),ubumenyi bw’isi(ibidukikije),itozamuco(kwirinda icyaha)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri afite imyitwarire igaragaza kubaha Imana nk’umuremyi , kubaha ibiremwa byayo no kwirinda icyaha

Imfashanyigisho: Amashusho, amafoto, firimi z’iremwa, Bibiliya, ubusitani bw’ishuli.

Page 113: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

100

Imbumbanyigisho: Indangagaciro za gikrisitu

Inyigisho: Gusenga

Umwaka wa 1: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 2: Amasengesho y’ibanze Umubare w’amasomo: 10

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri ashobora gusenga Imana akoresheje amasengesho y’ibanze n’amasengesho yitekerereje ubwe.

Intego y’icyigisho Ibyigwa Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyi ngiro Ubukesha

-Kumenya

gusenga Imana

icyo ari cyo,

uburyo bwo

kubikora

n’akamaro

kabyo.

-Kuvuga ibice

bigize isengesho.

-Gusobanura

gusenga icyo ari

cyo n’akamaro

kabyo.

-Gusenga

isengesho

yiyubakiye ku

giti cye.

-Kwifata neza no

kubaha umwanya wo

gusenga Imana.

-Kurangwa n’umuco

mwiza wo gusenga

mu bihe bitandukanye

no mu buzima bwa

buri munsi.

-Isengesho n’imyitwarire mu gihe cyo gusenga. -Amasengesho y’ibanze (Dawe uri mu ijuru, isengesho ryo kuryama no kubyuka, isengesho mbere yo kurya, isengesho ryo gushimira, isengesho ryo gusabira abandi, isengesho mbere y’umurimo). -Igihe cyo gusenga n’amasengesho yabugenewe

-Kujya mu matsinda abana

bakaganira ku buryo

basenga iwabo ndetse

n’akamaro k’isengesho mu

muzima bwabo.

-Gusobanura mu matsinda

kandi ku buryo bworoheje

amasengesho y’ibanze ya

gikirisitu agaragaza uburyo

dushimira Imana kandi

tuyisaba ibyo dukeneye

byose ikabiduha.

Page 114: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

101

-Gukora umwitozo wo

kuvuga amasengesho

anyuranye y’ibanze

-Gukoresha abana

umwitozo wo gusenga

bakoresheje amasengesho

bihimbiye ajyanye n’ibihe

binyuranye ( kurya, Kwiga,

kubyuka,….

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri ashobora gusenga Imana akoresheje amasengesho by’ibanze n’amasengengesho yitekerereje ubwe.

Isano n’andi masomo:

Imfashanyigisho: Amashusho, amafoto, Bibiliya n’ibitabo by’amasengesho n’ibindi

Page 115: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

102

Imbumbanyigisho: Bibiliya n’Imyemerere

Icyigisho: Icungurwa rya muntu

Umwaka wa mbere: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 3: Ingero/Intwari z’abizeye Imana Umubare w’amasomo:10

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura neza imigenzereze myiza y’abizeye (abemeye) Imana baboneka muri Bibiliya.

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Gutanga ingero zimwe na zimwe z’abubashye Imana ziri muri Bibiliya. -Kuvuga ibikorwa by’urukundo Yezu yakoze.

-Kwerekana

akamaro ko

kumvira Imana

n’ingaruka

kubatayumvira.

-Gusobanura ibikorwa by’urukundo.

-Kubaha ababyeyi

no gukurikiza imico

myiza badutoza

-Kurangwa n’umuco mwiza wo kubaha no gufasha abandi

-Kumvira Imana kwa Abeli

intungane.

-Ingororano ya Enoki.

-Igihembo cya Nowa.

-Igitangaza cyo mu bukwe

bw’i Kana.

-Yezu ahaza imigati abantu

-Kuganira mu matsinda no

gusesengura neza inkuru

basomewe ndetse no

kuyitangaho ibitekerezo

bijyane n’imyifatire

mbonezabupfura ku nkuru

yabigishije.

-Gukina agakino kagaragaza ibitangaza Yezu yakoze bigaragaza ko ari Umwana w’Inama kandi bigaragaza impuhwe n’urukundo agirira abantu.

-Gukina udukino twerekana

Page 116: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

103

barenga ibihumbi bitanu

-Yezu akiza abarwayi.

ingaruka z’uburiganya mu

buzima bwa buri munsi

n’ibihembo by’inyangamugayo

mu bijyanye n’ubuzima bwa

buri munsi.

Ihuriro n’andi masomo: Itozamuco (kumvira no kubaha).

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azashobora gusobanura neza imigenzo myiza y’abizeye (abemeye) Imana baboneka muri Bibiliya.

Imfashanyigisho: Amashusho, amafoto, Bibiliya, Filimi zerekana imibereho myiza y’abantu bizeye Imana bo muri Bibiliya

Page 117: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

104

Imbumbanyigisho: Indangagaciro za Gikirisitu

Icyigisho: Kubana mu Mahoro

Umwaka wa 1: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwewa 4: Kwimakaza amahoro Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kuririmba no gukina imikino itandukanye igamije kubaka amahoro y’umutima

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kurondora

ibiranga

amahoro

y’umutima

-Gufata mu mutwe indirimbo n’imikino by’amahoro

-Gukina udukino no

kuririmba

indirimbo bitanga

ubutumwa

bw’amahoro

y’umutima

-Kwishimira abandi

-Kutiheza no

kudaheza abandi

-Kudatesha

agaciro

ikiremwamuntu

-Inshoza y’amahoro. -Ibibuza amahoro umuntu. -Indirimbo z’amahoro. -Imikino yerekeye amahoro. -Imikino y’ubumwe n’amahoro.

-Gukorera mu matsinda

baganira kandi

basobanurirana icyo

amahoro ari cyo ndetse

n’ibimenyetso bigaragaza

ko amahoro yabuze haba

mu muryango ndetse no ku

ishuri

-Gukorera mu matsinda

udukino twerekeye ku

mahoro mu muryango.

Page 118: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

105

-Gukina udukino dutoza

abana kugira uruhare mu

bikorwa byoroheje

bigamije kubungabunga

amahoro, nko gufasha

abandi, gukiza abarwanye,

kunga abagiranye ibibazo,

gusangira, kuganira,

gufashanya

Ihuriro n’andi masomo: Kuririmba,itozamuco

Ibipimo by’isuzuma Umunyeshuri arashobora kuririmba no gukina imikino itandukanye igamije kubaka amahoro y’umutima

Imfashanyigisho: Bibiliya,ibikoresho bisohora amajwi, ingoma, ibinyuguri, ibishushanyo

Page 119: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

106

5.2 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa Kabiri

5.2.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe

- Kwerekana ibigaragaza ko umuntu yaremwe mu ishusho y’Imana kandi asumbije agaciro ibindi biremwa bityo

akiyubaha;

- Gusobanukirwa imizi yibyaha mu buzima bwa muntu no kuyirinda;

- Kugaragaza uburyo Umukiro Imana yateguriye abantu Yawucishije mu itorwa rya Abrahamu;

- Kugaragaza urukundo Imana yagaragarije Abayisiraheli mu Butayu bajya I Kanani;

- Kugaragaza uruhare rw’Imana mu itorwa ry’ubuyobozi bwa Israheli;

- Kurangwa n’urukundo rushyitse rw’Imana n’urwa mugenzi we;

- Gusesengura ubutumwa bw’amashusho n’amajwi hagamijwe kubaka amahoro y’umutima.

Page 120: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

107

5.2.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa kabiri

Imbumbanyigisho: Bibliya n’Imyemerere

Inyigisho: Kwigaragaza kw’Imana

Umwaka wa 2: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 1: Muntu yaremwe mu ishusho y’Imana

Umubare w’amasomo:6

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura itandukaniro riri hagati ya Muntu n’ibindi biremwa.

Intego y’icyigisho Ibyigwa Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyi ngiro Ubukesha

Kumenya agaciro ka Muntu mu ruhando rw’ibindi biremwa. Kumva neza urukundo rw’Imana mu iremwa rya muntu.

-Gusobanura

itandukaniro

hagati ya Muntu

waremwe mu

ishusho y’Imana

n’ibindi biremwa.

-Kugaragaza

ibiranga

ubuhangange

bw’Imana mu

bihe

bitandukanye.

-Gukunda Imana, Kwiyubaha no kubaha abandi. -Kurangwa n’imigenzo myiza yo gufasha abandi, kubaka ubumwe mu bantu.

- Iremwa rya

Muntu mu ishusho

y’Imana.

-Amazina

agaragaza Imana

mu Muco

Nyarwanda.

-Kujyana abana mu matsinda aho bashobora kwitegereza ibindi biremwa ndetse bakaganira byimbitse ku mibereho yabyo bungurana ibitekerezo ku byo bihuriyeho ndetse bitandukaniraho n’abaantu. Gukina udukino tugaragaza ubuhangange bwa muntu haba mu bikorwa ndetse no mu bitekerezo baragaza ko ari we wahawe kugenga isi n’ibiyiriho bagaragaza ko kuba abantu badasa ku ishusho ari bamwe baremwe n’Imana imwe.

Page 121: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

108

-Imana ni

Umurenyi

-Imana ni

umubyeyi

- Imana ni

urukundo

-Muntu umugenga

w’ibyaremwe.

Kuganira mu matsinda ibintu byose bigaragaza ubuhangange bw’Imana mu buzima bwa buri munsi bahereye ku byo babona mu miryango yabo cyangwa ku ishuri, ndetse no mu baturanyi.

Ihuriro n’andi masomo: ubumenyi bw’isi (Ibidukikije)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura itandukaniro riri hagati ya Muntu n’ibindi biremwa.

Imfashanyigisho: Bibiliya,ibidukikije,ibishushanyo

Page 122: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

109

Imbumbanyigisho: Bibliya n’imyemerere

Inyigisho: Icyaha

Umwaka wa 2: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 2: Imizi y’icyaha Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura icyaha n’ imizi yacyo, kucyirinda no gufasha abandi kutakigwamo

Intego y’icyigisho Ibyigwa Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyi ngiro Ubukesha

-Kumenya no gusobanukirwa imizi y’icyaha mu buryo butandukanye. -Gusobanukirwa uko icyaha kiyongera mu gukura kwacyo.

-Gusobanura no kugaragaza imizi y’icyaha. -Kuvuga uko icyaha gikura iyo batacyihannye.

-Gushishoza no gufata icyemezo, Kwirinda ibishobora kutugusha mu cyaha, guhitamo inshuti nziza. -Kurangwa n’imyifatire myiza igaragaza uwihannye icyaha.

Ibisobanuro by’icyaha - Imizi y’ibyaha (Irari, umururumba, ishyari, ubwirasi, ubugugu, kwikunda, ubwibone...). -Ingaruka z’icyaha ku Mana no ku bantu (Urupfu, inzangano, kubura amahoro, ibihano, gutakaza). Uburyo bwo gukumira no kwirinda ibyaha.

-Kuganira mu matsinda ku ngaruka z’icyaha ku Mana no ku mibanire y’abantu bahereye mu miryango yabo. -Kujya mu matsinda mato bakaganira ku gitera abantu gukora ibyaha mu buzima bwa buri munsi ndetse n’uburyo bakoresha ngo birinde ibyaha. -Gukina udukino tugaragaza imizi yose

Page 123: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

110

y’ibyaha ibaho ndetse n’imigenzo mbonezabupfura yakoresha mu kurandura no kwirinda gutsinda imizi y’ibyaha.

Ihuriro n’andi masomo: Imbonezamubano,itozamuco(imizi n’ingaruka by’icyaha)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura icyaha n’ imizi yacyo, kucyirinda no gufasha abandi kutakigwamo.

Imfashanyigisho: Bibiliya, filimi, amashusho.

Page 124: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

111

Imbumbanyigisho: Bibiliya n’Imyemerere

Icyigisho: Icungurwa rya Muntu

Umwaka wa kabiri: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe: Umugambi w’Imana mu gucungura umuntu Umubare w’amasomo:10

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura uko Imana yujuje umugambi wabo wo gucungura abantu itora umuryango wa Israheli.

Intego y’icyigisho Ibyigwa Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyi ngiro Ubukesha

-Kumenya umugambi w’agakiza ka Muntu. -Gusobanukirwa n’urukundo rw’Imana Kuva kera. -Gufata mu mutwe incamake z’inkuru zivugwa muri Bibiliya zizwe.

-Gusobanura uburyo Imana yakunze Muntu. -Kuvuga inkuru zikurikira; -Itorwa rya Aburahamu -Inkuru ya Yozefu n’izindi zizwe ziri mu isezerano rya kera n’irishya.

-Kubabazwa no kwitangira abari mu kaga. -Kuzirikana k’umugambi w’icungurwa rya Muntu.

-Itorwa rya Aburahamu inkuru ya Yozefu. -Imana ikura abayisiraheri mu Misiri. -Imana yagaragarije urukundo abayisiraheri mu butayu. -Inkuru ya Dawudi Imana yigaragarije mu mwana wayo Yezu.

-Kuganira mu matsinda ku byo basomewe ku bijyane n’itorwa rya Abrahamu ndetse n’ibyo Imana yamusezeranije byose kugeza ukwemera kwe kwigaragrije mu gushaka gutamba umwana we w’ikinege Izaki. -Kuganira mu matsinda ku itorwa rya Musa ndetse n’imibereho y’Abayisiraheli mu Misiri, urugendo rwabo kuva mu Misiri kugera mu butayu.

Page 125: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

112

Kurema amatsinda mato bakaganira uko urukundo rw’Imana rwigaragaje Mu nkuru ya Dawudi na Goliyati ndetse n’icyo byashushanyaga.

Ihuriro n’andi masomo: Amateka ku umuryango wa Isiraheli

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura uko Imana yujuje umugambi wabo wo gucungura abantu itora umuryango wa Israheli.

Imfashanyigisho: Bibiliya, filimi zerekana abantu bitangira abandi, amashusho.

Page 126: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

113

Imbumbanyigisho: Indangagaciro za gikiristu

Icyigisho: Kubana mu mahoro

Umwaka wa kabiri: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 3: Isano iri hagati y’ubutumwa bw’Imana n’amahoro.

Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura isano iri hagati y’ubutumwa bw’Imana n’amahoro, no kwitabira ibikorwa by’amahoro.

Intego y’icyigisho Icyigishwa Ibikorwa by’umunyeshuri Ubumenyi Ubumenyi ngiro Ubukesha

-Kwerekana isano

iri hagati

y’ubutumwa

bw’Imana

n’amahoro.

-Gufata mu mutwe

Ingingo ntera

hirwe

“Hahirwa abatera

amahoro bazitwa

abana b’Imana”.

-Kugaragaza uruhare rw’ubutumwa bw’Imana mu kubaka amahoro. -Gusobanura uburyo bwo kwimakaza amahoro hifashishijwe ubutumwa bw’Imana.

-Kuba mu matsinda Yimakaza amahoro. -Guhamagarira abandi kujya mu matsinda yimakaza umuco w’amahoro. -Kwamagana ibikorwa bibangamira amahoro.

-Igisobanuro ku butumwa Bw’Imana n’amahoro -Hahirwa abatera amahoro bazitwa abana b’Imana. -Amahoro n’ubutabera

-Kuganira mu matsinda ku nkuru yasomewe zerekeranye no kubana mu mahoro kandi tugaragaza ukuntu amahoro ari ryo shingiro ry’ubuzima bw’umukirisitu.

-Gukina udukino tugaragaza ibikorwa by’amahoro bishingiye ku ijambo ry’Imana rigaragara muri Mt 5:1 ndetse n’isano iri hagati y’amahoro ndetse n’ubutumwa Imana iduha mu ijambo ryayo. -Gusesengura udukuru duto basomewe bagerageza gukuramo ibikorwa bitera amahoro

Page 127: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

114

byakozwemo kandi bakagaragaza uburyo byashyirwa mu bikorwa mu buzima busanzwe.

Ihuriro n’andi masomo: Ubumenyimbonezamubano ku birebana n’amahoro

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura isano iri hagati y’ubutumwa bw’Imana n’amahoro, no kwitabira ibikorwa by’amahoro.

Imfashanyigisho: Bibiliya, filimi zerekana ibikorwa by’abantu bitangira amahoro, amashusho, Filimi ya yozefu, itorwa rya Abrahamu, Mosi na Yosefu, n’izabantu bitangira abandi.

Page 128: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

115

UMWIHARIKO W’ABAKIRISITU GATORIKA

Imbumbanyigisho: Imyemerere no gusenga

Icyigisho: Ibikorwa by’Ubuyobokamana

Umwaka wa kabiri: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe 1: Indangakwemera Gatorika n’Amasakaramentu y’ibanze

Umubare w’amasomo:

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kuvuga adategwa isengesho ry’indangakwemera no gusobanura akamaro k’amasakaramentu y’ibanze.

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kumenya

umubare

w’ingingo zigize

indangakwemera

gatorika.

-Kuvuga

amasakaramentu

y’ibanze.

-Gukurikiranya

ingingo

z’indangakwemera

uko ari 12.

-Gusobanura

imbuto zironkerwa

mu

masakaramentu

y’ibanze.

-Gusenga

yifashishije

indangakwemera.

Kwitabira

guhabwa

amasakaramentu

y’ibanze.

-Indangakwemera

gatorika (credo de

Nicee).

-Amasakaramentu

y’ibanze

(batisimu, ukarisitiya,

ugukomezwa).

-Umukino: Kwandika no

gutoranya udupapuro

turiho ingingo

z’Indangakwemera

bakatwomeka ku nkuta

aho basoma

bakurikiranye.

-Gukora amatsinda

bakagaragaza imbuto

zironkerwa muri buri

Sakaramentu.

Page 129: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

116

Ihuriro n’andi masomo:amateka (umuryango w’abayisiraheri)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri ashobora kuvuga isengesho ry’indangakwemera no gusobanura amasakaramentu y’ibanze.

Imfashanyigisho: Bibiliya,amashusho,amafoto,amazi,buji,amavuta, ibitambaro byera

Page 130: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

117

5.3 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa Gatatu

5.3.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe

- Kugaragaza ubutumwa Imana yahaye muntu nyuma yo kumurema uko bugaragara muri Bibiliya no kubugiramo

uruhare;

- Kwirinda no kwicuza ibyaha ndetse no gukurikiza imigenzo mbonezabupfura ku ishuri no mu rugo;

- Kwiringira Yezu umunyampuhwe n’umukiza w’abantu mu buzima bwabo;

- Guharanira ubutungane no kwihanganira ibigeragezo ( Yobu);

- Kubaha isengesho no gusenga mu buzima bwe avuga amasengesho y’ikoraniro;

- Gusobanura ingaruka zo kwiheza, guhezwa no kwigunga bibangamira amahoro y’umutima;

- Kurangwa n’urukundo, ubucuti, ubworoherane mu kubaka amahoro y’umutima.

Page 131: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

118

5.3.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa mbere

Imbumbanyigisho: Bibliya n’Imyemere

Inyigisho: Kwigaragaza kw’Imana

Umwaka wa 3: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe 1: Imana imaze kurema muntu,imuha ubutumwa

Umubare w’amasomo:

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba shobora kuvuga ubutumwa Imana yahaye Muntu nyuma yo kumurema, gukunda umurimo no kubaha abamukuriye

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro

Ubukesha

Ibyigwa

-Kuvuga ubutumwa Imana yahaye muntu imaze kumurema -Kumenya icyo Imana imuhamagarira gukora

-Gusobanura ubutumwa Imana yahaye muntu n’uko bugomba Gushyirwa mu bikorwa

-Gukora ibikorwa bigira isi nziza aho ari hose -Kwitabira amatsinda arengera ibidukikije

Ubutumwa Imana yahaye muntu: -Gukora no kugenga isi -kubyara no kororoka

Kujyana abana aho bashobora kwitegereza ibintu binyuranye maze bagatandukanya ibyaremwe n’Imana ndetse n’ibyakozwe n’abantu. Nyuma bagasubiza bandika ibibazo mwarimu ababaza bishingiye ku nshingano z’umuntu ku isi -Kujya impaka ku bintu umuntu yakoze bitari byiza byangiza ubuzima bwe. No kugaragaza uruhare rw’umutimanama muzima mu gukora ibintu tubona ku isi. -Gusesengura mu matsinda udukuru ( case studies) bagasesengura uruhare rw’umurimo

Page 132: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

119

mu gutunganya isi ndetse n’ingaruka zo gukoresha nabi iby’Imana yaduhaye ndetse n’uburenganzira bwa muntu bwo kubyaza umusarururo Iby’Imana yaremye

Ihuriro n’andi masomo: Ubumenyi bw’isi (kwita ku bidukikije),uburere mboneragihugu(kubaha abakuru)

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri azaba ashobora kuvuga ubutumwa Imana yahaye Muntu nyuma yo kumurema, gukunda umurimo no kubaha abamukuriye.

Imfashanyigisho: Bibiliya, ibikoresho bihangwa na muntu (iby’ikoranabuhanga, ibyo mu rugo,amafoto yerekana umuryango).

Page 133: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

120

Imbumbanyigisho:Bibiliya n’imyemerere

Icyigisho: Icyaha

Umwaka wa gatatu: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 2: Kwirinda icyaha no gusaba imbabazi

Umubare w’amasomo:6

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: umunyeshuri azaba ashobora gukora icyiza, gusaba imbabazi z’ikibi yakoze no gukurikiza imigenzo mbonezabupfura aho ari hose

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Gusobanura icyaha icyo ari cyo. -Kuvuga akamaro ko gusaba imbabazi.

-Gusobanura uburyo bwo kwirinda icyaha. -Kugaragaza ingaruka z’icyaha.

-Kwanga no kwirinda icyaha n’imizi yacyo mu buzima bwa buri munsi. -Kubaho mu bupfura no -Gukurikiza amategeko y’Imana.

-Ibyaha n’imizi yabyo -Uburyo bwo kwirinda icyaha -Ingaruka z’ibyaha -Uburyo bwo kwicuza ibyaha no gusaba imbabazi -Imigenzo mbonezabupfura itsinda imizi y’ibyaha

-Gukora amatsinda abana baganira ku buryo bwimbitse ibijyanye n’igitera ibyaha mu bantu, buri muzi n’ibyaha utera ndetse n’ingamba zo kubikumira -Kuganira mu matsinda ibijyanye n’uburyo bwose bukoreshwa mu kugira ngo uwakoze ibyaha yiyunge n’Imana ndetse n’abo yahemukiye mu rwego rwo kwimakaza imibanire myiza -Gukina agakino kerekana Umugenzo mwiza wo gusaba imbabazi ndetse no kuzitanga,

Page 134: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

121

gukora icyiza nk’icyiru k’ikibi wakoreye undi ndetse no kwiyunga n’Imana

Ihuriro n’andi masomo:ubumenyi mbonezamubano (kwirinda icyaha)

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri azaba ashobora gukora icyiza, gusaba imbabazi z’ikibi yakoze no gukurikiza imigenzo mbonezabupfura aho ari hose.

Imfashanyigisho: Bibiliya, amashusho (umwana w’ikirara), amafoto y’itangwa rya penetensiya..

Page 135: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

122

Imbumbanyigisho:Bibiliya n’Imyemerere

Icyigisho: Icungurwa rya Muntu

Umwaka wa gatatu: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe 3: Yezu umucunguzi w’abantu Umubare w’amasomo:6

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusobanura imibereho ya Yezu nk’Umukiza n’Umucunguzi.

Intego y’ikigisho Ibikorwambonezamasomo

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kuvuga muri make ku buzima bwa Yezu ku isi -Kumenya inkuru zo muri Bibiliya yize zijyanye n’icungurwa rya muntu.

-Gusobanura ivuka rya Yesu/Yezu -Gusobanura bimwe mi bitangaza bya Yezu -Gusobanura ibihe bya nyuma byo gucungura muntu

-Gufasha no kwitangira abandi mu buzima bwa buri munsi akurikije urugero rwa Yezu. -Kwemera Yezu no kumukurikira nk’umukiza.

-Imibereho ya Yezu ( inkuru z’ibitangaza Yezu yakoze ( kuzura Lazaro, kuzura umukobwa wa Yayiro, yirukana Roho mbi/amadayimoni, gukiza abarwayi, impumyi,…) -Yezu asubiza ubuzima abari bapfuye.(inkuru ya Lazaro, …) -Ububabare,

-Kuganira mu matsinda bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze ubuzima bwa Yezu nk’umukiza n’umucunguzi w’abantu ivuga inyigisho yatangaga ku bijyane n’imibereho y’abantu n’Imana, ibitangaza by’ingenzi yakoze, urupfu n’izuka rye -Gukora amatsinda yo kungurana ibitekerezo ku bitangaza Yezu yakoze ndetse n’inyigisho babikuramo -Gukina agakino kagaragaza ineza ya Yezu mu bantu guhera akiri muto kugeza akuze ubwo yakoraga ubutumwa yigisha

Page 136: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

123

Urupfu n’izuka bya Yezu Ijyanwa muijuru rya Yezu

amahanga yose, akiza indwara , agirira abababaye impuhwe

Ihuriro n’andi masomo:

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri ashobora kugararagaza ibikorwa byo kwitanga hagamijwe imibereho myiza y’abandi

Imfashanyigisho: Bibiliya, amashusho agaragaza abantu bagirira abandi neza, filimi ya Yezu.

Page 137: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

124

Imbumbanyigisho:Indangagaciro za Gikirisitu

Icyigisho: Kubana mu Mahoro

Umwaka wa 3: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 4: Ubutabera n’Amahoro Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kugaragaza ibikorwa by’urukundo n’ubworoherane mu kubaka amahoro y’umutima.

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha ibyigwa

-Kuvuga

ibyubaka

amahoro mu

mitima y’abantu

-Kurondora

ibyahungabanya

amahoro

y’umtima

-Kugaragaza

ingaruka

z’ihungabana

ry’amahoro

-Kugaragaza

akamaro

k’amahoro yuzuye

Gusobanura isano

iri hagati

y’ubutabera

n’amahoro

-Gukora ibikorwa

nteramahoro aho

ari hose

-Gukumira icyo

ari cyo cyose

cyahungabanya

amahoro mu

mitima y’abantu

-Ubusobanuro bw’ubutabera n’amahoro -Uburyo bunyuranye bwo gukemura amakimbirane umuco w’amahoro arambye yaba ayo mu mutima cyangwa mu bantu

-Abanyeshuri babifashijwemo

na mwarimu bagirana ibiganiro

mu matsinda ku mahoro mu

miryango yayo ibikorwa

biranga amahoro, ibigaragaza

ko yabuze ndetse n’uko aho

amahoro yabuze yagaruka.

-Gukina udukino twerekana

ingaruka z’ibikorwa

bihungabanya amahoro mu

mibereho y’abantu haba mu

Page 138: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

125

-Kugaragaza

ibyubaka amahoro

-Kwitabira

amatsinda afite

ubutumwa

bw’amahoro

-Imigenzo mbonezabupfura iganisha ku mahoro n’ubutabera -Isano iri hagati y’ubutabera n’amahoro

muryango cyangwa mu gihugu

-Kungurana ibitekerezo ku

bigomba gukorwa mu rwego

rwo kwirinda amakimbirane

ndetse no kubungabunga

amahoro mu muryango

Nyarwanda.

Ihuriro n’andi masomo: Ubumenyimbonezamubano(ubutabera n’amahoro)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azaba ashobora kugaragaza ibikorwa by’urukundo n’ubworoherane mu kubaka amahoro

Imfashanyigisho: Bibiliya ,amashusho,filimi zijyanye n’ibikorwa by’amahoro n’ubutabera, ibidukikije

Page 139: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

126

UMWIHARIKO W’ABAKIRISITU GATORIKA

Imbumbanyigisho:Imyemerere no Gusenga

Icyigisho: Ibikorwa by’Ubuyobokamana

Umwaka wa gatatu: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe 1: Misa Ntagatifu Umubare w’amasomo:5

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gutandukanya no gusobanura neza ibice bya Misa

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kumva neza icyo

Misa aricyo.

-Kuvuga ibice

by’ingenzi bya

Misa

-Gusobanura isano

y’igitambo

cy’ukarisitiya

-Gusobanura

ibikorwa muri buri

gice cya Misa

n’akamaro kabyo

-Gutandukanya

Misa n’andi

Masengesho

-Kwerekana isano

-Kwitabira Misa

ntagatifu

-Kubana n’abandi

akurikije ijambo

ry’Imana

-Gutanga urugero

rwiza

rw’ubuyobokaman

-Igitambo cya

Misa isengesho

rikuru.

-Ibice bya Misa

-Ibikoresho bya

Misa

-Gushyira abana mu matsinda

bakungurana ku cyo misa ari cyo

uko itangira kugeza irangiye

bagaragaza abagira uruhare muri

buri gice ndetse bavuga n’ibice

by’ingenzi biyigize

-Gukina udukino tugaragaza

akamaro ka misa ndetse n’uburyo

igomba kubahwa no kwitabirwa

n’abakirisitu bose nk’isengesho

Page 140: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

127

n’igitambo cyo mu

isezerano rya kera.

iri hagati y’igitambo

cy’ukaristiya

n’igitambo kivugwa

mu isakaramentu

rya kera

a Isano iri hagati

y’ igitambo

cy’ukaristiya

n’igitambo cyo

mu isezerano

rya kera.

rituta ayandi

-Abana bakajya mu kiriziya aho

bishoboka bakitegereza bimwe mu

bikoresho bya misa kandi

bakabyunguranaho ibitekerezo

Ihuriro n’andi masomo:

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azaba ashobora gutandukanya no gusobanura neza ibice bya Misa

Imfashanyigisho: indabo, imyambaro n’amabara, amashusho, ibyuma bisohora amajwi, Bibiliya.

Page 141: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

128

UMWIHARIKO W’ABAPOROTESITANTI N’ABADIVANTISITE

Imbumbanyigisho:Imyemerere no gusenga

Icyigisho: Ibikorwa by’Ubuyobokamana

Umwaka wa 3: Iyobokamana rya Gikirisitu

Umutwe wa 1: Ubuturo Bwera Umubare w’amasomo:

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: umunyeshuri azaba ashobora kugaragaza akamaro n’imirimo yakorerwaga mu buturo bwera.

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kuvuga ibice

byari bigize

ubuturo bwera

n’imirimo

yahakorerwaga

muri buri gice

Kugaragaza icyo

umutambyi ari

cyo n’uburyo

-Gutandukanya

ahera n’ahera

cyane

-Gusobanura

ibyakorerwaga

muri buri gice

cy’ubuturo

bwera

-Kubaha

abayobozi

b’itorero,

urusengero na

bagenzi be.

-Gutekereza ituro

akwiye gutura

Imana.

-Amabwiriza yo kubaka ubuturo bwera. -Ibikoresho n’imirimo yakorerwaga mu buturo -Ibirebana n’abatambyi muri Bibiliya

-Gushyira abana mu matsinda

bakaganira ku mirimo yakorerwaga mu

buturo bwera abayikoraga ndetse

n’amabwiriza yagengaga ubuturo bwera

-Kungurana ibitekerezo mu matsinda ku

nkuru ijyanye n’ubuturo bwera

basomewe babihuza n’ubuzima ndetse

n’imyitwarire iboneye mu rusengero

Page 142: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

129

yashyirwagaho

-Kumenya

itandukaniro riri

hagati

y’abatambyi ba

kera na Yesu.

Gutandukanya

igitambo cya

Yesu

n’icyabatambyi

bo mu

isezerano rya

kera.

Hwihana igihe

cyose uguye mu

cyaha ubinyijije

ku mutambyi

mukuru ariwe

Yezu

-Yesu, Umutambyi Mukuru

-Gukora umwitozo wo gushushanya

ubuturo bwera bagaragaza ibice byari

bibugize kandi baganira ku kamaro

kabwo mu buzima bw’umuryango

w’Imana.

-Gukina udukino tugaragaza imirimo

y’ubutambyi n’anmategeko yagengaga

gutamba

Ihuriro n’andi masomo:amateka(umuryango w’abayisiraheri)

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri azaba ashobora kugaragaza akamaro n’imirimo yakorerwaga mu buturo bwera.

Imfashanyigisho: Bibiliya, amashusho y’ubuturo bwera.

Page 143: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

130

Page 144: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

131

IYOBOKAMA RYA KIYISILAMU

Page 145: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

132

5.4 Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa Mbere

5.4.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe

- Gufata mu mutwe no kuvuga amahame shingiro y’ukwemera muri Islamu; - Gusoma neza amasura yo muri Qur’an yoroheje; - Gufata mu mutwe no kuvuga amategeko ngengabikorwa ngaragiramana;

- Gufata mu mutwe no kuvuga ubuzima bw’intumwa y’Imana Muhamadi, afatiye ku rugero rwe akagaragaza imibanire

myiza n’abandi ( Imana imuhe Amahoro n’Imigisha)’ - Kugaragaza urukundo ku bantu babana no kwita ku bidukikije.

Page 146: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

133

5.4.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa mbere

Imbumbanyigisho:Ibyanditswe bitagatifu

n’imyemerere

Icyigisho: Tawhiid

Umwaka wa mbere: Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 1: Amahame shingiro

y’ukwemera muri Islam

Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: umunyeshuri azaba ashobora kuvuga adasoma amahame atatu ya mbere y’ukwemera,

kuyakurikiza no gukurikiza Intumwa mu kubanira abandi neza

Intego y’icyigisho

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kugaragaza ko

Imana ari imwe

rukumbi (Allah)

-Kugaragaza

impamvu Allah

yaremye amajini

n’abantu

-Gusobanura impamvu

Imana ari imwe

rukumbi (Allah)

-Gusobanura impamvu

Imana yaremye abantu

n’amajini

-Gusobanura uko

-Gukunda Allah

no kubaha

ibiremwa bye

-Gukurikiza

inyigisho

z’Intumwa

y’Imana

Muhamadi

-Imana ni imwe

rukumbi(Allah)

-Imana ni

umuremyi

w’Ijuru n’isi

n’ibirimo

byose(Rurema)

-Mu matsinda, kwitegereza

ibiremwa bitandukanye aho biri

(nko mu busitani)

-Mu matsinda, kungurana

ibitekerezo ku nkomoko

y’ibiremwa

-Gusangira ibyavuye mu

Page 147: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

134

-Kuvuga inkomoko

y’ibiriho byose

-Kuvuga amazina ya

zimwe mu ntumwa

z’Imana

Kugaragaza

imigirire y’Intumwa

z’Imana

Imana yaremye ibiriho

byose

-Gusobanura

ubutumwa bwatanzwe

n’intumwa z’Imana

-Intumwa

z’Imana

n’ibyaziranze mu

mibereho yazo

-Umwihariko wa

Allah mu

gusengwa

n’ububi bwo

kumubangikanya

(Shirki)

matsinda

-Gukina udukino tugaragaza

imico y’Intumwa z’Imana.

Kwereka abanyeshuri ingero

z’ibishushanyo abandi bantu

basenga bitari Allah

Ihuriro n’andi masomo:Amateka ku ntangiriro ya Islam,ubumenyi mbonezamubano ku bwuzuzanye bw’ibiremwa

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri arashobora gikurikiranya neza amahame y’ukwemera,kuyakurikiza no gukurikiza inyigisho

z’Intumwa z’Imana

Imfashanyigisho: Qur’an,ibidukikije, amashusho n’ibishushanyo, ibikoresho byo kwifashisha mu dukino tw’imico myiza y’intumwa

Page 148: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

135

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe bitagatifu

n’imyemerere

Icyigisho: Qur’an

Umwaka wa mbere : Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 2: Kwiga gusoma Qur’an Umubare w’amasomo: 8

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora gusoma inyajwi n’ingombajwi z’icyarabu nk’ururimi

Qur’an

Intego y’icyigisho

Ibikorwa by’umunyshuri

Ubumenyi ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kuvuga amategeka

agenga amajwi

y’inyuguti Qur’ an

yanditsemo

Gutondeka no

gusoma inyuguti

Qur’an yanditsemo.

-Kwigana

-Gutandukanya uko

basoma inyuguti Qur’an

yanditsemo n’inyuguti

zisanzwe

Kuvangura inyuguti

Qur’an yanditsemo mu

zindi zisanzwe

-Gufatanya inyuguti

-Kugira umuco

wo gusoma

Qur’an

-Gusubiramo

kenshi amajwi

y’inyuguti Qur’an

yanditsemo

nkuko amategeko

abigenga

abiteganya

-Inyajwi

n’ingombajwi

z’Icyarabu

Qur’an

yanditsemo

-Abana barasoma bigana

amajwi y’inyuguti Qur’an

yanditsemo ku kibaho

-Abana baritoza

kwisomesha bonyine

inyuguti Qur’an

yanditswemo.

-Abana baratombora

Page 149: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

136

imisomerwe

y’inyuguti Qur’an

yanditsemo

bakurikije ingero

bumvise.

z’icyarabu no gusoma

imwe mu mirongo

zibonekamo

inyuguti Qur’an

yanditsemo,zanditse ku

mpapuro, buri wese asome

iziri ku rupapuro rwe.

Ihuriro n’andi masomo:ururimi rw’Icyarabu

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri arashobora gusoma neza inyuguti Qur’an yanditsemo

Imfashanyigisho: Qur’an,ikaramu zagenewe gushushanya,impapuro zagenewe gushushanywaho,impapuro zanditseho inyuguti

za Qur’an, Agatabo ka Yassarnal-Qur’an

Page 150: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

137

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe

bitagatifu n’imyemerere

Icyigisho: Ubumenyoi bw’amaategeko y”idini: Fiq’hi

Umwaka wa mbere : Iyobokamana

rya kiyisilamu

Umutwe 3: Amategeko ngengabikorwa ngaragiramana

y’ibanze

Umubare

w’amasomo:7

ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kwisukura yubahiriza amategeko y’isuku yo gusari

n’amategeko y’ibanze agenga Iswalat

Intego y’icyigisho

Ibikorwa

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kurondora amategeko agenga kujya

mu bwiherero

-Kugaragaza amategeko agenga

isuku mbere yo gusari.

-Kuvuga amasengesho ategetswe

n’ibihe byayo

Kwerekana

uko isuku

mbere yo

gusari ikorwa.

-Kwerekana

uko Iswala

ikorwa

-Gutandukanya

amasengesho

ategetswe

Kubahiriza

amategeko

agenga isuku ya

mbere yo gusari

-Kubaha igihe

cyagenewe

amasengesho

-Guharanaira

ibihembo

Imana

Isuku mbere yo

gusari

-Amasengesho atanu

ategetswe buri

munsi

- Amasengesho

y’umugereka

(sunnat)

Abana barakora

umwitozo w’isuku

bakaraba nkuko

bikorwa mbere yo

gusari (wudhu).

-Abana barakora

umwitozo wo

gukora Iswala

eshanu zitegetswe

n’iz’umugereka.

Page 151: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

138

-Kuvuga amasengesho y’umugereka

(Sunnat) n’ ibihe byayo.

-Kuvuga ubusabe ( Iduwa)

bukoreshwa mu gusingiza Imana mu

Iswala na nyuma yayo (Adh’kar)

n’amasengesho

adategetswe

-Kuvuga

akamaro k’

Iswala muri

Islam

yageneye

abakora Iswala

uko bikwiye no

kwirinda

ibihano

byateganyirijwe

abayirengagiza

-Gusingiza

Imana mu

Iswala na

nyuma yayo.

-Amasengesho

yategetswe(Faradha)

-Ubusabe ( Iduwa)

bukoreshwa mu

gusingiza Imana mu

Iswala na nyuma

yayo (Adh’kar)

-Abana

barasubiramo

ubusabe ( Iduwa)

bukoreshwa mu

gusingiza Imana

mu Iswala na

nyuma yayo

(Adh’kar)

-Kureba videwo

n’amashusho

byerekana uko

bakora isuku nuko

basali

Ihuriro n’andi masomo: ubumenyi mbonezamubano

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri arisukura neza mbere yo gusari kandi arakora iswala mu gihe cyayo

Imfashanyigisho: Qur’an,amazi,akajerikani,ibirika,umuswalat(umukeka), Kambambiri, ibikoresho byerekana videwo

Page 152: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

139

Imbumbanyigisho: Imyemerere

n’amateka y’Idini

Icyigisho: Amateka ya Islam (Taarekh)

Umwaka wa mbere:

Iyobokamana rya kiyisilamu

Umutwe 4: Ubuzima bw’intumwa y’Imana

Muhammad (Imana imuhe Amahoro n’imigisha)

Umubare w’amasomo:5

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba arangwa n’imico myiza n’urukundo muri bagenzi be nkuko byaranze

intumwa y’Imana Muhamadi

Intego y’icyigisho

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kuvuga

inshamake y’

amateka y’ibanze

y’ubuzima

bw’Intumwa

y’Imana

Muhamadi.

-Kurondora

imigenzo myiza

yaranze Intumwa

-Gusobanura

imibereho y’intumwa

y’Imana Muhamadi

mbere na nyuma yo

guhishurirwa

ubutumwa.

-Gutandukanya

Imyitwarire yaranze

intumwa y’Imana

Muhamad

-Gukurikiza

imigenzo yaranze

intumwa y’Imana

Muhamadi.

-Kubahiriza

inyigisho z’intumwa

y’Imana Muhamadi

-Gukunda Intumwa

-Igisekuru

cy’intumwa

y’Imana

Muhamadi(I.A.U)

-Amateka y’ibanze

yubuzima bwa

Muhamadi.

-Imigenzo

-Abana mu itsinda baribukiranya ku

buzima bwa Muhamadi mbere na

nyuma yo guhishurirwa ubutumwa.

-Abana mu rindi tsinda baraganira

ku migenzo mbonezabupfura

yaranze Muhamadi(ukuri,

kwizerwa, ubuntu, kugira impuhwe

mu gutanga ubutumwa bw’Imana

yagejejweho na Gaburiheli)

Page 153: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

140

y’Imana

Muhamadi mu

buzima bwe

bw’ibanze.

n’iy’abandi bantu

basanzwe.

y’Imana Muhamadi

no kuyisabira

Amahro n’imigisha

igihe ivuzwe

n’ubupfura

byaranze Intumwa

yimana muhamadi

(i.a.u)

-Abana barakina ikinamico

hanyuma banarebe filimi ku buzima

bwa Muhamadi.

-Abana barahuriza hamwe ibyavuye

mu matsinda

Ihuriro n’andi masomo: Amateka y’amadini,ubumeny imbonezamubano

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri arabanira bagenzi be neza nkuko byaranze intumwa y’Imana Muhamadi.

Imfashanyigisho: Qur’an,ibikoresho by’ikoranabuhanga n’ibindi bitabo.

Page 154: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

141

Imbumbanyigisho: Imyemerere n’imigenzo

mbonezabupfura

Icyigisho: Ubupfura (Adabu)

Umwaka wa mbere: Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 5: Ubupfura n’imibanire myiza

n’abandi)

Umubare w’amasomo:8

ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora gukora ibikorwa by’urukundo muri bagenzi be no kwita ku bidukikije

bigaragaza urukundo akunda Imana

Intego y’icyigisho

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha ibyigwa

-Kurondora

ibikorwa

by’urukundo mu

bantu

-Kugaragaza

imyifatire Islam

yateganyije mu bihe

bunyuranye

-Kugaragaza

indangagaciro za

-

Gutandukanya

urukundo

Imana idusaba

kugirira

abandi

n’ubucuti

busanzwe

Gusobanura

akamaro ko

kwita ku

-Kubaha no

gufasha bagenzi be

adashingiye ku

bwoko, ku karere,

ku idini cyangwa

irindi vangura iryo

ari ryo ryose

-Kwirinda

icyakwangiza

ibidukikije byose\

-Gukunda Imana no

gukunda mugenzi

wawe nk’uko wikunda.

-Imyitwarire mu bihe

bitandukanye (kurya,

kunywa , kuryama,

kubyuka, Kujya mu

bwiherero, kwambara,

mu rugendo, kubaha

abakuru, kugirira

impuhwe abato,

-Mu matsinda abana

baribukiranya indangagaciro

z’umuyislamu nyawe maze bajye

bazandika ku dupapuro.

-Abana baromeka ku rukuta

udupapuro twanditseho

indangagaciro za kiyislamu,

hanyuma bakore umwitozo wo

kuzisoma umwe umwe

-Abana barasubiramo indamutso

Page 155: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

142

kiyislamu

hagamijwe

guhindura isi nziza

-Kuvuga ibikorwa

by’ibanze byo

kurengera

ibidukikije

nk’ibiremwa

by’Imana.

bidukikije

muri Islamu

-Kwitwara nk’uko

Islamu ibiteganya

mu bihe

bitandukanye

by’ubuzima bwa

buri munsi

indamutso

-Kubaha Imana mu

biremwa byayo

ubirinda, ubyitaho

kandi ubiteza imbere

mu mibereho yabyo

muri Islam (salamu), n’ubusabe

bwihariye mu bihe runaka

n’imyifatire isabwa.

-Abana barakora ikinamico ku

rukundo basabwa kugirira

abandi.

-Abana barareba filimi yerekana

ibikorwa bigamije kurengera

ibidukikije

Ihuriro n’andi masomo: ubumenyi mbonezamubano, ubupfura n’itozamuco

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri ararangwa n’imico myiza y’urukundo n’ubupfura muri bagenzi be no gukunda Imana

abinyujije mu biremwa kandi arangwe n’imyifatire isabwa mu bihe runaka nk’uko Isilamu yayiteganyije.

Imfashanyigisho: Qur’an, ibikoresho by’ikoranabuhanga n’ibindi bitabo, ibitabo bya Hadith , Ibitabo by’ububonezabupfura muri

Islam impapuro zo ku nkuta n’amakaramu yazo

Page 156: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

143

5.5 Integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu: umwaka wa Kabiri

5.5.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe

- Kumenya no kubaha Imana nk’umuremyi w’ibiriho byose;

- Gusoma no gufata mu mutwe amasura;

- Gufata neza no gusubiramo inyuguti z’icyarabu;

- Gufata mu mutwe no kuvuga amateka y’ingenzi y’ubuyisiramu ;

- Kugaragaza imico myiza ngenga myitwarire kubwe ndetse no mu bandi bantu babana.

Page 157: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

144

5.5.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Gikirisitu umwaka wa mbere

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe bitagatifu

n’imyemerere

Icyigisho: Tawhiid

Umwaka wa kabiri: Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 1: Amahame shingiro y’ukwemera

muri Isiramu,igice cya kabiri

Umubare w’amasomo:7

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe: Umunyeshuri azaba ashobora kugaragaza ko Imana ari yo yonyine ikwiye gusengwa,

kwakira ubutumwa bwayo no gukorera Ijuru akirinda ibihano by’umuriro.

Intego y’icyigisho

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-

Kurondora

inkingi

esheshatu

zigize

ukwemera

muri

Isiramu

-Guhamya

ko Allah

-Kwerekana isano iri

hagati y’inkingi

z’ukwemera

n’ibikorwa

ngaragiramana

-Gusobanura akamaro

k’inkingi z’ukwemera

mu buzima bwa muri

munsi

-Guha Imana

icyubahiro kiyikwiye

mu masengesho.

-Kwirinda imihango

yose

y’ibangikanyamana

-Kubaha ibitabo

-Inkingi esheshatu zigize

ukwemera muri Isiramu:

-Imana imwe rukumbi (Allah)

-Abamarayika b’Imana

n’imirimo bamwe bashinzwe

(Djibril, Michael,Israfil, Izrail,

Malik, Malakulmawuti…)

-Mu matsinda abana

baraganira ku nshingano

zinyuranye z’Abamarayika

b’Imana

-Mu yandi matsinda abana

baragaragaza uburyo

Imana ikoresha ngo

abantu bayo bajye bahora

biyibutsa ubutumwa

Page 158: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

145

ariwe

wenyine

ukwiye

Gusengwa

.

-Gutandukanya

amasengesho

akorerwa Imana

n’imigenzo

y’ibangikanyamana.

-Gusobanukirwa ibice

bitatu bigize

ukwemera

-Kugaragaza aho

abamarayika bahurira

n’ikiremwamuntu

bitagatifu.

-Gusenga Imana

imwe rukumbi

(Allah) no kumuha

icyubahiro no kubaha

intumwa ze

-Gutinya Imana

akurikiza inyigisho

zikubiye muri Qur’an

Kwemera igeno

ry’Imana

-Ibitabo by’Imana (Tawurat,

Suh’fi, Zaburi, Ivanjili,)

- Intumwa n’abahanuzi

-Umunsi w’Imperuka

(Ubuzima inyuma y’urupfu,

Izuka, ibarura, ijuru n’umuriro)

-Igeno ry’Imana

bwayo

-Abana barandika ku

dupapuro ibikorwa byiza

byahesha ubikoze Ijuru

-Abanyeshuri

baragaragariza hamwe

ibyo bagezeho mu

matsinda

Ihuriro n’andi masomo: Amateka mu iyobokamana (Djibril azanira ubutumwa bw’Imana intumwa), ubumenyi mbonezamubano.

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri azaba ashobora kugaragaza ko Imana ari yo yonyine ikwiye gusengwa, kwakira ubutumwa

bwayo no gukorera Ijuru akirinda ibihano by’umuriro.

Imfashanyigisho: Qur’an, Hadith z’intumwa Muhamad, ibindi bitabo.

Page 159: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

146

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe bitagatifu

n’imyemerere.

Icyigisho: Qur’an

Umwaka wa kabiri: Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 2: Gusoma Qur’an Umubare w’amasomo:10

Ubushobozi bw’ibanze bugamijwe: umunyeshuri azaba ashobora gusoma no gufata mu mutwe amasura magufi ya Qur’an

Intego y’icyigisho

Ibikorwa

by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Gusoma neza amasura 11

magufi yo muri Qur’an

-Gusubiramo adasoma

amasura magufi yo muri

Qur’an yamaze gufata mu

mutwe

-Gutandukanya

imisomere ya

Qur’an mu nyuguti

zayo n’imisomere

y’ibindi bitabo

-Kutitiranya

imisomere ya

Qur’an n’indirimbo

zisanzwe

-Gusoma kenshi

Qur’an

-Kwimenyereza

gufata mu mutwe

Qur’an

-Gusoma: suurat

Al.-Fat’ha,

Al’fil

Qurayshi

Al’Mauna

Al’Kawthar

Al’kafiruna

Annasw’ru

-Gutega amatwi

imisomere y’amasura

ku majwi yafashwe mu

byuma

-Gufata igitabo cya

Qur’an abanyeshuri

bakisomesha

-Nyuma yo kumva

imisomere y’amasura

Page 160: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

147

Al’Masad

Al-Ikh’laswi,

Al’Falaq.

Annasi

ya Qur’an,abanyeshuri

nabo barasubiramo

bigana uko babyumvise,

umwe umwe ,mu

matsinda cyangwa bose

hamwe

Ihuriro n’andi masomo:

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri azaba ashobora gusoma neza atajijinganya no gufata mu mutwe amasura cumi n’imwe magufi

ya Qur’an

Imfashanyigisho: Qur’an, udutabo twa yassarnal-Qur’an ibyuma bisakaza amajwi.

Page 161: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

148

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe

bitagatifu n’imyemerere

Icyigisho: Ubumenyi bw’amategeko y’Idini: Fiq’hi

Umwaka wa kabiri: Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 3 : Iswalat Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora gusari no gutunganira Imana n’abantu

Intego y’icyigisho

Ibikorwaby’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha ibyigwa

-Kuvuga

amategeko

agenga

Iswalat.

-Kugaragaza

ibice bigize

iswalat

-Kurondora

ibyangiza

-Gusobanura

ibisabwa kugira ngo

Iswalat ibe itegeko

-Gusobanura

ibitegetswe

n’ibibujijwe mu

Iswalat.

-Gusobanura

ingororano

ziteganirijwe

abazirikana Iswalat

Gukora Iswalat uko

bitegetswe

-Kwirinda

icyakwangiza

iswalat cyose

-Kubanira neza

Imana n’abantu

Iswala 5 zitegetswe

-Ibisabwa kugira ngo

Iswala ibe itegeko

-Gukora Iswalat.

-Akamaro ko gukora

iswala

- Ibihano biteganirijwe

-Abanyeshuri mu matsinda

baraganira ku kamaro ko

gukora iswala n’ibihano

byo kuyirengagiza.

-Buri tsinda riragaragariza

abandi ibyo bagezeho ku

bijyanye n’akamaro ko

gukora iswala

-Abanyeshuri baritegereza

amafoto yerekana uko

Page 162: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

149

iswala

-Gusobanura

ingaruka zo

kudakora iswalat

uko bikwiye

-Kwirinda ibyaha udakora iswalat Iswalat ikorwa

-Nyuma abanyeshuri nabo

barakora umwitozo wo

gukora Iswalat

Ihuriro n’andi masomo: ubumenyi mbonezamubano, icyarabu, siporo(mu gukora iswala no kwimenyereza kwirinda ibyaha)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri arashobora gusari yubahiriza amategeko no gutunganira Imana n’abantu.

Imfashanyigisho: Qur’an n’ibindi bitabo,umuswalat,amafoto,ikibaho cyo komekaho amafoto, kwerekana ikirere

Page 163: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

150

Imbumbanyigisho: Imyemerere

n’amateka y’Idini (Taarekh)

Icyigisho: Amateka ya Islam

Umwaka wa kabiri : Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 4: Amateka y’ibanze ya Islam Umubare w’amasomo:5

Ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora kugaragaza ubupfura n’ubutwari nk’ibyaranze abasangirangendo b’intumwa,

abe intangarugero mu mico myiza

Intego y’ikigisho

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kuvuga imiterere

n’imibereho y’Abarabu

mbere y’ubutumwa

bw’intumwa

Muhamadi

-Kuvuga intangiriro ya

Islamu mu ncamake

-Kugaragaza imibereho

n’ubuzima

-Gusobanura

icuraburindi

ry’ubuyobe

abarabu babagamo

-Gusobanura uko

Malayika Djibril

yabonekeye

intumwa y’Imana

Muhamadi

-Kwemera

ubushobozi

bw’ubutumwa bwa

Muhamadi mu

guhindura

imibereho y’abantu

-Kwemera no

gukurikiza inyigisho

z’intumwa z’Imana

mu buzima bwa buri

-Imibereho

y’abarabu mbere

y’ubutumwa bwa

Muhamadi

-Ihishurirwa

ry’intumwa

Muhamadi (wah’yi)

Itangizwa ku

mugaragaro ry’idini

-Gukora amatsinda

abanyeshuri bakaganira

ku mibereho y’abarabu

mbere y’ubutumwa bwa

Muhamadi, ku mateka ya

Isilamu no kubuzima

bw’abayisilamu ba mbere

-Mu matsinda kugaragaza

indangagaciro

z’abayisiramu ba mbere

abo muri iki gihe bagomba

Page 164: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

151

by’abayisilamu ba

mbere.

-Kurondora amazina

y’abasangirangendo ba

mbere b’Intumwa

y’Imana Muhamadi

-Gutandukanya

ingengabihe ya

Islamu

n’ingengabihe

isanzwe

-Kugereranya

ubuzima bwa

bamwe mu

bayisiramu ba

mbere n’ab’iki gihe

munsi

-Gutera ikirenge mu

cy’abasangirangendo

b’intumwa

Kuba umusiramu

nyawe no

guharanira

iterambere rya

Isilamu

ya Islamu

-Ubuzima

bw’abasangirangendo

ba Muhamadi babaye

abayisiramu ba

mbere

gukurikiza

-Kwandika

ibyemeranijweho mu

matsinda.

-Bari hamwe abanyeshuri

barasangira ibyavuye mu

matsinda

Ihuriro n’andi masomo: Amateka (ku madini).

Ibipimo by’isuzuma: umunyeshuri aragaragaza ubupfura n’ubutwari nk’ibyaaranze abasangirangendo b’intumwa, kuba

intangarugero mu mico myiza abanira abandi neza

Imfashanyigisho: Qur’an ,impapuro zo ku nkuta, amafoto n’ikarita bigaragaza umugi wa Maka n’umujyi wa Madina

Page 165: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

152

Imbumbanyigisho: Imyemerere n’imigenzo

mbonezabupfura

Icyigisho: Ubupfura (Adaabu)

Umwaka wa kabiri : Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 5 : Imibanire y’umuyisiraamu

n’abandi(Adaabu)

Umubare w’amasomo:6

Ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora kubaha buri wese nta vangura no kudakorera abandi icyo atifuza gukorerwa

Intego y’icyigisho

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kuvuga ubwoko

bw’ivangura

bukwiye

kwirindwa.

-Kugaragaza

ingaruka

z’ivangura no

guheza muri

sosiyeti

Gusesengura Qur’an

hagaragazwa

impamvu Imana

yaturemye tudasa

-Gusobanura imirongo

ya Qur’an n’imvugo

z’intumwa Muhamadi

zigaragaza ingaruka

z’ivangura n’ibyiza

by’ubumwe no

kudaheza.

-Kubanira neza

bose nta vangura

-Kwirinda

icyabangamira

abandi

-Kubaha abakuru,

abato ndetse

n’ab’ikigero kimwe

- Imana yaremye

abantu mu budasa

kugira ngo

bamenyane

banuzuzanye

(Ubumwe mu

budasa)

-Gukunda abandi

nkuko wikunda

-Gukina agakino kerekana

ingaruka zivangura n’iheza iryo

ari ryo ryose muri sosiyeti.

-Gukina agakino kagaragaza

ingaruka zabaho igihe abantu

baramutse basa

-Gukora amatsinda agaragaza

ibikorwa by’urukundo.

Page 166: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

153

-Kurondora

indangagaciro

zigaragaza

ikinyabupfura mu

bantu

-Gutandukanya imico

mbonezabupfura

n’ingeso mbi

-Ikinyabupfura mu

bantu ku nzego

zose n’ahantu hose

-Gusangiza abandi ibyo buri

tsinda ryagezeho

-Kureba videwo yerekana

indangagaciro z’ubupfura mu

mibanire y’abantu ku nzego

zose

Ihuriro n’andi masomo: Ubumenyi mbonezamubano(imibanire y’abayisiramun’abandi)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri araba ashobora kubaha buri wese nta vangura , gutera amahoro aho ari hose no kudakorera

abandi icyo atifuza gukorerwa

Imfashanyigisho: Qur’an, hadith z’intumwa Muhamadi, ibikoresho bisohora amashusho n’amajwi

Page 167: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

154

5.6 integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa Gatatu

5.6.1 Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe

- Kuvuga no gusobanura amazina y’Imana aranga ubushobozi bwayo;

- Gufata mu mutwe amasura no kuyasobanura ndetse no kwandika inyuguti z’icyarabu;

- Gufata mu mutwe no kuvuga amategeko ngengabikorwa ngaragiramana;

( uburyobwo gusari mu isengesho ry’imbaga( Djamaat);

- Gufata mu mutwe no kuvuga Imibereho ya zimwe mu ntumwa zabanjirije Muhamadi;

- Kugaragaza imico myiza ngenga myitwarire kubwe no mu bandi bantu babana ndetse no mu bimukikije.

Page 168: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

155

5.6.2 Imitwe igize integanyanyigisho y’Iyobokamana rya Kiyisilamu umwaka wa gatatu

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe bitagatifu

n’Imyemerere

Icyigisho: Tawhiid

Umwaka wa gatatu : Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 1: Amazina aranga ubushobozi

bw’Imana

Umubare w’amasomo:6

Ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora kubaha , gusenga no gusingiza Imana imwe uko bikwiye

Intego y’icyigisho

Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kurondora inkingi

5 za Isilamu

-Gutanga ingero

z’amazina

n’ibisingizo

bigaragaza ubwiza,

ubutungane,

n’ubushobozi

by’Imana

-Kurondora

-Gusobanura no

gutandukanya

Ubuhamya 2 bugize

inkingi ya mbere ya

Isiramu ( shahadat an

laa ilaha ilallal wa Ana

Muhamada rasuulullah)

-Bigaragara muri buri

nkingi

-kwemera no kwizera

Imana (Allah)

n’Intumwa yayo

-Kutagira indi

mana asenga

uretse Allah

Wenyine rukumbi

-Kwitandukanya

n’ibindi bikorwa

byose

bibangikanya

Allah (shirki)

Inkingi eshanu za

Isiraamu ( ubuhamya

bubiri, guhozaho iswala

eshanu buri munsi,

gutanga amaturo, gusiba

ukwezi kwa Ramadhan,

gukora umutambagiro

mutagatifu (Hijja) i Makka

-Imana ikwiye gusengwa

ni Allah wenyine we

wahanze byose ibiboneka

-Mu matsinda hanze

y’ishuri, kwitegereza

ibiremwa bitandukanye

(umuntu,izuba, imikurire

y’ibimera, imibanire

y’inyamaswa...)

-Guhana ibitekerezo mu

matsinda ku nkomoko

y’imibereho n’imikorere

itangaje y’ibyo biremwa

Page 169: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

156

ibikorwa Imana

ubwayo yiremeye

birenze ubwenge

bwa Muntu

Muhamadi

-Gutandukanya

amazina n’ibisingizo

by’Imana

-Kwerekana ko

ubushobozi bw’Imana

burenze ubw’abantu

-Gushimangira

ubumwe bw’Imana

no kubaho kwayo

hashingiwe ku

bwenge

-Kudahakana

Imana hashingiwe

ku bwenge

n’ibitaboneka

-Imana ni yo yonyine yo

gusengwa no kwizerwa

n’abo yaremye

- Ibisingizo byose

biharirwe Allah we ufite

ububasha, ubwenge

n’ubuhangange kurenza

ibindi biremwa

-Kurema amatsinda yo

kwegeranya amazina

n’ibisingizo bigaragaza

ubwiza, ubuhangange

n’ububasha bwe.

-Gusangira ibyavuye mu

matsinda no

kubyunguranaho

ibitekerezo

Ihuriro n’andi masomo: ubumenyi mbonezamubano (gukorera mu matsinda)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri arashobora kubaha, gusenga no gusingiza Imana imwe uko bikwiye nta kindi

ayisimbuje(abantu,amafaranga,ibigirwamana)

Imfashanyigisho: Qur’an, ibitabo bya Hadiths, ibitabo bya Tawiihd

Page 170: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

157

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe bitagatifu n’Imyemerere

Icyigisho: Qur’an

Umwaka wa gatatu: Iyobokamana rya kiyisilamu

Umutwe 2 : Gufata mu mutwe amasura no kuyasobanura

Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora kuvuga amasura cumi n’atandatu atayasoma, kuyasobanura, kwiringira ubutabazi bw’Imana no kumvira impanuro zayo

Intego y’icyigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Gusoma Qur’an

yubahiriza

amategeko yo

gusoma

-Kuvuga mu

mutwe (adasoma)

amasura magufi

ya Qur’an

-Gusesengura

ibyiza byo gusoma

no gufata mu

mutwe amasura ya

Qur’an

-Gusobanura

amasura magufi ya

Qur’an yamaze

gufata mu mutwe

-Gusoma Qur’an

kenshi no

kwihatira gufata

mu mutwe

amasura yayo

-Kwiringira Imana

mu bihe byose

-Gukurikiza

amategeko y’Imana

nkuko agaragara

-Gusoma no

gusobanura;

Al.-Fat’ha,

Al’adiyati

Al’qariat

Attakathur

Al’as’ri

Al’humazat

Al’fil

Qurayshi

-Gutega amatwi amajwi yuko

basoma Qur’an yafashwe mu

byuma byabugenewe.

-Imyitozo yo gusubiramo

amasura ntaho asoma umwe

umwe cyangwa bose

-Umwitozo wo gusobanura

amasura: umunyeshuri umwe

umwe asobanurira abandi mu

Page 171: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

158

muri Qur’an

Al’Mauna

Al’Kawthar

Al’kafiruna

Annasw’ru

Al’Masad

Al-Ikh’laswi,

Al’Falaq.

Annasi

ishuri

-Gukosorana mu gihe amasura

adasobanuwe neza

Ihuriro n’andi masomo: Indimi (icyarabu)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri arashobora gusobanura amasura neza, kwiringira ubutabazi bw’Imana no kumvira impanuro

zayo mu kubana neza n’abandi

Imfashanyigisho: Qur’an, ibisobanuro bya Qur’an mu Kinyarwanda, ibyuma by’ikoranabuhanga bisohora amajwi

Page 172: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

159

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe bitagatifu

n’Imyemerere

Icyigisho:Ubumenyi bw’Amategeko y’idini : Fiq’hi

Umwaka wa gatatu: Iyobokamana rya

kiyisilamu

Umutwe 3: Imigenzo y’intumwa mu gukora

Iswalat

Umubare

w’amasomo:6

ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora kubera abandi urugero no kubahamagarira kwitegura neza mbere yo gusari

Intego y’icyigisho Ibikorwa

by’abanyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kwibutsa

amategeko

y’ibanze

y’Iswalat

-Kuvuga

amategeko

y’inyongera

y’Iswalat

-Kwibutsa

-Gusobanura

amategeko y’Ibanze

y’iswala

-Gutandukanya

amategeko y’ibanze

n’ay’inyongera

agenga Iswalat

-Gushimangira

akamaro ko

-Gukurikiza

amategeko

y’Iswalat

Kubaha intumwa

no kuyikunda

-Gushishikariza

abandi gukora

iswalat

-Sunnat z’ibanze za mbere yo

gukora iswala y’itegeko (gusuhuza

Umusigiti...)

- Adhaana mbere y’Iswalat

(guhamagarira abantu kuza

gusari)

-Iqaamat mbere y’uko iswala

itangiye(ikimenyetso cyerekana

Mu ishuri Umwitozo

w’Adhaana

(guhamagarira abandi

gusari)

Mu ishuri kwerekana

ikimenyetso cy’uko

iswala itangiye

Kureba videwo yuko

iswala zikorwa n’uko

Page 173: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

160

ibyangiza iswala

byose

n’ingaruka

bigira mu

buzima

bw’umuyislamu

-Kuvuga Iswalah

y’uwa gatanu

(Idjuma)

n’ibisabwa

kugira ngo ibe

itegeko

kwitegura no gukora

iswala uko bikwiye

mu buzima

bw’umuyisiramu

-Gusobanukirwa

amategeko agenga

Iswalat y”idjuma

-Kwitabira Iswalah

y’Idjuma

yuko iswala itangiye)

-Ibihano Allah yateganyirije ureka

Iswalat

-Iswalat y’Idjuma n’amategeko

ayigenga

Inshingano z’ababyeyi mu

gushishikariza abana kwitabira

Iswalat

zitegurwa

Mu matsinda ,

kuganira Bihembo

byabazirikana I swalat

n’ibihano

by’abazirengagiza

Ihuriro n’andi masomo: ubumenyi mbonezamubano(gukorana n’abandi mu matsinda)indimi (guhamagarira abandi kuza gusari)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri ashobora kwirinda ibihano by’udakora n’uwangiza iswala, kubera abandi urugero no

kubahamagarira gusari uko bikwiye.

Imfashanyigisho: Qur’an, hadiths, Umuswalat, ibyuma by’ikoranabuhanga bisohora amajwi n’amashusho,indangururamajwi

Page 174: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

161

Imbumbanyigisho: Ibyanditswe bitagatifu n’imyemerere

Icyigisho: Amateka ya Islam (Taarekh)

Umwaka wa gatatu: Iyobokamana rya kiyisilamu

Umutwe 4 : Imigenzo myiza y’Intumwa zabanjirije Muhamadi

Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi fatizo: Umunyeshuri azaba ashobora gukurikiza imigenzo myiza yaranze intumwa zabanjirije Muhamadi.

Intego y’ikigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Imyifatire n’indangagaciro

ibyigwa

-Kuvuga amazina

n’amateka

y’incamake ya zimwe

mu ntumwa

zabanjirije

Muhamadi.

-Kurondora ibikorwa

by’intumwa z’Imana

zabanjirije

Muhamadi.

-Gutandukanya ubutumwa

bwa Muhamadi n’ubw’izindi

ntumwa zamubanjirije.

-Kugaragaza ihuriro

n’itandukaniro hagati

y’ubutumwa bwa Muhamadi

n’izindi ntumwa

zamubanjirije

-Gusobanura uko intumwa

zabanjirije Muhamadi

zashoboye kwihanganira

-Gukurikiza

imigenzo myiza

y’intumwa

Muhamadi

-Kuba

indahemuka no

kwihanganira

ibigeragezo mu

kwemera no

buzima bwa buri

munsi

-Amateka ya ziwe

mu ntumwa

zabanjirije

Muhamad ( Nuhu,

Ibrahim, Mussa,

Ismael, Issa)

-Imigenzo

y’intumwa

Mussa(a.s)

-Mu matsinda

atandukanye, Kuganira ku

buzima n’imigenzo

yaranze zimwe mu

ntumwa zabanjirije

Muhamadi.

-Kungurana ibitekerezo

mu matsinda ku byafasha

umusiramu kudacogora

mu nzira igana ijuru.

Page 175: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

162

-Kugaragaza

ibigeragezo

n’imbogamizi

intumwa zabanjirije

Muhamadi

zanyuzemo mu

murimo wo gukorera

Imana

ingorane mu gusohoza

ubutumwa bw’Imana

-Gutanga inama z’uko

umuyisilamu w’ubu

yakomera mu kwemera

n’uko yaba inyangamugayo

mu bo babana

-Kubanira neza

Imana binyuze

mu kubanira

neza abandi

-Imigenzo

y’intumwa

Ismail(a.s)

-Imigenzo

y’intumwa Issa

(a.s)

-Nyuma yo kwandika

ibyavuye mu matsinda,

buri tsinda mu ishuri

rirasangiza abandi

incamake y’amateka

n’imigenzo myiza bya

zimwe mu mtumwa

by’intumwa zabanjirije

Muhammad

Ihuriro n’andi masomo : Amateka (amateka y’amadini)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri ashobora kuba indahemuka mu bandi, guhamya ukwemera no gukurikiza indi migenzo myiza

yaranze intumwa zabanjirije Muhamadi

Imfashanyigisho: Qur’an, ibindi bitabo, impapuro zomekwa ku nkuta n’amakara mu manini yabugenewe.

Page 176: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

163

Imbumbanyigisho: Islam n’indangagaciro zayo.

Icyigisho: Imyitwarire ikwiye mu bandi (Adaabu).

Umwaka wa gatatu: Iyobokamana rya kiyisilamu

Umutwe 5: Kwiyubaha no kubanira abandi neza Umubare w’amasomo:8

Ubushobozi fatizo: Umunyeshuri arashobora guha buri wese icyubahiro cye;kurangwa n’ikinyabupfura gisabwa mu bihe bitandukanye by’ubuzima bwa buri munsi, gusabana n’abantu ku nzego zose no guha umusigiti icyubahiro cyiwukwiye

Intego y’icyigisho Ibikorwa by’umunyeshuri

Ubumenyi Ubumenyingiro Ubukesha Ibyigwa

-Kurondora amabwiriza

agenga imyitwarire mu

gihe cyo kurya, kunywa,

indamutso( salamu),

kuryama no kubyuka,

kwinjira mu ngo z’abandi

kwakira abashyitsi,

kubaha Umusigiti

-Kuvuga ibikorwa

by’ingenzi mu kwakira

abashyitsi.

-Gusobanura

itandukaniro riri

hagati y’Umusigiti

n’izindi nzu.

-Gusobanura

ubusabe bwa

mbere na nyuma

yo kurya no

kunywa

n’amabwiriza

agenga

Umuyisilamu mu

-Gusenga Imana

mu bihe

bitandukanye

mu bizima bwa

buri munsi

-Kubaha

Umusigiti

-Kwakira neza

abashyitsi no

kubanira neza

abandi

-Amamwiriza agenga

ubupfura mu bihe

bitandukanye

by’ubuzima bwa buri

munsi

-Kwiyubaha,kubaha abo

uruta, kubaha urungano

kubaha abakuruta

(ababyeyi,abarezi,

abayobozi, abayobozi

b’idini)

-Mu ishuri,gukina

imyitwarire ikwiye mu

kwakira abashyitsi

-Kureba videwo y’umwitozo

wigisha ikinyabupfura mu

kurya

-Kureba videwo y’umwitozo

wigisha ikinyabupfura mu

bihe bitandukanye

Page 177: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

164

-Kuvuga amabwiriza yo

kubaha umusigiti

-Kugaragaza ibyiciro

by’abantu n’uko bikwiye

kubahwa

bihe bitandukanye.

-Gusobanura

impamvu buri

wese akwiye

icyubahiro

kimukwiye

by’ubuzima bwa buri munsi

-Hanze y’ishuri, gukora

urugendoshuri rugamije

gusura umusigiti,

hakitegerezwa ibice

biwugize, hagakorwa

n’umwitozo wo kuwubaha.

Ihuriro n’andi masomo: Ubumenyi mbonezamubano(gusabana no gukorana n’abandi mu ishuri)

Ibipimo by’isuzuma: Umunyeshuri arashobora guha buri wese icyubahiro cye;kurangwa n’ikinyabupfura gisabwa mu bihe

bitandukanye by’ubuzima bwa buri munsi, gusabana n’abantu ku nzego zose no guha umusigiti icyubahiro kiwukwiye

Imfashanyigisho: Qur’an, ibitabo bya Hadiths, ibitabo by’amateka y’intumwa n’abahanuzi, ibikoresho by’ikoranabuhanga

bisohora amajwi n’amashusho.

Page 178: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

165

6. INDANGABITABO I.INYANDIKO NTAGATIFU 1. Bibiliya ntagatifu, Ed. Verbum Bible, Kinshasa 1990 2. Bibiliya yera, ABU 1957 3. Le Coran-Essai d’interpretation par Denise Masson, Ed. Gallimard , Paris 1980

II. IYOBOKAMANA RYA GIKIRISITU

1. Binz, Stephen J. (2007). Introduction to the Bible: A Catholic Guide to Studying Scripture . Collegeville, MN: The Liturgical Press.

2. BNEP, (1997). Integanyanyigisho y’Iyobokamana mu mashuri abanza Umwaka wa1, 2, 3, 4, 5, 6, Kigali. 3. BNEP, (1988). Integanyanyigisho y’Iyobokamana mu mashuri abanza, Kigali. 4. Miller, John W. (2004)How the Bible Came to Be: Exploring the Narrative and Message . New York: Paulist Press. 5. Mueller, Steve. (1999). The Seeker's Guide to Reading the Bible: A Catholic View . Chicago: Loyola Press. 6. Murdy, Kay. (2004). What Every Catholic Needs to Know About the Bible: A Parish Guide to Bible Study . Resource

Publications. 7. SNEC, (1986). Vuga Nyagasani Umwana wawe arumva,Igitabo cy’umwarimu, Umwaka wa mbere. Kabgayi. 8. SNEC, (1987). Nkura nunguka ubugingo bw’Imana, Igitabo cy’umwarimu Umwaka wa kabiri. Kabgayi. 9. SNEC, (1988). Uhoraho nzamwitura iki ibyiza byose yampaye, Igitabo cy’ umwarimu, Umwaka wa 3. Kabgayi. 10. SNEC, (1988). Imana yakunze isi, Igitabo cy’umwarimu, Umwaka wa 4. Kabgayi. 11. SNEC, (1989). Ingoma y’Imana iri hagatiyanyu: Igitabo cy’umwarimu, umwaka Wa 5. Kabgayi, 12. SNEC, (1980). Muri ururnuri rw’isi, Igitabo cy’umwarimu, umwaka urangiza amashuri abanza Kabgayi. 13. Westerhoff, J. (1980). Bringing up Children in the Christian Faith. San Francisco, CA: Harper Collins.

Page 179: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

166

III. IYOBOKAMANA RYA LIYISILAMU

1. ALI, S. (1978). The Spirit of Islam: A History of the Evolution and Ideals of Islam, with a Life of the Prophet. London: Chatto & Windus.

2. Al-Islam, (1975). Inzu Ndangamuco ya Islam Kigali. Rwanda. 3. As-Salat, (1975). Inzu Ndangamuco ya Islam. Kigali, Rwanda. 4. Armstrong, K. (2002). Islam: A Short History. New York: Modern Library, revised ed. 5. Behechti and Bahonar. (1986). Philosophie de l’Islam. Ed. Abb - Ahmad, A] Bostani Paris 6. Bloom, J. and Sheila, B. (2002). Islam: A Thousand Years of Faith and Power. New Haven, CT: Yale University Press. 7. Cook, M. (2000). The Koran: A Very Short Introduction. Oxford, UK: Oxford University Press. 8. Denny, F. (1994). An Introduction to Islam. New York: Macmillan. 9. Nasr, S. (2002).The Heart of Islam: Enduring Values for Humanity. San Francisco, CA: Harper SanFrancisco.

Page 180: INTEGANYANYIGISHO Y’AMASOMO …...Ubu buryo ni ingenzi kandi bugira akamaro mu masomo mbonezamubano ariko busaba gutegurwa neza no kugenzurwa. Bitabaye ibyo habaho gutakaza umwanya

167

7. IMIGEREKA

Subjects and weekly time allocation for lower primary (P1 to 3)

Subjects in Primary 1 – 3 Weight(%) Number of periods (1 period = 40 min.)

P1 P2 P3

1. Kinyarwanda 27 8 8 8

2. English 23 7 7 7

3. Mathematics 20 6 6 6

4. Social and Religious Studies 13 4 4 4

5. Sciences and elementary Technologies

7 2 2 2

6. Creative Arts: Music, Fine Art and Craft

7 2 2 2

7. Physical Education 3 1 1 1

Total (number of periods per week) 100 (30) (30) (30)

Total number of contact hours per week 20 20 20

Total number of contact hours per year (39 weeks) 780