2
YYUSSA PLAZA Building 2nd Floor Remera-Kisimenti, Kigali, Rwanda www.rwamrec.org [email protected] Rwanda Men’s Resource Center Men working with women to promote gender equality Imvano Guteza imbere ubuzima bw’imyororokere n’uburenganzira bw’abagore n’abakobwa bibangamirwa cyane n’amahame y’umuco atita ku buringanire n’ubwuzuzanye ariko cyane cyane bikabangamirwa no kutagira ububasha bwo gufata ibyemezo. Niyo mpamvu usanga abagore n’abakobwa benshi bahura n’ingaruka zikomeye mu buzima bw’imyororokere harimo kugira Abafatanyabikorwa Mencare+ irangajwe imbere n’umuryango wa Rutgers WPF uzwiho kugira ubunararibonye mu guteza imbere ubuzima bw’imyororokere n’uburenganzira bijyana. Ufatanya kandi na PROMUNDO umuryango mpuzamahanga ufite ubunararibonye n’ubuhanga mu gukangurira abasore n’abagabo guteza imbere uburinganire, ubwuzuzanye no kurwanya no guhagarika ihohotera. Iyi miryango yombi (Rutgers WPF na PROMUNDO) ikorana n’iyindi miryango ifite nayo ubunararibonye butandukanye mu bihugu bya Brazil, Indoneziya, Afurika y’eEpfo n’u Rwanda. Ibindi bisobanuro wabisanga ku mbuga za interineti zikurikira: www.rutgerswpf.org na www.promundo.org.br/en. Gahunda y’ubukangurambaga ya MenCare Mencare ni gahunda y’ubukangurambaga ku rwego rw’isi igamije gukangurira abagabo kugira uruhare mu buringanire kandi rutarangwa n’ihohotera bituma baba abagabo bita ku ngo zabo hagamijwe kugera ku mibereho myiza y’imiryango n’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore. Ibikorwa by’ubu bukangurambaga bikorwa ku nzego zitandukanye ari zo itangazamakuru, ishyirwa mu bikorwa rya gahunda zitandukanye ndetse n’ubuvugizi. Interineti: www.men-care.org. Umuryango wa RWAMREC muri make Umuryango uharanira uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (RWAMREC) ugamije gukangurira abagabo gufasha abagore ngo bagire ubushobozi bwo kuyobora, kugira uruhare mu kurandura burundu ihohotera rikorerwa abagore maze abagabo bakabasha kuba icyitegererezo cyo guteza imbere imyitwarire ihwitse ya kigabo. Photo © Perttu Saralampi

Mencare+ Rwanda Flyer - KINYARWANDA 4.docx” of “Microsoft Word - Mencare+ Rwanda Flyer - KINYARWANDA 4.docx” Author Kate Doyle Created Date 3/4/2014 10:30:19 AM

  • Upload
    buitruc

  • View
    377

  • Download
    4

Embed Size (px)

Citation preview

Page 1: Mencare+ Rwanda Flyer - KINYARWANDA 4.docx” of “Microsoft Word - Mencare+ Rwanda Flyer - KINYARWANDA 4.docx” Author Kate Doyle Created Date 3/4/2014 10:30:19 AM

!

!

YYUSSA

PLAZA

Build

ing 2nd

Floor

Remera-K

isimenti, K

igali, Rw

anda

ww

w.rw

amrec.o

rg

info@rw

amrec.org

Rw

anda Men’s R

esource Center

Men w

orking with w

omen to prom

ote gender equality

Imvano

Guteza

imb

ere ub

uzima

bw

’imyororo

kere n’ub

urenganzira

bw

’abag

ore n’ab

akob

wa

bib

angam

irwa cyane n’am

ahame y’um

uco atita ku b

uringanire n’ub

wuzuzanye ariko cyane cyane

bikab

angam

irwa

no

kutagira

ubub

asha b

wo

g

ufata ibyem

ezo. Niyo

mp

amvu usang

a abag

ore

n’abakob

wa!b

enshi bahura n’ing

aruka zikomeye

mu b

uzima b

w’im

yororokere harim

o kugira

Abafatanyabikorw

a M

encare+

irangajw

e im

bere

n’umuryang

o

wa

Rutgers W

PF uzwiho kug

ira ubunararib

onye mu

guteza

imb

ere ub

uzima

bw

’imyo

rorokere n’ub

urenganzira

bijyana.

Ufatanya

kandi

na PRO

MU

ND

O

umuryang

o

mp

uzamahang

a ufite

ubunararib

onye

n’ubuhang

a m

u g

ukangurira

abaso

re n’abag

abo

guteza im

bere ub

uringanire,

ubw

uzuzanye no

kurwanya

no

guhag

arika ihohotera. Iyi m

iryango

yomb

i (Rutgers W

PF na PRO

MU

ND

O)

ikorana

n’iyindi

miryang

o

ifite nayo ub

unararibonye b

utandukanye m

u bihug

u b

ya B

razil, Ind

oneziya, A

furika y’eE

pfo

n’u Rw

anda.

Ibind

i biso

banuro w

abisang

a ku mb

uga za

interineti zikurikira: ww

w.rutg

erswp

f.org na

ww

w.p

rom

undo

.org.b

r/en.

Gahunda y’ubukanguram

baga ya M

enCare

Mencare

ni g

ahunda

y’ubukang

uramb

aga

ku rw

ego rw

’isi igam

ije gukang

urira abag

abo kug

ira uruhare

mu

buring

anire kand

i rutarang

wa

n’ihohotera b

ituma b

aba ab

agab

o b

ita ku ngo

zabo

hagam

ijwe

kugera

ku m

ibereho

m

yiza y’im

iryango

n’ub

uringanire

n’ubw

uzuzanye hag

ati y’umug

abo n’um

ugore. Ib

ikorw

a by’ub

u b

ukanguram

bag

a b

ikorwa

ku nzeg

o zitand

ukanye ari zo itang

azamakuru, ishyirw

a mu

bikorw

a rya

gahund

a zitand

ukanye nd

etse n’ub

uvugizi. Interineti: w

ww

.men-care.org

.

Um

uryango wa R

WA

MR

EC

m

uri make

Um

uryango

uharanira ub

uringanire

n’ubw

uzuzanye hagati y’um

ugab

o n’um

ugore no

kurwanya

ihohoterw

a rishing

iye ku

gitsina

(RW

AM

REC)

ugam

ije g

ukangurira

abag

abo

gufasha ab

agore ng

o bag

ire ubusho

bozi b

wo

kuyob

ora, kugira uruhare m

u kurandura b

urundu

ihohotera rikorerw

a ab

ago

re m

aze ab

agab

o

bakab

asha kub

a icyiteg

ererezo

cyo

guteza

imb

ere imyitw

arire ihwitse ya kig

abo

. P

hoto © P

erttu Saralam

pi

Page 2: Mencare+ Rwanda Flyer - KINYARWANDA 4.docx” of “Microsoft Word - Mencare+ Rwanda Flyer - KINYARWANDA 4.docx” Author Kate Doyle Created Date 3/4/2014 10:30:19 AM

!

!

!U

yu m

ushinga

rero w

ateguw

e ug

amije

gukang

urira ab

agab

o

n’abaso

re b

afite hag

ati y’im

yaka 15 na 35 kugira uruhare m

u kwita kub

o

bashakanye (ab

o b

akunda), kug

ira uruhare mu

buzim

a b

w’um

wana

n’umub

yeyi nd

etse no

kugira

uruhare m

u b

uzima

bw

’imyo

rorokere n’ub

urenganzira b

igend

ana. Muri iki g

ihe, uyu m

ushinga uri g

ushyirwa m

u biko

rwa m

u bihug

u b

ine: Brazil, Ind

oneziya, A

furika y’epfo

no m

u Rw

anda. U

terwa inkung

a na Minisiteri y’ub

ubanyi

n’amahang

a y’Ub

uholand

i.

ibib

azo mu g

ihe cyo kub

yara, kwand

ura agakoko

g

atera SIDA

ndetse no

gukorerw

a ihohoterw

a rishing

iye ku gitsina.

Uruhare rw

’abahung

u n’abag

abo

ni igenzi m

u g

uteza im

bere

ubureng

anzira b

w’ab

agore

n’abakob

wa

ku b

uzima

bw

’imyoro

rokere, kug

abanya ihoho

terwa rishing

iye ku gitsina, no

kub

aka im

ibanire

hagati

y’bag

abo

n’abag

ore

irangw

a no kub

ahana. Mu b

uzima b

w’ab

asore

n’abag

abo

, kuba um

ubyeyi ni ikintu cy’ing

enzi g

itanga

amahirw

e yo

gufasha

urubyiruko

n’ab

asore

bateg

anya g

ushinga

urugo

kugira

imyum

vire myiza irang

a umug

abo

nyawe.

Iyo abag

abo b

agize uruhare m

u kwita ku b

uzima

bw

’umuryang

o w

abo

, ihoho

tera rikorerw

a ab

ashakanye rirag

abanuka,

ubureng

anzira b

w’ab

agore

bug

atera im

bere

kandi

imikurire

y’abana

nayo ig

atera im

bere.

Iyo ab

agab

o

bag

ize uruhare

rufatika m

u b

uzima

bw

’abo

b

ashakanye n’ubw

’abana b

abo, b

ituma hab

aho

uburing

anire n’ub

wuzuzanye

kandi

bo

se b

abyung

ukiramo

: ab

ana, ab

ago

re n’ab

agab

o

ubw

abo.

Ub

ushakashatsi b

wag

aragaje

ko iyo

ab

agab

o b

itaye uko b

ikwiye ku m

iryango

yabo

, um

unezero hag

ati y’ab

ashakanye uriyo

ngera

kandi im

ibereho

y’umuryang

o ikarushaho kuba

myiza.

Um

ushinga wa M

enCare+

Mencare+

ni umushing

a uzamara im

yaka itatu urang

ajwe im

bere n’um

uryango w

a Rutgers W

PF na

PROM

UN

DO

U

S ukab

a w

arateguw

e hag

endew

e kuri

gahund

a y’ub

ukanguram

bag

a ikorw

a ku isi yose yitw

a Mencare.

b’ab

agab

o - ndetse n’ab

ashakanye). Uzanakora

kandi

amahug

urwa

ku b

akora

mu

big

o nd

erabuzim

a nd

etse unakore

ibikorw

a b

y’ubuvug

izi n’ub

ukanguram

bag

a. R

WA

MR

EC

ifatanije na Minisiteri y’ub

uzima na PR

OM

UN

DO

b

ishyira mu b

ikorwa uyu m

ushinga m

u turere twa

Karong

i, Musanze, N

yaruguru na Rw

amag

ana. Ibiteganyw

a kugerwaho

Hag

endew

e kuri po

litiki zo ku rw

ego rw

’igihug

u, uyu

mushing

a uzashyirw

a m

u b

ikorw

a m

u Rw

anda ug

amije kug

era kuri ibi b

ikurikira:

•G

uteza imb

ere ubuzim

a bw

’imyo

rorokere,

ubuzim

a bw

’umug

ore, kongera ub

umenyi

n’ubusho

bo

zi mu g

ufata ibyem

ezo b

yiza ku b

asore n’inkumi, ab

agab

o b’ab

abyeyi

ndetse n’ab

ashakanye;

•K

ongera im

ibare y’ab

akoresha uburyo

bw

o

kubo

neza urubyaro

ku baso

re n’ab

ashakanye; •

Gutang

a serivisi nziza zirebana n’ub

uzima

bw

’imyo

rorokere ku buryo ab

asore, inkum

i, ab

agab

o n’ab

ago

re bag

ira uruhare mu

buzim

a bw

’imyo

rorokere nd

etse n’ubuzim

a b

w’ab

abyeyi;

•G

uteza imb

ere imyum

vire yubahisha

ubuzim

a bw

’imyo

rorokere n’ub

urenganzira

bijyana hifashishijw

e ubufatanyab

ikorw

a n’ub

uvugizi b

izateza imp

induka m

uri politiki

zo gukang

urira abag

abo kug

ira uruhare mu

buzim

a bw

’imyo

rorokere n’ub

uzima

bw

’umub

yeyi n’umw

ana.

Bandebereho m

u Rw

anda

Mu Rw

anda, U

muryang

o uharanira ub

uringanire

n’ubw

uzuzanye hagati y’um

ugab

o n’um

ugore no

kurwanya

ihohotera

rishingiye

ku g

itsina (R

WA

MREC

) niw

o

ushyira m

u b

ikorwa

umushing

a w

a M

encare+.

Uyu

mushing

a uzako

rana n’ib

igo

nd

erabuzim

a b

inyuze m

u m

atsinda y’am

ahugurw

a (azajya ahuza abasore

n’inkumi, ab

agab

o n’ab

agore, ab

abyeyi -

Photo ©

Perttu S

aralampi